Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Nyuma Ya Bruce Melodie Wagiriye Ibibazo i Burundi, Ariel Wayz Nawe Agannye Yo
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Imyidagaduro

Nyuma Ya Bruce Melodie Wagiriye Ibibazo i Burundi, Ariel Wayz Nawe Agannye Yo

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 23 October 2022 8:58 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Umunyarwandakazi  Ariel Uwayezu uzwi ku izina ry’akazi rya Ariel Wayz agiye kuzajya gucurangira Abarundi mu gitaramo giteganyijwe taliki 29, Ukwakira, 2022.

Kizabera i Bujumbura.

Uyu muhanzikazi agiye yo nyuma y’uko mugenzi we Bruce Melodie aherutse yo ariko we akaba yarahahuriye n’ibibazo byo gufungwa avugwaho ubwambuzi.

Icyakora yaje kurekurwa nyuma y’uko bigaragaye ko abamufunze bari bamurenganyije.

Uwayezu Ariel Wayz ni umwe mu bakobwa bakorera umuziki mu Rwanda ukunzwe.

Yaherukaga gukora igitaramo cya Youth Connekt uubwo yaririmbanaga na Bruce Melodie, Chris Eazy, Jah Playzah na Patoranking.

Ntabwo iki gitaramo kitabiriwe mu buryo bushamaje.

Wayz kandi aherutse gukora impanuka ubwo yaganaga i Rubavu ariko Imana ikinga ukuboko.

Uyu mukobwa yize mu ishuri ry’umuziki ryo ku Nyundo kandi abamuzi bazi ko ari umuhanga mu kuririmba.

Gusa nta cyuma cya muzika kizwi azi gucaranga neza.

Mu minsi mike ishize yasohoye indirimbo ziri ku muzingo yise ‘Touch the sky.’

Uriho indirimbo esheshatu ze wenyine.

TAGGED:ArielBruceBujumburaBurundifeaturedMelodieUmuzikiWayz
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Uwahoze Ari Visi Perezida Wa FDLR Yagejejwe Mu Rwanda
Next Article Ntabwo Ndamenya Iby’Uko u Burundi Bwafunguye Umupaka N’u Rwanda- Alain Mukuralinda
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Gen Gatama Yoherejwe Kuyobora Inzego Z’u Rwanda Z’Umutekano Muri Mozambique

Abayapani 100,000 Bagize Imyaka 100, Ibintu Bitigeze Biba Ahandi

Congo: ADF Yishe Abantu 102

Croix Rouge Mu Guhangana N’Ingaruka Z’Imihindagurikire Y’Ikirere

U Rwanda Rushyigikiye Ko Palestine Yigenga Byuzuye

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

General Kabandana Yatabarutse

Rusizi: Meya Yasabye Abarimu Kureka Ubusinzi No Gutukana

Rwanda: Bidatinze Drones Zizageza Ibicuruzwa Mu Ngo

Asaba Ko Drones Nini Zazakoreshwa Mu Kubagezaho Intanga

Ishyaka CCM Ryemeje Suluhu Nk’Umukandida Mu Matora Ya Perezida

You Might Also Like

IbidukikijeMu RwandaUbukungu

REMA Irakataje Mu Gupima Ubuziranenge Bw’Ibyuka Biva Mu Binyabiziga

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUbuzima

Urubyiruko Rw’U Rwanda Ruriyahura Cyane-RBC

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbutabera

Gusomera Kabila Byasubitswe, Hari Ibigiye Gusubirwamo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUbubanyi n'Amahanga

Minisitiri w’Intebe Wa Qatar Arajya Kurega Israel Kuri Trump

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?