Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Nyuma Ya Bruce Melodie Wagiriye Ibibazo i Burundi, Ariel Wayz Nawe Agannye Yo
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Imyidagaduro

Nyuma Ya Bruce Melodie Wagiriye Ibibazo i Burundi, Ariel Wayz Nawe Agannye Yo

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 23 October 2022 8:58 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Umunyarwandakazi  Ariel Uwayezu uzwi ku izina ry’akazi rya Ariel Wayz agiye kuzajya gucurangira Abarundi mu gitaramo giteganyijwe taliki 29, Ukwakira, 2022.

Kizabera i Bujumbura.

Uyu muhanzikazi agiye yo nyuma y’uko mugenzi we Bruce Melodie aherutse yo ariko we akaba yarahahuriye n’ibibazo byo gufungwa avugwaho ubwambuzi.

Icyakora yaje kurekurwa nyuma y’uko bigaragaye ko abamufunze bari bamurenganyije.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Uwayezu Ariel Wayz ni umwe mu bakobwa bakorera umuziki mu Rwanda ukunzwe.

Yaherukaga gukora igitaramo cya Youth Connekt uubwo yaririmbanaga na Bruce Melodie, Chris Eazy, Jah Playzah na Patoranking.

Ntabwo iki gitaramo kitabiriwe mu buryo bushamaje.

Wayz kandi aherutse gukora impanuka ubwo yaganaga i Rubavu ariko Imana ikinga ukuboko.

Uyu mukobwa yize mu ishuri ry’umuziki ryo ku Nyundo kandi abamuzi bazi ko ari umuhanga mu kuririmba.

- Advertisement -

Gusa nta cyuma cya muzika kizwi azi gucaranga neza.

Mu minsi mike ishize yasohoye indirimbo ziri ku muzingo yise ‘Touch the sky.’

Uriho indirimbo esheshatu ze wenyine.

TAGGED:ArielBruceBujumburaBurundifeaturedMelodieUmuzikiWayz
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Uwahoze Ari Visi Perezida Wa FDLR Yagejejwe Mu Rwanda
Next Article Ntabwo Ndamenya Iby’Uko u Burundi Bwafunguye Umupaka N’u Rwanda- Alain Mukuralinda
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

DRC: Umusirikare Yarasiye Abantu Mu Kiliziya 

Perezida Kagame Mu Nama Na Bagenzi Be Yiga Ku Iterambere Rya Afurika

Ngirente Ashima Uruhare Rwa Rwandair Mu Guhuza Afurika

U Rwanda Rurafungura Ambasade Muri Hongrie

Rwanda: Abana Basobanukiwe Ibidukikije Bagiye Kubisangiza Abandi

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Rwanda: Abagabo Bapfa Baruta Ubwinshi Abagore

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Abasirikare Batatu B’u Rwanda Biciwe Muri Mozambique 

Roma: Gutora Papa Ku Munsi Wa Mbere Byananiranye

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

You Might Also Like

Mu RwandaUbumenyi N'Ubuhanga

Niba Utabasha Guhagarara K’Ukuguru Kumwe Mu Masogonda 10 Umenye Ko Washaje…

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Bobi Wine Agiye Kongera Kwiyamamariza Kuyobora Uganda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Papa Leo XIV Yasuye Imva Y’Uwo Aherutse Gusimbura

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbutabera

Amazi Yabereye Abatutsi Irimbi Kandi Asanzwe Ari Ubuzima

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?