Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Nyuma Yo Gufungura Inama Y’Abadepite, Kagame Yakiriye Abayobozi Bakuru
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Nyuma Yo Gufungura Inama Y’Abadepite, Kagame Yakiriye Abayobozi Bakuru

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 12 October 2022 6:14 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Perezida Paul Kagame yaraye yakiriye abayobozi bakomeye barimo igikomangoma cya Denmark witwa  Princess Ingeborg zu Schleswig-Holstein, Marc Funk akaba umuyobozi mukuru wa Recipharm ndetse n’Umuyobozi wa KENUP Foundation, Holm Keller.

Ku rukuta rwa Twitter rw’Ibiro by’Umukuru w’Igihugu batangaje ko Perezida Kagame na Princess Ingeborg bagiranye ibiganiro byerekeranye n’amahirwe y’ubufatanye mu rwego rw’uburezi.

Umuryango Louisenlund Foundation washinzwe mu 1949. Kuva icyo gihe wakoze byinshi birimo gahunda zifasha amashuri mu buryo bw’imyigishirize no gutegura  abanyeshuri bakiri bato kugira ngo bazabe indashyikirwa mu gihe kiri imbere.

Mbere y’uko yakira aba bayobozi, Perezida Kagame yabanje gutangiza inama mpuzamahanga y’abagize Ihuriro ry’Inteko zishinga amategeko hirya no hino ku isi.

Ni inama y’iminsi itanu iri kubera muri Kigali Convention Center.

Ibintu bitatu Perezida Kagame yagarutseho mu ijambo rye harimo akamaro ko kwimakaza uburinganire, akamaro ko gukorera ku ntego ndetse n’impamvu ari ngombwa ko abakora amategeko barushaho gukaza amategeko ahana abapfobya Jenoside n’abakwiza ingengabitekerezo y’urwango.

Perezida Kagame Avuga Ko Abagore Ari Urutirigongo Rw’Imibereho Ya Muntu

TAGGED:AbadepiteAbanyeshurifeaturedInamaKagame
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Perezida Nana Akufo Addo Aravugwaho Kunanirwa Kuzahura Ubukungu bwa Ghana
Next Article Umubano Wa Polisi Y’u Rwanda N’Iy’Ubutaliyani Uratera Imbere
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

U Rwanda Mu Mboni Z’Umwanditsi Muri National Geographic

DJ Toxxyk Yongeye Gutakambira Urukiko

Umuryango FPR-Inkotanyi Mu Bufatanye Na Leta Ya Israel

U Rwanda Na Brésil Byasinye Amasezerano Yo Gufatanya Mu Bukungu

Amatara Ya Kigali Pélé Stadium Afite Ibibazo

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Uko RURA Yabangamiye Ishoramari Ry’Abahoze Mu Ngabo

Amerika Irashaka Intambara Yeruye Na Iran

Hemejwe Umushinga W’Itegeko Rishyiraho Kaminuza Y’Ingabo Z’u Rwanda

Inenge Mu Burezi Bw’u Rwanda Kubera Ruswa

Burundi: Hari Ibice Biri Kuba Ubutayu Kubera Amapfa

You Might Also Like

ImikinoMu Rwanda

Masudi Djuma Watozaga Etincelles Yirukanywe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

Amerika Yahanuye Indege Ya Gisirikare Ya Iran

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IkoranabuhangaMu mahanga

Espagne: Imbuga Nkoranyambaga Zigiye Gukumirwa Mu Bafite Munsi Y’Imyaka 16

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

U Rwanda Rwagobotse Mozambique Yashegeshwe N’Imyuzure

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?