Minisitiri w’ibidukikije Dr Jeanne d’Arc Mujawamariya yatumijwe n’Inteko Ishinga Amategeko y’u Rwanda ngo ayihe ibisobanuro ku mikoreshereze y’ubutaka idafututse. Kudafutuka bishingiye ku bibazo bimaze iminsi bitangwa...
Kuri uyu wa Gatanu nibwo abaturage ba Uganda bashyinguye mu cyubahiro Jacob Oulanya wahoze ari Perezida w’Inteko ishinga amategeko ya Uganda waguye muri Amerika mu minsi...
Abadepite mu Nteko ishinga amategeko ya Belarus yemeje ko ingabo za kiriya gihugu zinjira mu ntambara u Burusiya buri kurwana na Ukraine. Zagiye yo gufasha u...
Abadepite, abakora mu Rwego rw’Umugenzuzi Mukuru w’Imari ya Leta n’Abanyarwanda muri rusange bakomeje kwibaza iherezo ry’imikorere idahwitse y’Ikigo WASAC. Kubera ko bisa n’ibyananiranye ndetse bikaba byarananiye...
Inteko ishinga amategeko, Umutwe w’Abadepite, yasabye Minisitiri w’Intebe Dr Edouard Ngirente ko mu myaka ibiri agomba kuba yacyemuye ikibazo cy’uruganda SteelRwa abaturage bahora bataka ko ibinyabutabire...