Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Nyuma Y’u Burundi Mbonyi Yagannye Muri Australia
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Imyidagaduro

Nyuma Y’u Burundi Mbonyi Yagannye Muri Australia

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 10 January 2023 4:57 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Israel Mbonyi ari muri Australia mu bitaramo bitanu azahakorera. Nyuma y’igitaramo yakoreye mu Burundi, uyu muhanzi uri mu bakomeye mu ndirimbo zaririmbiwe Imana akomeje kwagura imipaka.

Ku Cyumweru taliki 08, Mutarama, 2023 nibwo yerekeje muri Australia aho yahise asohorera indirimbo yise ‘You won’t let go”.

Ikurikiye izo amaze iminsi asohora zigakundwa nka ‘Yaratwimanye’, ‘Ndakubabariye’ n’izindi.

Yagiye yo atunguranye kuko bitigeze bijya mu itangazamakuru.

Ibitaramo bye bizarangira taliki  11 Gashyantare 2023.

Azabitangirira ahitwa Brisbane ku wa 14 Mutarama 2023, akomereze i Sydney, aho azataramira ku wa 21 Mutarama 2023.

Nyuma ya Sydney, Israel Mbonyi azakomereza i Perth hakazaba ari taliki 28 Mutarama 2023, nyuma hakomeze ab’ i Melbourne hakazama ari ku wa 4 Gashyantare 2023 hanyuma asoreze ibitaramo bye ahitwa Adelaide.

Ibitaramo bye yabikubiye mu nyito yise Icyambu Tour.

Ibya mbere yabikoreye muri Canada, akurikirikizaho muri BK Arena, nyuma agana mu Burundi ubu yerekeje muri Australia.

Biteganyijwe ko nyuma ya Australia, azakomereza mu Burayi no muri Leta zunze ubumwe z’Amerika.

TAGGED:AustraliaBurundifeaturedIgitaramoMbonyi
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article WHO/OMS Igiye Guterana Igire Icyo Ibwira Isi Kuri COVID-19
Next Article Canal + Yorohereje Abashaka Kureba CHAN 2023
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Rubavu: Abafite Ubumuga Basaba M23 Kubakomorera Ku Bicuruzwa Byose Bijya i Goma

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

Musanze: Abanyonzi Bibukijwe Akamaro Ka Gerayo Amahoro

Rwanda: Abakanishi Bagiye Guhugurwa K’Ugukanika Batiri Za Bisi Z’Amashanyarazi

Rulindo: Abaturage Biyemeje Kurinda Ibidukikije

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Hari Ikigega Kizaha Urubyiruko Inguzanyo Nta Ngwate

DRC: Abanyamerika Barashaka Kubaka Uruganda Rw’Amashanyarazi Mu Kivu

Elwelu Mu Bajenerali Barindwi Museveni Yahaye Ikiruhuko Cy’Izabukuru

Nyanza: Umugore Yishe Umugabo We

Gatsibo: Babwiye PM Nsengiyumva Ibyiza Byo Gutura Ku Mudugudu

You Might Also Like

Mu RwandaPolitikiUbukungu

Minisitiri W’Intebe Yasuye Icyanya Cy’Inganda Cya Musanze

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUbukungu

P.M Nsengiyumva Asaba Urubyiruko Kudata Umwanya Mu Biciriritse

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbucuruzi MpuzamahangaUbukungu

U Rwanda Rugiye Gushyira Ikawa Muri Cyamunara Mpuzamahanga 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbutabera

DRC: Uwahoze Ari Minisitiri W’Ubutabera Yasabiwe Gukora Imirimo Nsimburagifungo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?