Umuhanzi Kenny Sol yaraye ageranye i Bujumbura na Dj Brianne uvanga imiziki. Batumiwe mu bitaramo bibiri bazakorera i Bujumbura n’i Gitega mu mpera z’iki Cyumweru kizarangira...
Israel Mbonyi ari muri Australia mu bitaramo bitanu azahakorera. Nyuma y’igitaramo yakoreye mu Burundi, uyu muhanzi uri mu bakomeye mu ndirimbo zaririmbiwe Imana akomeje kwagura imipaka....
Mbonyicyambu Israel uzwi nka Mbonyi yaraye ageze i Bujumbura. Yabwiye itangazamakuru ry’aho ko yari yarifuje cyane kuzaza gutaramira Abarundi ariko bikanga. Ashima Imana ko ubu bigiye...
Taliki 30, Ukuboza, 2022 , mu Rwanda ku nshuro ya mbere hazabera igitaramo cya mbere kizahuriza hamwe Abanyarwanda( cyane cyane ab’i Kigali) ndetse na bagenzi babo...
Amakuru hanze aha aravuga ko Nasibu Abdul Juma uzwi nka Diamond Platnumz akaba ari umuhanzi ukomoka muri Tanzania azataramira abatuye Umujyi wa Kigali taliki 23, Ukuboza,...