Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Nyuma Y’Umuganda Abimuwe Kangondo Bacinye Akadiho
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Nyuma Y’Umuganda Abimuwe Kangondo Bacinye Akadiho

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 24 September 2022 11:46 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Abaturage baherutse kwimurwa ahitwa Kangondo na Kibiraro bakajya gutuzwa mu Busanza bwa Kanombe bakoze umuganda muri  uyu mudugudu. Nyuma yawo bitabiriye amatora y’Abunzi nk’uko byakozwe n’ahandi.

Abayobozi bakuru mu Mujyi wa Kigali niho bakoreye umuganda mu rwego rwo kwakira abo baturage mu Mudugudu mushya no kubereka ko bifatanyije nabo mu bikorwa bigamije kubateza imbere.

Umuyobozi wungirije ushinzwe ubukungu n’imibereho y’abaturage muri Kigali  witwa Martine Urujeni ari kumwe n’ Umunyamabanga wa Leta muri  Miisiteri y’ububanyi n’amahanga Prof Nshuti Manasseh nibo bari abashyitsi bakuru mu baje kwifatanya na bariya baturage.

Umuganda urangiye , abaturage baganiriye n’abayobozi kuri gahunda za Leta zirimo no gutora abunzi ndetse n’ibindi bikorwa bigamije kuzabateza imbere mu Mudugudu mushya bimukiyemo.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Nyuma y’ibyo byose, bagaragaje akanyamuneza no gushimira uburyo Leta itekereza ku baturage ikabashakira ibyiza birimo n’uyu mudugudu wa Busanza baherutse gutaha.

Bakoze umuganda mu mudugudu mushya bimukiyemo

Mu minsi mike ishize, hari benshi muri aba baturage bari baringiye baranze kuva aho bahoze batuye kubera ko ngo aho bari bagiye kwimurirwa batahashakaga.

Inzego z’ubuyobozi zarabegereye zibabwira akamaro kuhava  kandi barabyumva.

Barimuwe k’uburyo Icyumweru gishize cyarangiye bose baramaze kuva aho bari batuye.

Ubuyobozi bwabwiraga abaturage ko nibatava muri kariya gace bashoboraga kuzahahurira n’ibiza byari butume hari bamwe bahasiga ubuzima.

- Advertisement -

Icyakora si ko buri wese muri bo yumviye iyo mpuruza kuko hari n’ababyanze ndetse bamwe bakoresha n’imvugo ubugenzacyaha bwaje kwemeza ko irimo ingingo zigize icyaha ndetse barabifungirwa.

Uwitwa Shikama Jean de Dieu wari uyoboye abavugaga ko batabishaka ndetse akaza no gukuresha amagambo yo gupfobya Jenoside yakorewe Abatutsi, yaje gufatwa ubu ari mu nkiko akurikiranyweeho iyo mvugo.

Aherutse kubwira urukiko ko iriya mvugo kuri we yagize akamaro kubera ko umuvuduko wo kwimura bariya baturage aho bari batuye wagabanyijwe.

TAGGED:BusanzafeaturedKangondoKigaliUmudugudugu
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Kamonyi: Uwareze BNR Kuri Perezida Kagame Yakatiwe Gufungwa By’Agateganyo
Next Article Kajugujugu Y’Ingabo Za Uganda Yakoze Impanuka
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Rwanda: Ingengo Y’Imari Ya 2025-2026 Iziyongeraho Miliyari 1.216

Umunyamerika Yatorewe Kuba Papa Wa Mbere Mu Mateka

Mu Myaka 61 Imaze Mu Rwanda Croix Rouge Yamariye Iki Abaturage?

Umusaruro W’Ibikomoka Ku Buhinzi u Rwanda Rwohereje Hanze Mu Cyumweru Gishize

Ubuhinde Na Pakistan Byambariye Intambara

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Nduhungirehe Avuga Ku Mushinga u Rwanda Rufitanye Na Amerika Ku Bimukira

Amerika: Abanyarwandakazi Bo Muri RDF Barangije Amasomo Y’Ubukanishi

Rwanda: Abagabo Bapfa Baruta Ubwinshi Abagore

Meteo Iraburira Abanyarwanda 

Aba Cardinals Batora Papa Bamaze Gushyira Ibintu Ku Murongo…

You Might Also Like

Mu RwandaUbukungu

Rwanda: Ni Ryari Abaturage Bo Mu Cyaro Bazabona Amazi Meza Abahagije?

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Roma: Gutora Papa Ku Munsi Wa Mbere Byananiranye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

M23 Yafashe Ahantu Hakungahaye Kuri Zahabu

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?