Abaturage baherutse kwimurwa ahitwa Kangondo na Kibiraro bakajya gutuzwa mu Busanza bwa Kanombe bakoze umuganda muri uyu mudugudu. Nyuma yawo bitabiriye amatora y’Abunzi nk’uko byakozwe n’ahandi....
Jean de Dieu Shikama watawe muri yombi n’ubugenzacyaha akurikiranyweho gupfobya Jenoside akabakandi yari asanzwe ari umuyobozi w’abari barinangiye kuva muri Kangondo na Kibiraro ahari hariswe ‘Bannyahe’...
Imwe mu miryango yimuwe ivanwa Kangondo na Kibiraro mu Kagari ka Nyarutarama ituzwa mu Busanza mu Murenge wa Kanombe mu Karere ka Kicukiro yahawe ibiribwa. Ni...
Umuyobozi wa Transparency Internation, ishami ry’u Rwanda, Ingabire Immaculée avuga ko umuturage atari we umenya inyungu rusange kurusha Leta imushinzwe. Hari mu kiganiro yaraye ahaye Radio...
Jean de Dieu Shikama wakundaga kwigaragaza nk’uhagarariye abatuye ahitwa Kangondo mu Murenge wa Remera yatawe muri yombi. Amakuru avuga ko akurikiranyweho gukurura amacakubiri no gupfobya Jenoside...