Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Oprah Winfrey Arateganya Gusura u Rwanda
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Imyidagaduro

Oprah Winfrey Arateganya Gusura u Rwanda

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 16 March 2024 7:42 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Umwe mu bagore bakize kurusha abandi ku isi kandi ukunzwe cyane kubera ibiganiro akora witwa Oprah Winfrey yabwiye abakunzi be ko ateganya kuzasura u Rwanda mu minsi iri imbere.

Yabibwiye umunyamakuru Jimmy Kimmel mu kiganiro kitwa Late Night Talk Show cyaraye kibaye.

Nta byinshi biramenyekana ku byo azakora ariko birakekwa ko azasura ingagi muri Pariki y’ibirunga.

Oprah Gail Winfrey yavutse mu mwaka wa 1954 akagira ikiganiro gikunzwe cyane kuri televiziyo ye yise Oprah Winfred Show akorera mu Mujyi wa Chicago muri Leta ya Illinois, USA.

Uyu mugore afatwa nk’Umwiraburakazi w’Umunyamerika ukize kurusha abandi ku isi akaba yarigeze no kuba umugore w’Umwiraburakazi wagize miliyari $1 mu myaka yatambutse.

Hari mbere y’umwaka wa 2007 mu gihe isi yari iri mu bibazo bikomeye by’ubukungu.

RWANDA

Oprah Winfrey to visit Rwanda this year ‘to see the gorillas’, she announced this at the Jimmy Kimmel Live late night talk show.#VisitRwanda #FactsOnRwandapic.twitter.com/PuDisv1LD2

— Facts On Rwanda (@FactsOnRwanda) March 15, 2024

TAGGED:featuredIngagiOprah
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Somalia: Hoteli Ituranye N’Ibiro By’Umukuru W’Igihugu Byagabweho Igitero
Next Article Ababyeyi Barasabwa Gutangira Gutoza Abana Koza Amenyo Bakiri Bato
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Israel Yoherereje Abatuye Gaza Inyandiko Zibasaba Guhunga Inzira Zikigendwa

Hari Icyo RSSB Isaba Abashaka Kuzahabwa RAMA

FERWAFA Yagennye Umubare Mushya W’Abanyamahanga Mu Ikipe Yitabiriye Shampiyona

Congo Yarenze Umurongo Utukura Ubwo Yavugaga Ko Dukora Jenoside- Amb.Urujeni

Ibyahoze Ari Ibiryabarezi Binagurwamo Ibikoresho By’Ingirakamaro

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Icyo Abazasiganwa Mu Irushanwa Ry’Isi Ry’Amagare Bavuga Ku Mihanda Y’u Rwanda

Groupe Kassav Niyo Izasusurutsa Abazita Ingagi Amazina

Twishimiye Drones Zitwara Abagenzi-Kagame Avuga Ku Ikoranabuhanga Mu By’Indege

Amerika Ikomeje Kureshya DRC Ku Byerekeye Amabuye Y’Agaciro

Mutwarasibo Yiyahuye Kubera Umugore We

You Might Also Like

IkoranabuhangaMu RwandaUbukungu

Asaba Ko Drones Nini Zazakoreshwa Mu Kubagezaho Intanga

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Harateganywa Visit Rwanda Muri Brazil

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUmutekano

RIB Ibakurikiranyeho Gukoresha Telefoni Bagatekera Abandi Umutwe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IkoranabuhangaMu RwandaUbukungu

Rwanda: Bidatinze Drones Zizageza Ibicuruzwa Mu Ngo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?