Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Oprah Winfrey Arateganya Gusura u Rwanda
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Imyidagaduro

Oprah Winfrey Arateganya Gusura u Rwanda

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 16 March 2024 7:42 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Umwe mu bagore bakize kurusha abandi ku isi kandi ukunzwe cyane kubera ibiganiro akora witwa Oprah Winfrey yabwiye abakunzi be ko ateganya kuzasura u Rwanda mu minsi iri imbere.

Yabibwiye umunyamakuru Jimmy Kimmel mu kiganiro kitwa Late Night Talk Show cyaraye kibaye.

Nta byinshi biramenyekana ku byo azakora ariko birakekwa ko azasura ingagi muri Pariki y’ibirunga.

Oprah Gail Winfrey yavutse mu mwaka wa 1954 akagira ikiganiro gikunzwe cyane kuri televiziyo ye yise Oprah Winfred Show akorera mu Mujyi wa Chicago muri Leta ya Illinois, USA.

Uyu mugore afatwa nk’Umwiraburakazi w’Umunyamerika ukize kurusha abandi ku isi akaba yarigeze no kuba umugore w’Umwiraburakazi wagize miliyari $1 mu myaka yatambutse.

Hari mbere y’umwaka wa 2007 mu gihe isi yari iri mu bibazo bikomeye by’ubukungu.

RWANDA

Oprah Winfrey to visit Rwanda this year ‘to see the gorillas’, she announced this at the Jimmy Kimmel Live late night talk show.#VisitRwanda #FactsOnRwandapic.twitter.com/PuDisv1LD2

— Facts On Rwanda (@FactsOnRwanda) March 15, 2024

TAGGED:featuredIngagiOprah
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Somalia: Hoteli Ituranye N’Ibiro By’Umukuru W’Igihugu Byagabweho Igitero
Next Article Ababyeyi Barasabwa Gutangira Gutoza Abana Koza Amenyo Bakiri Bato
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Gaza: Hamas Yasabye Abarwanyi 7,000 Gusubira Aho Ingabo Za Israel Zavuye

Mfite Impungenge Ko Ibyo Kwaka FDLR Intwaro Bizaba Amasigarakicaro- Dr Buchanan

Ingabo Za Amerika Zamaze Kugera Muri Israel

Makuza Ayoboye Indorerezi Za Afurika Yunze Ubumwe Mu Matora Yo Muri Cameroun

Knowless Yagiye Tanzania Kuhasohorera Indirimbo

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Rwanda: Bariga Guhunika Umusaruro Ngo Inzara Izacike

U Rwanda Ruzakira Inama Y’Abaminisitiri B’Ububanyi N’amahanga Mu Bihugu Bivuga Igifaransa

Israel N’U Rwanda Twanze Guheranwa N’Amateka Mabi- Ambasaderi Einat

Musanze: Umusore Na Nyina Bafatanywe Urumogi

Hamas Yasabye Israel Kuyiha Umurambo Wa Yahya Sinwar

You Might Also Like

Mu mahangaUbubanyi n'Amahanga

DRC: Leta Yategetse FDLR Kwishyira Mu Maboko Y’Ingabo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUmutekano

Rwanda: Amagaraje Atujuje Ibisabwa Azafungwa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Kagame Yaganiriye N’Abayobozi Ba EU K’Ubufatanye Mu Gukora Inkingo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Kagame Yibukije Abanyaburayi Akamaro Ko Gukorana Neza N’Abanyafurika

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?