Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Oprah Winfrey Arateganya Gusura u Rwanda
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Imyidagaduro

Oprah Winfrey Arateganya Gusura u Rwanda

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 16 March 2024 7:42 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Umwe mu bagore bakize kurusha abandi ku isi kandi ukunzwe cyane kubera ibiganiro akora witwa Oprah Winfrey yabwiye abakunzi be ko ateganya kuzasura u Rwanda mu minsi iri imbere.

Yabibwiye umunyamakuru Jimmy Kimmel mu kiganiro kitwa Late Night Talk Show cyaraye kibaye.

Nta byinshi biramenyekana ku byo azakora ariko birakekwa ko azasura ingagi muri Pariki y’ibirunga.

Oprah Gail Winfrey yavutse mu mwaka wa 1954 akagira ikiganiro gikunzwe cyane kuri televiziyo ye yise Oprah Winfred Show akorera mu Mujyi wa Chicago muri Leta ya Illinois, USA.

Uyu mugore afatwa nk’Umwiraburakazi w’Umunyamerika ukize kurusha abandi ku isi akaba yarigeze no kuba umugore w’Umwiraburakazi wagize miliyari $1 mu myaka yatambutse.

Hari mbere y’umwaka wa 2007 mu gihe isi yari iri mu bibazo bikomeye by’ubukungu.

RWANDA

Oprah Winfrey to visit Rwanda this year ‘to see the gorillas’, she announced this at the Jimmy Kimmel Live late night talk show.#VisitRwanda #FactsOnRwandapic.twitter.com/PuDisv1LD2

— Facts On Rwanda (@FactsOnRwanda) March 15, 2024

TAGGED:featuredIngagiOprah
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Somalia: Hoteli Ituranye N’Ibiro By’Umukuru W’Igihugu Byagabweho Igitero
Next Article Ababyeyi Barasabwa Gutangira Gutoza Abana Koza Amenyo Bakiri Bato
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Espagne: Imbuga Nkoranyambaga Zigiye Gukumirwa Mu Bafite Munsi Y’Imyaka 16

U Rwanda Rwagobotse Mozambique Yashegeshwe N’Imyuzure

Umuyobozi Wa Polisi Yasezeranyije Kubaka Ikipe Y’Umupira W’Amaguru Ikomeye 

DRC: Ikigega Cya Lisansi Cyakongotse

Ambasaderi Busabizwa Asanga Ubutwari Atari Amagambo

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Amerika Irashaka Intambara Yeruye Na Iran

Uko RURA Yabangamiye Ishoramari Ry’Abahoze Mu Ngabo

Abasora Ipatanti N’Umusoro Ku Nyungu Z’Ubukode Babyihutishe- Komiseri Muri Revenue 

Hemejwe Umushinga W’Itegeko Rishyiraho Kaminuza Y’Ingabo Z’u Rwanda

Drones Za Polisi Ziri Hafi No Gukorera Mu Mihanda Yo Mu Ntara 

You Might Also Like

Imyidagaduro

Nigeria: Umuhanzi Ifunanya Yishwe N’Inzoka

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUbubanyi n'Amahanga

Tshisekedi Yagiye Muri Leta Ziyunze Z’Abarabu Gusinya Amasezerano Mu Bucukuzi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imyidagaduro

Grammy Awards: Kendrik Lamar Yahize Abandi Baraperi Mu Bihembo Byinshi Abitse

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitiki

Abantu Babiri Bananirwa Bate Kubana?-Kagame Abaza Abashakanye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?