Umukuru w’u Rwanda Paul Kagame yakiriye mu Biro bye Ellen DeGeneres Umunyamerikakazi wafunguye ikigo mu Kinigi gifite intego yo gufasha abashakashatsi kurushaho kumenya ingagi zo mu...
Minisitiri w’Intebe Dr Edouard Ngirente ubwo yafunguraga ikigo cy’ubushakashatsi ku ngagi cyubatswe k’ubufatanye na Ellen DeGeneres kiri ahitwa mu Kinigi mu Karere ka Musanze, yavuze ko...
Umunyamerikakazi w’icyamamare kuri Televiziyo wakiriye ibindi byamamare bikomeye ku isi mu kiganiro yita The Ellen DeGeneres Show arateganya kugura inzu mu Rwanda akajya aza kuhaba kenshi....
Kubera ko ari igihugu gito kandi gituye mu gace gakize ku rusobe rw’ibinyabuzima, u Rwanda rwasanze ari ngombwa gushyiraho ingamba zituma ibinyabuzima birutuye bibungwabungwa. Imwe mu...
Umuhanga mu by’ibidukikije n’ubukerarugendo wigisha muri Kaminuza y’amahoteli, ikoranabuhanga n’ubukerarugendo witwa Dr Tushabe avuga ko kuba gusura Pariki y’Ibirunga bisaba kwishyura $ 1500 ari byiza kuko birinda...