Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Ouattara Yahaye Ikaze Gbagbo
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Ouattara Yahaye Ikaze Gbagbo

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 08 April 2021 7:47 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Nyuma yo guhanagurwaho ibyaha n’Urukiko mpunzamahanga mpanabyaha, Bwana Laurent Gbagbo wigeze kuyobora Côte d’Ivoire na Charles Blé-Goudé ategerejwe i Abidjan. Perezida Alassane Dlahamane Ouattara yatangaje ko Gbagbo ahawe ikaze mu gihugu.

Ouattara niwe bari bahanganye mu matora yabaye muri 2010 akarangira Gbagbo ayatsinzwe ariko ntiyemera ibyayavuyemo, ahubwo avuga ko yibwe amajwi.

Ibi byaje kuvamo imidugararo yaguyemo abantu 3000.

Ubushinjacyaha bwareze Laurent Gbagbo mu Rukiko mpuzamahanga mpanabyaho  ko ari we nyirabayazana w’iriya midugararo, ariko urukiko ruza kumugira umwere.

Umushinjacyaha mukuru  Fatou Madamu Bensouda yaje kujuririra kiriya cyemezo, ariko nabwo ubushinjacyaha buratsidwa, urukiko rwongera kugira Gbagbo na Charles Blé-Goudé bareganwaga abere.

Perezida  Ouattara yaraye atangarije ishami ry’Ijwi ry’Amerika ryandika mu Cyongereza ko  bariya bagabo bemerewe gutaha mu gihugu cyabo igihe cyose bazumva bibanogeye.

Ble Goude yahoze ayobora umutwe witwaga Les Jeunes Patriotes

Ku rundi ruhande ariko, Gbagbo yashyiriweho inyandiko zimufata zatanzwe na Guverinoma ya Côte d’Ivoire k’uburyo ibyaha aregwa biramutse bimuhamye yakatirwa imyaka 20 y’igifungo.

Aregwa gusesagura umutungo yari yarahawe na Banki Nyafurika y’i Burengerazuba.

Gbagbo yategetse Côte d’Ivoire  guhera  muri 2000 kugeza muri 2011.

TAGGED:CotefeaturedOuattaraUrukiko
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Ukuri Kuri Jenoside Yakorewe Abatutsi Kugomba Gukomeza Gucukumburwa- Macron
Next Article BNR Yunamiye Abahoze Ari Abakozi Bayo Bazize Jenoside
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Trump Yahaye Hamas Igihe ‘Ntarengwa’ Ngo Yemere Umugambi W’Amahoro Yateguye

Bobi Wine Arashinja Polisi Kumubuza Kwiyamamaza

Abanyarwanda Barashukwa Bagaca Mu Bushinwa Bakisanga Mu Bucakara- Amb Kimonyo 

Kagame Yibukije Ingabo Z’u Rwanda Kuzibukira Ubusinzi

Hamas Irashaka Igihe Cyo Gusesengura Gahunda Y’Amahoro Yateguwe Na Trump

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Kagame Yabwiye Abateguye UCI Ko Bahawe Ikaze Mu Rwanda Igihe Cyose Bazashakira

Abangavu B’Abanyarwakazi Batsinzwe Bahabwa Amadolari

Amasezerano Y’u Rwanda N’Ibirwa Bya Trinidad And Tobago Mu Bwikorezi

Rwanda: Umunya Slovenia Atwaye Isiganwa Ry’Isi Mu Bagabo Batwara Igare

Ubushinwa: Huzuye Ikiraro Cya Mbere Kiri Ku Butumburuke Buruta Ubundi Ku Isi

You Might Also Like

IkoranabuhangaMu RwandaUbukungu

Airtel Rwanda Yahawe Umuyobozi Mushya

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Ubwongereza: Abantu Biciwe Mu Rusengero Rw’Abayahudi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Tombola Inzozi Lotto Yahagaritswe Gukorera Mu Rwanda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Hafi Kimwe Cya Kabiri Cy’Ibyo u Rwanda Rwohereza Mu Muhanga Gikomoka Ku Buhinzi- PM Nsengiyumva

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?