Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Padiri Yafatanywe Miliyoni 400 Frw z’Inyibano
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
UbukunguUbutaberaUmutekano

Padiri Yafatanywe Miliyoni 400 Frw z’Inyibano

admin
Last updated: 26 June 2021 12:38 am
admin
Share
SHARE

Urwego rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwataye muri yombi Padiri Mukuru wa Paruwasi ya Rwamagana, Ingabire Jean Marie Theophille, nyuma yo kumusangana amafaranga yibwe umucuruzi.

Yafashwe mu iperereza ryatangijwe nyuma yo kwakira ikirego cyatanzwe n’umushoramari wibwe amafaranga agera kuri miliyari imwe y’amafaranga y’u Rwanda, bikozwe n’abatekamutwe.

RIB yatangaje ko yatangije iperereza, iza gufata babiri mu batekamutwe.

Yakomeje iti “Umwe muribo akaba yari amaze kubitsa umugabane we padiri Ingabire Jean Marie Theophille, ungana n’amafaranga agera kuri miliyoni 400 Frw.

“Uwo mujura amaze kuvuga aho yahishe amafaranga nibwo RIB yagiye Gusaka padiri iyasangayo abitse mu mutamenwa (safe box) irayafatira na Padiri arafatwa.”

RIB yatangaje ko hamaze kugaruzwa amafaranga agera kuri miliyoni 500 Frw, mu gihe iperereza rikomeje kugirango ababigizemo uruhare bose bafatwe n’amafaranga asigaye nayo agaruzwe.

Padiri Ingabire afunzwe nyuma yo gufatanwa amafaranga y’amibano
TAGGED:abatekamutweAmafarangafeaturedPadiriRIB
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Abanyarwanda Bane Bakatiwe Bazira Gusuzugura Urukiko Rwa Arusha
Next Article Misiri Iri Gushaka Amaboko Yo Kuzayifasha Intambara Na Ethiopia
1 Comment
  • Kalisa Placide says:
    26 June 2021 at 5:49 am

    Uwo mu padiri kw’ifaranga nta mikino agira. Njye muzi kuva kera ni umuhungu wa Rucagu. Kuva namumenya ahora ahiga cash no kucyumweru ava mumisa ajya muri business.

    Reply

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

AFC/M23 Irashaka Gushinga Igisirikare Cy’Umwuga

Uganda: Batangiye Kwitegura Guhangana Na Ebola

Kagame Yayoboye Inama Y’Abaminisitiri Yibanze Ku Biciro By’Amashanyarazi

Inteko Y’U Rwanda Yikomye Iy’Ubumwe Bw’Uburayi

Ubwumvikane Bwa Amerika N’Ubushinwa Ku Ikoreshwa Rya TikTok

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Ibyahoze Ari Ibiryabarezi Binagurwamo Ibikoresho By’Ingirakamaro

Congo Yarenze Umurongo Utukura Ubwo Yavugaga Ko Dukora Jenoside- Amb.Urujeni

Hari Icyo RSSB Isaba Abashaka Kuzahabwa RAMA

Akamaro K’Amashanyarazi Akomoka Ku Mirasire Y’Izuba Ni Ntagereranywa

Ikipe y’Igihugu Y’Ingimbi Ya Volleyball Yitabiriye Igikombe Cya Afurika

You Might Also Like

Mu mahangaPolitiki

Minisitiri W’Intebe W’Ubufaransa Mushya Azanye Amatwara Adasanzwe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Inteko Iratangaza Icyemezo Ku Byo Iy’Uburayi Iherutse Kuvuga Ku Rwanda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Muntoye Nagarurira Kenya Icyubahiro Yahoranye Kubwa Kibaki- Gachagua

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbutabera

Ruhango: Abasaza Babiri Bagiye Kwiba Umwe Arahagwa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?