Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Padiri Yafatanywe Miliyoni 400 Frw z’Inyibano
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
UbukunguUbutaberaUmutekano

Padiri Yafatanywe Miliyoni 400 Frw z’Inyibano

admin
Last updated: 26 June 2021 12:38 am
admin
Share
SHARE

Urwego rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwataye muri yombi Padiri Mukuru wa Paruwasi ya Rwamagana, Ingabire Jean Marie Theophille, nyuma yo kumusangana amafaranga yibwe umucuruzi.

Yafashwe mu iperereza ryatangijwe nyuma yo kwakira ikirego cyatanzwe n’umushoramari wibwe amafaranga agera kuri miliyari imwe y’amafaranga y’u Rwanda, bikozwe n’abatekamutwe.

RIB yatangaje ko yatangije iperereza, iza gufata babiri mu batekamutwe.

Yakomeje iti “Umwe muribo akaba yari amaze kubitsa umugabane we padiri Ingabire Jean Marie Theophille, ungana n’amafaranga agera kuri miliyoni 400 Frw.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

“Uwo mujura amaze kuvuga aho yahishe amafaranga nibwo RIB yagiye Gusaka padiri iyasangayo abitse mu mutamenwa (safe box) irayafatira na Padiri arafatwa.”

RIB yatangaje ko hamaze kugaruzwa amafaranga agera kuri miliyoni 500 Frw, mu gihe iperereza rikomeje kugirango ababigizemo uruhare bose bafatwe n’amafaranga asigaye nayo agaruzwe.

Padiri Ingabire afunzwe nyuma yo gufatanwa amafaranga y’amibano

TAGGED:abatekamutweAmafarangafeaturedPadiriRIB
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Abanyarwanda Bane Bakatiwe Bazira Gusuzugura Urukiko Rwa Arusha
Next Article Misiri Iri Gushaka Amaboko Yo Kuzayifasha Intambara Na Ethiopia
1 Comment
  • Kalisa Placide says:
    26 June 2021 at 5:49 am

    Uwo mu padiri kw’ifaranga nta mikino agira. Njye muzi kuva kera ni umuhungu wa Rucagu. Kuva namumenya ahora ahiga cash no kucyumweru ava mumisa ajya muri business.

    Reply

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Bobi Wine Agiye Kongera Kwiyamamariza Kuyobora Uganda

Papa Leo XIV Yasuye Imva Y’Uwo Aherutse Gusimbura

Amazi Yabereye Abatutsi Irimbi Kandi Asanzwe Ari Ubuzima

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

Burundi: Impunzi Zo Muri DRC Zugarijwe N’Indwara Zikomeye

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Nduhungirehe Avuga Ku Mushinga u Rwanda Rufitanye Na Amerika Ku Bimukira

Rwanda: Abagabo Bapfa Baruta Ubwinshi Abagore

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Abasirikare Batatu B’u Rwanda Biciwe Muri Mozambique 

Aba Cardinals Batora Papa Bamaze Gushyira Ibintu Ku Murongo…

You Might Also Like

Mu RwandaUbukungu

Kwagura Umuhanda Kigali-Muhanga Byasubitswe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Rwanda: Ingengo Y’Imari Ya 2025-2026 Iziyongeraho Miliyari 1.216

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Umunyamerika Yatorewe Kuba Papa Wa Mbere Mu Mateka

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Umusaruro W’Ibikomoka Ku Buhinzi u Rwanda Rwohereje Hanze Mu Cyumweru Gishize

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?