Guhera mu Kinyejana cya 11 Nyuma ya Yezu Kristu, Kiliziya Gatulika yari yaraciye iteka ko nta mupadiri wemerewe gushaka umugore. Amateka avuga ko ibyo kudashaka umugore...
Umupadiri w’imyaka 40 usanzwe uyobora Ikigo cy’amashuri cyo ku Mayaga kitwa EAV Mayaga ndetse n’Umwarimu ukigishaho w’imyaka 47 baherutse gufatwa n’Urwego rw’Ubugenzacyaha rubakurikiranyeho ingengabitekerezo ya Jenoside...
Mu gitondo cyo kuri iki Cyumweru, Polosi y’i Nice Mu Bufaransa yafashe umugabo ikurikiranyeho iterabwoba yakoreye muri Kiliziya iri muri kariya gace. Ni Kiliziya yitiriwe Mutagatifu ...
Kuri gereza ya Muhanga hategerejwe ifungurwa rya Padiri Jean Baptiste Habimfura wari umaze gihe runaka afunzwe akurikiranyweho gusambanya umwana ariko urukiko rwamugize umwere. Urukiko rwisumbuye rwa...
Ibaruwa yanditswe na Padiri Fidèle de Charles Ntiyamira ivuga ko nyuma yo gutekereza bihagije,akabaza inshuti, abavandimwe n’abandi bapadiri, yafashe umwanzuro wo kuva mu Bupadiri agashaka umugore....