Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Pakistan Iragura Ubucuruzi N’u Rwanda
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Ubukungu

Pakistan Iragura Ubucuruzi N’u Rwanda

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 22 January 2024 4:40 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Itsinda ry’abashoramari bo mu Rwanda ruri muri Pakistan mu rugendo rugamije kuganira na bagenzi babo b’i Islamabad ahashorwa imari.

Baganiriye na bagenzi babo bihurije Ihuriro ryiswe Lahore Chamber of Commerce and Industry (LCCI).

Si ubucuruzi gusa baganiriye ahubwo banagarutse ku ngingo zazamura umubano hagati y’ibihugu byombi.

Umuyobozi w’ihuriro ry’abashoramari bo muri Pakistan witwa Kashif Anwar avuga ko gucuruzanya n’u Rwanda ari ingirakamaro kuri rwose no ku Karere ruherereyemo.

Yasabye abashoramari bo mu Rwanda kureba aho bashora muri Pakistan.

Yavuze ko igihugu cye kizakorana n’u Rwanda muri gahunda zitandukanye zigamije iterambere ibihugu byombi birangamiye.

Uhagarariye Pakistan mu Rwanda witwa Naeem Khan avuga ko Afurika ari ahantu heza ho gusho ra ariko u Rwanda rukaba umwihariko.

Ubuhahirane hagati y’u Rwanda na Pakistan buzibanda ku buhinzi bukoresha imashini, inganda z’imiti n’urwego rw’ikoranabuhanga mu itumanaho.

Itsinda ry’u Rwanda riyobowe na Samuel Abikunda.

TAGGED:featuredPakistanRwandaUbucuruzi
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Abatuye Utugari 1013 Mu Rwanda Bafite Ikibazo Cy’Indwara Zo Mu Nda
Next Article Gisagara:Arashakishwa Nyuma Y’Uko Yishe Umugore We
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Undi Muyobozi Muri WASAC Yafunzwe

Gen Nkubito Yabwiye Abo Mu Burengerazuba Ko FDLR Idakwiye Kubahahamura

Abakoresha Amadovize Bishyurana Bitemewe Bagiye Gucika-BNR

Uburusiya Bwasutse Undi Muriro Kuri Ukraine

Iterambere Ryose Ribanzirizwa N’Umutekano-Nduhungirehe

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

MINAGRI Irasaba Abahinzi Kudahubukira Gutera Imyaka

Abakekwaho Kwiba Mu Isoko Rya Kimironko Bafashwe

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

Afurika Yunze Ubumwe Igiye Gushyiraho Komisiyo Ku Masezerano Ya Kigali Na Kinshasa

Nduhungirehe Yitabiriye Inama Yiga Ku Bufatanye Bw’Ubuyapani N’Afurika

You Might Also Like

Mu mahangaUbucuruzi MpuzamahangaUbukungu

Uburundi Bugiye Gukoresha Amafaranga Y’Ubushinwa Mu Gutumiza Ibintu Hanze

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

Afrobasket: Amakipe Y’U Rwanda Yatashye Amara Masa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitiki

Perezida Kagame Yafashe Mu Mugongo Abo Mu Muryango Wa Dr.Kirabo Washyinguwe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitiki

Mu Mashuri Abanza Abakobwa Batsinze Kurusha Abahungu-NESA

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?