Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Pakistan Iragura Ubucuruzi N’u Rwanda
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Ubukungu

Pakistan Iragura Ubucuruzi N’u Rwanda

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 22 January 2024 4:40 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Itsinda ry’abashoramari bo mu Rwanda ruri muri Pakistan mu rugendo rugamije kuganira na bagenzi babo b’i Islamabad ahashorwa imari.

Baganiriye na bagenzi babo bihurije Ihuriro ryiswe Lahore Chamber of Commerce and Industry (LCCI).

Si ubucuruzi gusa baganiriye ahubwo banagarutse ku ngingo zazamura umubano hagati y’ibihugu byombi.

Umuyobozi w’ihuriro ry’abashoramari bo muri Pakistan witwa Kashif Anwar avuga ko gucuruzanya n’u Rwanda ari ingirakamaro kuri rwose no ku Karere ruherereyemo.

Yasabye abashoramari bo mu Rwanda kureba aho bashora muri Pakistan.

Yavuze ko igihugu cye kizakorana n’u Rwanda muri gahunda zitandukanye zigamije iterambere ibihugu byombi birangamiye.

Uhagarariye Pakistan mu Rwanda witwa Naeem Khan avuga ko Afurika ari ahantu heza ho gusho ra ariko u Rwanda rukaba umwihariko.

Ubuhahirane hagati y’u Rwanda na Pakistan buzibanda ku buhinzi bukoresha imashini, inganda z’imiti n’urwego rw’ikoranabuhanga mu itumanaho.

Itsinda ry’u Rwanda riyobowe na Samuel Abikunda.

TAGGED:featuredPakistanRwandaUbucuruzi
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Abatuye Utugari 1013 Mu Rwanda Bafite Ikibazo Cy’Indwara Zo Mu Nda
Next Article Gisagara:Arashakishwa Nyuma Y’Uko Yishe Umugore We
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Perezida Trump Arashaka Manda Ya Gatatu Uko Byagenda Kose

Abasirikare N’Abapolisi B’u Rwanda Bari Muri UN 

Guverinoma Ya DRC Irashaka Kwisubiza Uvira Mu Buryo Bwuzuye

Hari Kwigwa Uko Amakipe Yajya Akinira Mu Amahoro Stadium ‘Ku Giciro Kimwe’

Putin Yasabwe Kujya Mu Nama Y’Amahoro Yashyizweho Na Trump

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Rwanda: 80.7% By’Abana Bari Munsi Y’Imyaka Itandatu Bahabwa Serivise Mu Irerero

Kuki Hari Imyanzuro u Rwanda Rwemera K’Uburenganzira Bwa Muntu Ntishyirwe Mu Bikorwa Yose

Ese Intambara Ya Amerika N’Uburayi Irashoboka

Ibigo Bya Amerika Bicukura Petelori Birashaka Ko Muri Irani Zihindura Imirishyo

ICPAR Yishimira Aho Igeze Iteza Imbere Umwuga W’Ibaruramari

You Might Also Like

ImikinoMu Rwanda

FERWAFA Yamaganye Abafana Ba APR FC 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Abasenateri Barashaka Kumenya Uko Ubworozi Bw’u Rwanda Bubungabunzwe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Gari Ya Moshi Zagonganye Hapfa Abantu 21

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoUbubanyi n'Amahanga

Kagame yashimye ‘Senegal’ Yatwaye AFCON

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?