Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Papa Francis Yakiriye Perezida W’u Burundi
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Papa Francis Yakiriye Perezida W’u Burundi

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 26 March 2022 4:38 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Umushumba wa Kiliziya Gatulika Papa Francis yakiriye   Perezida w’u Burundi Nyiricyubahiro Evariste Ndayishimiye wagiye i Vatican kuri uyu wa Gatanu taliki 25, Werurwe, 2022  mu ruzinduko rw’akazi.

Nyuma yo kubonana na Papa Francis, Perezida Ndayishimiye yatumiye Nyirubutungane Papa Francis ngo azasure u Burundi.

Nirwo rugendo rwa mbere akoreye i Vatican kuva yajya ku butegetsi mu myaka micye ishize.

Au cours de leur entretien, ils ont exprimé leur volonté commune de renforcer les liens d'amitié et de coopération entre le #Burundi et le #Vatican. Le Président #Ndayishimiye a saisi cette occasion pour inviter le Saint Père à visiter le Burundi au cours de l’année prochaine. pic.twitter.com/U45wAiwUzf

— Ntare Rushatsi House (@NtareHouse) March 26, 2022

Kuri uyu wa Gatanu nibwo yagiye i Vatican aherekejwe n’Umufasha we Angeline Ndayubaha Ndayishimiye.

Yari kumwe n’abandi banyacyubahiro.

Mu minsi micye ishize, Perezida Ndayishimiye yakiriya mu Biro bye Cardinal w’u Rwanda Nyiricyubahiro Antoine Kambanda.

Cardinal Kambanda Yahuye Na Perezida W’u Burundi

TAGGED:BurundifeaturedKambandaNdayishimiyeVatican
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Mu Gihe Isi Iri Kuva Mu Ngaruka Za COVID-19, Ubufatanye Ni Ngombwa- Kagame
Next Article I Nyanza Naho Hafatiwe Umuntu Ukurikiranyweho Gukora Amafaranga
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Umuco Nyarwanda Wamurikiwe Muri Koreya Y’Epfo

Umuturage Wa Israel Akurikiranyweho Kunekera Iran

Polisi Ikomeje Gufata Abakiliya B’Abacukura Amabuye Y’Agaciro Batabyemerewe

Ikipe y’u Rwanda Ya Volley Yatangiye Igikombe Cya Afurika Itsindwa

Marco Rubio Yagiye Muri Israel Gucyaha Netanyahu

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Asaba Ko Drones Nini Zazakoreshwa Mu Kubagezaho Intanga

Miliyari Frw 2 Rayon Iteganya Gukoresha Muri Shampiyona Zizava He?

Rwanda: Bidatinze Drones Zizageza Ibicuruzwa Mu Ngo

RIB Ibakurikiranyeho Gukoresha Telefoni Bagatekera Abandi Umutwe

Minisitiri W’Intebe W’Ubufaransa Ashobora Kweguzwa

You Might Also Like

Mu RwandaUbubanyi n'AmahangaUmutekano

Gen Gatama Yoherejwe Kuyobora Inzego Z’u Rwanda Z’Umutekano Muri Mozambique

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUbuzima

Croix Rouge Mu Guhangana N’Ingaruka Z’Imihindagurikire Y’Ikirere

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

U Rwanda Rushyigikiye Ko Palestine Yigenga Byuzuye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IbidukikijeMu RwandaUbukungu

REMA Irakataje Mu Gupima Ubuziranenge Bw’Ibyuka Biva Mu Binyabiziga

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?