Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Patoranking Arongera Ataramire Abitabiriye Youth Connekt 2022
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Imyidagaduro

Patoranking Arongera Ataramire Abitabiriye Youth Connekt 2022

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 14 October 2022 1:48 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Umunya Nigeria Patrick Nnaemeka Okorie uzwi nka  Patoranking arataramira  abitabiriye Youth Connekt Africa 2022.

Igitaramo cye bakise ‘Made in Africa Delegates’ Concert’ kiza kuba kuri uyuy wa 14 Ukwakira 2022, mu Intare Conference Arena.

Bitegenijwe ko ari bube ari kumwe n’umunya-Zimbabwe Mukudzeyi  na Mukombe [Jah Prayzah] ndetse n’abahanzi b’Abanyarwanda  barimo  Bruce Melodie, Chris Eazy ndetse na Ariel Wayz.

Umunyarwenya Nkusi Arthur niwe uza kuyobora iki gitaramo , Dj Sonia na Dj Diallo nabo baraba bahari baha abantu umuziki.
Mbere gato y’uko bagera i Kigali aba baririmbyi b’abanyamahanga bifashishije imbuga nkoranyambaga zabo bagaragaje imbamutimazabo.

Jay Prayzah aherutse kubwira The New Times ko atari we uzabona igihe kigeze ubundi agataramira abanyarwanda.

Patoranking aheruka mu Rwanda mu mwaka wa 2019 nabwo akaba yararimbye muri Youth Connekt Africa.

TAGGED:ConnektPatorankingUmuziki
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Rubavu: Abavunjayi B’Inyeshyamba Bafashwe
Next Article Uko Ubwiyongere Bw’Amashanyarazi Akomoka Ku Mirasire Y’Izuba Buhagaze Mu Rwanda
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Abangilikani Bizihije Imyaka 100 Ishize Bageze Mu Rwanda

Misiri Irashaka Gukaza Umutekano Ku Mupaka Wayo Na Gaza

Kacyiru Hari Gusizwa Ibibanza Bizubakwamo Inzu Ndende ‘Koko’

Rwanda: Abohereza Ikawa Mu Burayi Basabwe Gukurikiza Ibyo Bushaka

U Rwanda Rwatumye Abaturage Bacu Bongera Gutekana-Min W’Ingabo Za Mozambique

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

MINAGRI Irasaba Abahinzi Kudahubukira Gutera Imyaka

Abakekwaho Kwiba Mu Isoko Rya Kimironko Bafashwe

Afurika Yunze Ubumwe Igiye Gushyiraho Komisiyo Ku Masezerano Ya Kigali Na Kinshasa

Nduhungirehe Yitabiriye Inama Yiga Ku Bufatanye Bw’Ubuyapani N’Afurika

Uburundi Bugiye Gukoresha Amafaranga Y’Ubushinwa Mu Gutumiza Ibintu Hanze

You Might Also Like

Imyidagaduro

Ufite Inkomoko Mu Rwanda Agiye Guhatanira Kuba Miss Uganda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IbyamamareImyidagaduro

Sandra Teta Yarekuwe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IbyamamareImyidagaduroMu Rwanda

The Ben Yacuranze Gitari Na Piyano Atari Abizwiho

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IbyamamareImyidagaduroMu Rwanda

Bwiza Aritegura Igitaramo Kizahura N’Isabukuru Ye Y’Amavuko

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?