Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Pegasus Yahagaritswe Mu Bihugu Bimwe
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Ikoranabuhanga

Pegasus Yahagaritswe Mu Bihugu Bimwe

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 01 August 2021 3:43 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Ikigo NSO cyo muri Israel cyahagaritse ikoreshwa ry’uburyo bw’ikoranabuhanga bwa Pegasus nyuma ya raporo y’uko bwakoreshejwe mu kuneka abantu barimo abami n’Abakuru b’ibihugu.

Israel yanzuye ko ririya koranabuhanga riba rihagaritswe mu bigo 40 byari abakiliya ba NSO kugira ngo biriya birego bibanze bikorweho iperereza.

Ubusanzwe ifite abakiliya 60 ku isi hose kandi amategeko agenga NSO yatanzwe na Minisiteri y’ingabo ari nayo iyishinzwe abuza ko hagira izina ry’ikigo bakorana ritangazwa.

Ibi byasohowe mu kinyamakuru NPR.

Bibaye nyuma y’iminsi mike Minisitiri w’ingabo za Israel Benny Gantz ahuye na mugenzi we w’ingabo z’u Bufaransa Florence Parly bakaganira ku byagaragaye ko pegasus yakoreshejwe mu kumviriza Perezida Macron.

U Bufaransa bushinja Israel kugurisha ririya koranabuhanga kuri Maroc ngo itate Perezida w’u Bufaransa imukeka kuvugana n’abo muri Porisario yo muri Sahara y’i Burengerazuba idacana uwaka na Rabat.

Abayobozi bo muri NSO bavuga ko bahagaritse amasezerano bari bafitanye na bimwe mu bigo bakoranaga kugira ngo basuzume ibya biriya birego.

Abakiliya ba NSO kuri ririya koranabuhanga barimo ibigo by’ubutasi, ibishinzwe kureba uko amategeko akurikizwa(Polisi…) n’ibindi.
Amazina y’ibigo 40 byabaye bihagarikiwe amasezerano yo gukorana na NSO muri gahunda ya pegasus ntibyatangajwe.

TAGGED:featuredIsraelMacronNSOPegasus
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Perezida Suluhu Yemeje Uruzinduko Yatumiwemo Na Perezida Kagame
Next Article Gusura Urwibutso Rwa Kigali Byahagaritswe Kubera Uruzinduko Rwa Perezida Wa Tanzania
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Rwanda: Utubari Tugiye Kujya Dufunga Mu Rukerera

Kayonza: Nyemazi Yazize Kubuza Abaturage Gusuhuka Kubera Inzara

Kinshasa Irasaba AFC/M23 Gufungura Ikibuga Cy’Indege Cya Goma Byihuse

U Rwanda Rwatangije Irushanwa Rizajya Rihuza Za Kaminuza Muri Siporo

U Rwanda Rwamurikiye Abanya Congo Brazzaville Aho Rugejeje Ubukungu Bwarwo

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Abafite Ubumuga Biyemeje Kuzabera N’Abandi Isoko Y’Iterambere

Busabizwa Yatanze Kopi Z’Impapuro Zo Guhagararira u Rwanda Muri Guinée Equatoriale

Polisi Ivuga Ko Mu Mwaka Wa 2025 ibyaha Byagabanutse Kuri 15.7%

Kayonza: Nyemazi Yazize Kubuza Abaturage Gusuhuka Kubera Inzara

U Rwanda Rwamurikiye Abanya Congo Brazzaville Aho Rugejeje Ubukungu Bwarwo

You Might Also Like

Mu mahanga

Afurika Y’Epfo: Abantu 11 Biciwe Mu Kivunge

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ubukungu

Kagame Yaganiriye N’Umuyobozi W’Ikigega Cy’Isi Cy’Imari 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Abayobozi Mu Bufaransa Bari Muri DRC Kuganira Ku Mikorere Mishya Ya MONUSCO

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ububanyi n'Amahanga

U Rwanda Rwafashije Guinea Conakry Gukora Ikoranabuhanga Ryita Ku Masoko Ya Leta 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?