Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Perezida Ashima Ko Abarundi Bahinduye Imyumvire- Umuvugizi Wa Perezida Ndayishimiye
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Perezida Ashima Ko Abarundi Bahinduye Imyumvire- Umuvugizi Wa Perezida Ndayishimiye

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 25 March 2022 12:15 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Umuvugizi w’Ibiro By’Umukuru w’u Burundi Madamu  Evelyne Butoyi avuga ko Perezida w’u Burundi Evariste Ndayishimiye ashima urwego rw’imyumvire abaturage be bamaze kugera ho.

Butoyi yavuze ko Umukuru w’igihugu avuga ko muri iki gihe bigaragara ko imyumvire y’Abarundi yateye imbere, bakaba bakora akazi  bagakunze, bikabateza imbere.

Kuri Twitter Evelyne Butoyi yanditse ati: “ Perezida Ndayishimiye ashima urugero rw’imyumvire abaturage b’u Burundi bafite muri iki gihe kandi iyi myumvire ituma bagira uruhare mu iterambere ry’igihugu.”

Hon. @ButoyiEvelyne indique que le Président #Ndayishimiye apprécie le changement de mentalités des burundais qui se traduit par leur grande implication dans les travaux de développement économique à travers la valorisation de tous les métiers dont l’agriculture et l’élevage.

— Ntare Rushatsi House (@NtareHouse) March 25, 2022

Yavuze ko uruhare rw’abaturage mu iterambere ry’u Burundi rugaragara binyuze mu guteza imbere imyuga, ubuhinzi n’ubworozi.

Iby’uko Perezida w’u Burundi ashima Abarundi mu kazi bakora biteza imbere muri iki gihe, Evelyne Butoyi yabitangarije kuri radio y’u Burundi mu kiganiro kitwa  ‘Ikiyago.’

Butoyi yavuze kandi ko Perezida Ndayishimiye yasabye abaturage be kumva ko gushyiraho amabwiriza agenga uko abamotari bitwara mu muhanda bigamije kugabanya impanuka bityo bikarengera ubuzima.

Hagati aho Perezida w’u Burundi  Nyakubahwa Evariste Ndayishimiye yagiye i Vatican gusura Papa Francis.

Aherekejwe n’Umufasha we Angeline Ndayishimiye n’abandi banyacyubahiro.

Ku kibuga cy’indege ubwo yari agiye kujya i Vatican
TAGGED:BurundiButoyifeaturedIkiyagoNdayishimiyePerezida
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Rwanda: Abafite Ibinyabiziga Bisohora ‘Imyotsi Yanduye Cyane’ Bagiye Gufatirwa Ingamba
Next Article Akamaro Ko Guhinga Indabo Mu Nzu- Ikiganiro Na Rwiyemezamirimo
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

U Rwanda Mu Mboni Z’Umwanditsi Muri National Geographic

DJ Toxxyk Yongeye Gutakambira Urukiko

Umuryango FPR-Inkotanyi Mu Bufatanye Na Leta Ya Israel

U Rwanda Na Brésil Byasinye Amasezerano Yo Gufatanya Mu Bukungu

Amatara Ya Kigali Pélé Stadium Afite Ibibazo

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Uko RURA Yabangamiye Ishoramari Ry’Abahoze Mu Ngabo

Amerika Irashaka Intambara Yeruye Na Iran

Hemejwe Umushinga W’Itegeko Rishyiraho Kaminuza Y’Ingabo Z’u Rwanda

Inenge Mu Burezi Bw’u Rwanda Kubera Ruswa

Burundi: Hari Ibice Biri Kuba Ubutayu Kubera Amapfa

You Might Also Like

Mu mahangaUmutekano

Amerika Yahanuye Indege Ya Gisirikare Ya Iran

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IkoranabuhangaMu mahanga

Espagne: Imbuga Nkoranyambaga Zigiye Gukumirwa Mu Bafite Munsi Y’Imyaka 16

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

U Rwanda Rwagobotse Mozambique Yashegeshwe N’Imyuzure

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

Umuyobozi Wa Polisi Yasezeranyije Kubaka Ikipe Y’Umupira W’Amaguru Ikomeye 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?