Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Perezida Kagame Arakurikiranira Hafi Umuhati Wo Kwita Ku Biciwe N’Ibiza
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Perezida Kagame Arakurikiranira Hafi Umuhati Wo Kwita Ku Biciwe N’Ibiza

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 04 May 2023 7:31 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
Perezida Paul Kagame
SHARE

Umukuru w’u Rwanda yafashe mu mugongo ababuriye ababo mu biza byibasiye u Rwanda mu masaha 48 ashize, byaguyemo abantu 127. Yavuze ko ari gukurikiranira hafi uko ibikorwa byo kugoboka abiciwe bakanasenyerwa n’ibiza biri kugenda.

Yatangarije kuri Twitter ko mu bihe nk’ibi ari ngombwa ko abantu bafatana mu mugongo, buri wese agaha ubufasha mugenzi we.

Perezida Kagame yasabye ababuze ababo gukomera kandi avuga ko Leta izababa hafi uko bishoboka kose.

U Rwanda rwashyizeho itsinda ryihariye rishinzwe ubutabazi.

Abarigize bagizwe n’abakozi ba Minisiteri y’ubutegetsi bw’igihugu, aba Minisiteri y’ibikorwa by’ubutabazi, aba Minisiteri y’ibidukikije, Polisi, ingabo z’u Rwanda n’izindi nzego.

Kuri uyu  wa Kane mu Ntara y’i Burengerazuba haratangizwa ibikorwa byo kwimura abatuye ahantu hashobora kuzabashyira mu kaga imvura nikomeza kugwa.

Ikindi ni uko buri muryango wabuze abantu uzahabwa Frw 100,000 kuri buri muntu wapfuye, bigakorwa mu rwego rwo kubaremera ngo bongere bagure iby’ibanze bakenera mu buzima.

Bamwe mu batuye Akarere ka Karongi kari mu twibasiwe n’inkangu barajwe mu nsengero no ku bigo by’amashuri hirindwa ko barara mu ngo zabo  bakaba bahahurira n’ibibazo imvura yongeye kugwa.

Indi wasoma ijyanye n’iki kibazo:

Rwanda:Abahitanywe N’Imvura Bamaze Kuba 129, Imiryango Yabo Igiye Gushumbushwa

TAGGED:featuredIbizaIntaraKagameUbutabazi
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Rwanda:Abahitanywe N’Imvura Bamaze Kuba 129, Imiryango Yabo Igiye Gushumbushwa
Next Article U Rwanda Rurashaka Kongera Ingengo Yarwo Y’Imari
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Gen Gatama Yoherejwe Kuyobora Inzego Z’u Rwanda Z’Umutekano Muri Mozambique

Abayapani 100,000 Bagize Imyaka 100, Ibintu Bitigeze Biba Ahandi

Congo: ADF Yishe Abantu 102

Croix Rouge Mu Guhangana N’Ingaruka Z’Imihindagurikire Y’Ikirere

U Rwanda Rushyigikiye Ko Palestine Yigenga Byuzuye

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

General Kabandana Yatabarutse

Rusizi: Meya Yasabye Abarimu Kureka Ubusinzi No Gutukana

Rwanda: Bidatinze Drones Zizageza Ibicuruzwa Mu Ngo

Asaba Ko Drones Nini Zazakoreshwa Mu Kubagezaho Intanga

Ishyaka CCM Ryemeje Suluhu Nk’Umukandida Mu Matora Ya Perezida

You Might Also Like

IbidukikijeMu RwandaUbukungu

REMA Irakataje Mu Gupima Ubuziranenge Bw’Ibyuka Biva Mu Binyabiziga

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUbuzima

Urubyiruko Rw’U Rwanda Ruriyahura Cyane-RBC

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbutabera

Gusomera Kabila Byasubitswe, Hari Ibigiye Gusubirwamo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUbubanyi n'Amahanga

Minisitiri w’Intebe Wa Qatar Arajya Kurega Israel Kuri Trump

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?