Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Perezida Kagame Arakurikiranira Hafi Umuhati Wo Kwita Ku Biciwe N’Ibiza
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Perezida Kagame Arakurikiranira Hafi Umuhati Wo Kwita Ku Biciwe N’Ibiza

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 04 May 2023 7:31 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
Perezida Paul Kagame
SHARE

Umukuru w’u Rwanda yafashe mu mugongo ababuriye ababo mu biza byibasiye u Rwanda mu masaha 48 ashize, byaguyemo abantu 127. Yavuze ko ari gukurikiranira hafi uko ibikorwa byo kugoboka abiciwe bakanasenyerwa n’ibiza biri kugenda.

Yatangarije kuri Twitter ko mu bihe nk’ibi ari ngombwa ko abantu bafatana mu mugongo, buri wese agaha ubufasha mugenzi we.

Perezida Kagame yasabye ababuze ababo gukomera kandi avuga ko Leta izababa hafi uko bishoboka kose.

U Rwanda rwashyizeho itsinda ryihariye rishinzwe ubutabazi.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Abarigize bagizwe n’abakozi ba Minisiteri y’ubutegetsi bw’igihugu, aba Minisiteri y’ibikorwa by’ubutabazi, aba Minisiteri y’ibidukikije, Polisi, ingabo z’u Rwanda n’izindi nzego.

Kuri uyu  wa Kane mu Ntara y’i Burengerazuba haratangizwa ibikorwa byo kwimura abatuye ahantu hashobora kuzabashyira mu kaga imvura nikomeza kugwa.

Ikindi ni uko buri muryango wabuze abantu uzahabwa Frw 100,000 kuri buri muntu wapfuye, bigakorwa mu rwego rwo kubaremera ngo bongere bagure iby’ibanze bakenera mu buzima.

Bamwe mu batuye Akarere ka Karongi kari mu twibasiwe n’inkangu barajwe mu nsengero no ku bigo by’amashuri hirindwa ko barara mu ngo zabo  bakaba bahahurira n’ibibazo imvura yongeye kugwa.

Indi wasoma ijyanye n’iki kibazo:

- Advertisement -

Rwanda:Abahitanywe N’Imvura Bamaze Kuba 129, Imiryango Yabo Igiye Gushumbushwa

TAGGED:featuredIbizaIntaraKagameUbutabazi
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Rwanda:Abahitanywe N’Imvura Bamaze Kuba 129, Imiryango Yabo Igiye Gushumbushwa
Next Article U Rwanda Rurashaka Kongera Ingengo Yarwo Y’Imari
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Mpambara Yashimye Ubutwari Abagore Bafashwe Ku Ngufu Muri Jenoside Bagize

FIFA Yafatiye Ibihano Kiyovu Sports FC Na AS Kigali

Ikawa Yatambutse Ku Cyayi Mu Kwinjiriza u Rwanda Amadovize

UBUSESENGUZI: Urugendo Rwa Trump Mu Bihugu By’Abarabu Ruhatse Iki?

DRC: Impaka Ni Zose Ku Cyemezo Cyo Gucukura Petelori Mu Mariba 52

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

Roma: Gutora Papa Ku Munsi Wa Mbere Byananiranye

Bobi Wine Agiye Kongera Kwiyamamariza Kuyobora Uganda

Perezida Wa Senegal Yaratiye Amahanga u Rwanda

Kwagura Umuhanda Kigali-Muhanga Byasubitswe

You Might Also Like

Mu mahangaUmutekano

DRC: Umusirikare Yarasiye Abantu Mu Kiliziya 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Perezida Kagame Mu Nama Na Bagenzi Be Yiga Ku Iterambere Rya Afurika

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Ngirente Ashima Uruhare Rwa Rwandair Mu Guhuza Afurika

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

U Rwanda Rurafungura Ambasade Muri Hongrie

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?