Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Perezida Kagame Ari Mu Birwa Bya Samoa
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahangaUbubanyi n'Amahanga

Perezida Kagame Ari Mu Birwa Bya Samoa

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 23 October 2024 7:17 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
Ubwo Perezida Kagame yageraga mu Murwa mukuru wa Samoa yakiriwe na Minisitiri w’Intebe wungirije, Tuala Tevaga Iosefo Ponifasio
SHARE

Paul Kagame yageze Apia, mu murwa mukuru w’ibirwa bya Samoa, aho yitabiriye inama ihuza Abakuru b’Ibihugu na za Guverinoma bo mu muryango wa Commonwealth, uhuza ibihugu bikoresha ururimi rw’Icyongereza, CHOGM.

Kuri uyu wa Kane taliki 24, Ukwakira, 2024 muri iki kirwa haratangira inama ya CHOGM, ikazabimburirwa n’iy’Abaminisitiri b’ububanyi n’amahanga izabera muri Taumeasina Island Resort.

Bukeye bwaho ni ukuvuga taliki 25, Ukwakira, 2024 nibwo inama y’Abakuru b’ibihugu nyirizina izatangira.

Ubwo Perezida Kagame yageraga mu Murwa mukuru wa Samoa yakiriwe na Minisitiri w’Intebe wungirije, Tuala Tevaga Iosefo Ponifasio, akaba na Minisitiri ushinzwe Imisoro na Gasutamo.

VIDEO

President Kagame has arrived in Apia, the capital city of Samoa for the Commonwealth Heads of Government Meeting. #RBANews pic.twitter.com/DPW9IYeGoq

— Rwanda Broadcasting Agency (RBA) (@rbarwanda) October 22, 2024

Ku iherezo ry’iyi nama nibwo hazaba ibikorwa bitandukanye birimo umwiherero w’abayobozi, ikiganiro cya ba Minisitiri b’ububanyi n’amahanga n’imiryango itari iya Leta ndetse n’ikiganiro n’abanyamakuru.

Hazaba ari ku wa Gatandatu taliki 26, Ukwakira, 2024

Ni ngombwa ko abasomyi ba Taarifa Rwanda bazirikana ko Perezida Kagame ari we uyobora uyu muryango wa CHOGM kuko ubwo inama yayo yaberaga mu Rwanda, yatorewe kuyobora uyu muryango muri manda y’imyaka ibiri akaba yarasimbuye Boris Johnson icyo gihe wari na  Minisitiri w’Intebe w’Ubwongereza

Samoa ni igihugu kiri hagati mu Nyanja ya Pasifika, ku Mugabane wa Oceania. Ni ikirwa gito cyane gifite kilometelo kare 2,831 z’ubuso.

Samoa uyirebeye ku ikarita wabona ari akadomo
Samoa

Ni agace gasurwa cyane bitewe n’imiterere yako aho abantu bishimira kujya ku mucanga ku haruhukira no kwishimira ubuzima.

TAGGED:CHOGMfeaturedInamaKagameRwandaSamoa
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Umukozi Wa RIB Yahawe Ruswa Ya Miliyoni Frw 4 Arayanga
Next Article Kigali: Abaherutse Kwigana Inzoga Z’Abandi Bagiye Kuregwa Mu Nkiko
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Sassou Nguesso Ari i Kinshasa Mu Bukwe Bw’Umukobwa Wa Tshisekedi

Abayobozi Bakuru Mu Ngabo Za Mozambique Bari Mu Rwanda

Nyaruguru: Bagiye Gusasa Inzobe Kucyatumye Abana Batsindwa

Rwanda: Ntibiramenyekana Uko Amakipe Azahura Muri Shampiyona Ya 2025/2026

Kabila Yasabiwe Urwo Gupfa

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

MINAGRI Irasaba Abahinzi Kudahubukira Gutera Imyaka

Abakekwaho Kwiba Mu Isoko Rya Kimironko Bafashwe

Afurika Yunze Ubumwe Igiye Gushyiraho Komisiyo Ku Masezerano Ya Kigali Na Kinshasa

Nduhungirehe Yitabiriye Inama Yiga Ku Bufatanye Bw’Ubuyapani N’Afurika

Uburundi Bugiye Gukoresha Amafaranga Y’Ubushinwa Mu Gutumiza Ibintu Hanze

You Might Also Like

Mu RwandaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Ibibera Muri DRC Bitugiraho Ingaruka Mu Buryo Bwinshi- Amb. Ngoga

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUmutekano

Undi Muyobozi Muri WASAC Yafunzwe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUmutekano

Gen Nkubito Yabwiye Abo Mu Burengerazuba Ko FDLR Idakwiye Kubahahamura

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUbukungu

Abakoresha Amadovize Bishyurana Bitemewe Bagiye Gucika-BNR

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?