Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Perezida Kagame Mu Nama Yo Kwiga Ku Rukingo Rwa COVID-19 Rukozwe N’Afurika
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Icyorezo COVID-19

Perezida Kagame Mu Nama Yo Kwiga Ku Rukingo Rwa COVID-19 Rukozwe N’Afurika

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 12 April 2021 1:25 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Muri aya masaha Perezida Paul Kagame ari kwitabira inama iri guhuza Abakuru b’Ibihugu by’Afurika n’abashoramari bayo igamije kwigira hamwe uko urukingo rwa COVID-19 rwakorerwa muri Afurika.

Iyi nama kandi yitabiriwe n’abandi bakuru b’ibihugu barimo uwa Repubulika ya Demukarasi ya Kongo, akaba na Perezida w’Afurika yunze ubumwe, Felix Tshisekedi.

Tshisekedi niwe uyoboye iyi nama izamara iminsi ibiri.

Abandi bazitabiriye iyi nama ni Perezida wa Afurika y’Epfo Cyril Ramaphosa,  Macky Sall wa Senegal, Moussa Faki Mahamat uyobora Komisiyo ya Afurika yunze ubumwe n’abandi.

Mu bakora mu nzego zikomeye muri Afurika n’ahandi ku isi bayitabiriye  harimo Madamu Ngozi Okonjo Iweala uyobora Umuryango mpuzamahanga w’ubucuruzi, Madamu Winnie Byanyima  uyobora Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye rirwanye SIDA, Bwana  Tedros Adhanom Ghebreyesus uyobora WHO, n’abandi barimo umuherwe Strive Masiyiwa.

Mu minsi mike ishize hari inama yateranye  tariki 01, Mata, 2021 yitabirwa na Perezida Paul Kagame ikaba yaravugaga ku ngaruka COVID-19 yagize kuri Afurika n’uburyo bwo guhangana nazo.

Perezida Ramaphosa n’abandi bitabiriye iyi nama

Yitabiriwe n’abandi banyacyubahiro barimo na Bwana Tony Blair wigeze kuba Minisitiri w’Intebe w’u Bwongereza.

Iriya nama yabaye hifashishijwe ikoranabuhanga.

 Yateguwe n’Ikigo kitwa Institute GC kiyoborwa na Blair.

TAGGED:AfurikaCOVID-19featuredKagameTshisekedi
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Leta Igiye Guha Akazi Abarimu Bashya 1400
Next Article Guverineri Wa Kivu Y’Amajyaruguru Yari Yicishijwe Umuhoro
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Inteko Y’U Rwanda Yikomye Iy’Ubumwe Bw’Uburayi

Ubwumvikane Bwa Amerika N’Ubushinwa Ku Ikoreshwa Rya TikTok

Minisitiri W’Intebe W’Ubufaransa Mushya Azanye Amatwara Adasanzwe

Inteko Iratangaza Icyemezo Ku Byo Iy’Uburayi Iherutse Kuvuga Ku Rwanda

Muntoye Nagarurira Kenya Icyubahiro Yahoranye Kubwa Kibaki- Gachagua

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Asaba Ko Drones Nini Zazakoreshwa Mu Kubagezaho Intanga

Ibyahoze Ari Ibiryabarezi Binagurwamo Ibikoresho By’Ingirakamaro

Harateganywa Visit Rwanda Muri Brazil

Congo Yarenze Umurongo Utukura Ubwo Yavugaga Ko Dukora Jenoside- Amb.Urujeni

Hari Icyo RSSB Isaba Abashaka Kuzahabwa RAMA

You Might Also Like

Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Umuco Nyarwanda Wamurikiwe Muri Koreya Y’Epfo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Umuturage Wa Israel Akurikiranyweho Kunekera Iran

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

Ikipe y’u Rwanda Ya Volley Yatangiye Igikombe Cya Afurika Itsindwa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUbubanyi n'AmahangaUmutekano

Marco Rubio Yagiye Muri Israel Gucyaha Netanyahu

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?