Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Perezida Kagame Yaganiriye N’Abayobora Ubutasi Bw’Amerika
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Ububanyi n'Amahanga

Perezida Kagame Yaganiriye N’Abayobora Ubutasi Bw’Amerika

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 22 November 2023 8:54 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Umukuru w’u Rwanda aherutse kwakira itsinda riyobowe n’Umuyobozi w’Urwego rw’Ubutasi rw’Amerika witwa Avril Haines.

Ku rukuta rwa X rwa Perezidansi y’u Rwanda handitse ko itsinda rya Haines ryaganiriye na Perezida Kagame ku ngingo zitandukanye ariko cyane cyane ku mutekano muke uri muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo.

Umutekano muke muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo uhangayikishije isi kubera ko wajemo n’ikibazo cyo kwibasira abavuga Ikinyarwanda.

Mu minsi ishize hari raporo zivuguruzanya zatangajwe n’impande zitandukanye zemeza ko hari ingabo z’Uburundi zinjiye rwihishwa muri DRC gufasha ingabo za DRC n’abo zifatanyije nabo barimo FDLR na Wazalendo.

Perezida wa DRC  Felix Tshisekedi aherutse kuvuga ko yiteguye gukoresha uburyo bwose ngo akemure ikibazo cy’umutekano muke avuga ko aterwa n’u Rwanda.

U Rwanda rwavuze ko ijambo rye ari iryo gufatana uburemere kubera ko nta jambo ry’Umukuru w’igihugu rivugwa ngo rigire uburemere buke.

Ku rundi ruhande, u Rwanda ruvuga ko nta ntambara zazana amahoro muri aka karere ahubwo ko ibiganiro ari byo bikwiye kwimirizwa imbere.

TAGGED:DRCfeaturedKagameRwandaUbutasi
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Mujawamariya Yasabye Abaturage Kutumva Ko Hari Uzaza Kubasanira Inzu
Next Article Gicumbi: Umukobwa Yatwitse Umugabo Wamuteye Inda
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Kuki Ibibazo By’Ubufaransa Bizajegeza Uburayi Bwose

Gaza: Hamas Yasabye Abarwanyi 7,000 Gusubira Aho Ingabo Za Israel Zavuye

Mfite Impungenge Ko Ibyo Kwaka FDLR Intwaro Bizaba Amasigarakicaro- Dr Buchanan

Ingabo Za Amerika Zamaze Kugera Muri Israel

Makuza Ayoboye Indorerezi Za Afurika Yunze Ubumwe Mu Matora Yo Muri Cameroun

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Rwanda: Bariga Guhunika Umusaruro Ngo Inzara Izacike

U Rwanda Ruzakira Inama Y’Abaminisitiri B’Ububanyi N’amahanga Mu Bihugu Bivuga Igifaransa

Israel N’U Rwanda Twanze Guheranwa N’Amateka Mabi- Ambasaderi Einat

Musanze: Umusore Na Nyina Bafatanywe Urumogi

Hamas Yasabye Israel Kuyiha Umurambo Wa Yahya Sinwar

You Might Also Like

Mu mahangaUbubanyi n'Amahanga

DRC: Leta Yategetse FDLR Kwishyira Mu Maboko Y’Ingabo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUmutekano

Rwanda: Amagaraje Atujuje Ibisabwa Azafungwa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Kagame Yaganiriye N’Abayobozi Ba EU K’Ubufatanye Mu Gukora Inkingo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Kagame Yibukije Abanyaburayi Akamaro Ko Gukorana Neza N’Abanyafurika

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?