Ubutabera bw’Ubushinwa bwategetse ko John Leung usanzwe ari Umunyamerika ariko akaba aba muroi Hong Kong afungwa igihe kingana n’imyaka asigaje kubaho nyuma yo kumuhamya ibyaha by’ubutasi...
Itangazo rya Guverinoma ya Repubulika ya Demukarasi ya Congo rivuga ko indege y’intambara y’iki gihugu yaraye iguye i Rubavu yari iy’ubutasi kandi ngo nta bisausu yari...
Mu guhiga abanzi ba Israel, urwego rw’iki gihugu rushinzwe ubutasi hanze yayo bukoresha uburyo bwose kugira ngo abo banzi bafatwe cyangwa bapfe. Icyakora muri iki gihe...
Imibare yerekana ko guhera mu mwaka wa 2019 kugeza ubu Abanyarwanda 20 ndetse bashobora kuba barenga, biciwe muri Uganda imwe mu mirambo yabo ishyikirizwa u Rwanda....
Amakuru atangwa na bimwe mu binyamakuru byo muri Hong Kong avuga ko Dong Jingwei wahoze ari Visi Minisitiri muri Minisiteri y’umutekano w’igihugu yahungiye muri Amerika akajyana...