Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Perezida Kagame Yagarutse Ku Kamaro K’Ikinyarwanda Mu Miyoborere
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Perezida Kagame Yagarutse Ku Kamaro K’Ikinyarwanda Mu Miyoborere

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 28 March 2023 4:41 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Perezida Paul Kagame yanenze abayobozi bitwara nk’aba stars bakagoreka Ikinyarwanda kugira ngo bagere ku cyo bashaka. Yatsindagirije ko Ikinyarwanda ari ururimi abayobozi bagomba kumenya kandi bakarukoresha.

Yashimye abo mu nzego z’ibanze cyane cyane ab’utugari ko bo bazi Ikinyarwanda ariko asaba abayobozi bo mu nzego zisumbuye ho kumenya ururimi rw’igihugu cyabo.

Ibi abigarutseho ku nshuro ya kabiri kubera ko no mu Nama y’igihugu y’Umushyikirano yasabye umunyamakuru Cleophas Barore kuzigisha abayobozi Ikinyarwanda.

Barore yamusubije ko hari bamwe muri [bo] bitwaza ko kuvuga indimi z’amahanga bishingiye ku mateka.

Kagame yavuze ko iby’amateka byumvikana ariko bitagombye guherana umuntu.

Ati: ” Amateka se bizakomeza gutyo kugeza ryari?”

Yanenze n’abandi bazi Ikinyarwanda bakivuga nabi mu buryo butarimo ikibonezamvuga nyarwanda.

Yabahaye urugero rw’uko batavuga ‘amaka’ ahubwo bavuga ‘inka’, avuga ko bavuga ‘ubukwe’ batavuga ‘amakwe’.

Perezida Kagame avuga ko batavuga ngo ‘ntago’ ahubwo bavuga ‘ntabwo.’

Ikindi kandi ngo Abanyarwanda bagomba kumenya igisobanuro nyacyo n’itandukaniro hagati y’inshinga ‘gusoza’ n’inshinga ‘kurangiza’.

Muri rusange Perezida Kagame yavuze ko kumenya Ikinyarwanda ari inshingano za buri Munyarwanda kandi ko kukimenya biri mu nyungu zabo.

TAGGED:AbayobozifeaturedIkinyarwandaKagame
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Hari Minisiteri Ba Minisitiri Batavugana- Perezida Kagame
Next Article Rwanda: Abasirikare 2,430 Bazamuwe Mu Ntera
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Ikipe y’u Rwanda Ya Volley Yatangiye Igikombe Cya Afurika Itsindwa

Marco Rubio Yagiye Muri Israel Gucyaha Netanyahu

Gen Gatama Yoherejwe Kuyobora Inzego Z’u Rwanda Z’Umutekano Muri Mozambique

Abayapani 100,000 Bagize Imyaka 100, Ibintu Bitigeze Biba Ahandi

Congo: ADF Yishe Abantu 102

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Asaba Ko Drones Nini Zazakoreshwa Mu Kubagezaho Intanga

Rwanda: Bidatinze Drones Zizageza Ibicuruzwa Mu Ngo

Ishyaka CCM Ryemeje Suluhu Nk’Umukandida Mu Matora Ya Perezida

Miliyari Frw 2 Rayon Iteganya Gukoresha Muri Shampiyona Zizava He?

RIB Ibakurikiranyeho Gukoresha Telefoni Bagatekera Abandi Umutwe

You Might Also Like

Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUbuzima

Croix Rouge Mu Guhangana N’Ingaruka Z’Imihindagurikire Y’Ikirere

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

U Rwanda Rushyigikiye Ko Palestine Yigenga Byuzuye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IbidukikijeMu RwandaUbukungu

REMA Irakataje Mu Gupima Ubuziranenge Bw’Ibyuka Biva Mu Binyabiziga

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUbuzima

Urubyiruko Rw’U Rwanda Ruriyahura Cyane-RBC

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?