Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Perezida Kagame Yagiye Mu Irahira Rya Mugenzi We Wa Gabon
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Perezida Kagame Yagiye Mu Irahira Rya Mugenzi We Wa Gabon

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 03 May 2025 5:04 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
Yakiriwe mu cyubahiro gikwiye Abakuru b'ibihugu.
SHARE

Ubwo Gen Brice Clotaire Oligui Nguéma uherutse gutorerwa kuyobora Gabon yarahiriraga inshingano nshya hari na mugenzi we uyobora u Rwanda Paul Kagame.

Muri Village Urugwiro batangaje ko Perezida Kagame yageze muri Gabon kuri uyu wa Gatandatu tariki 03, Gicurasi 2025.

Perezida Oligui Nguéma aherutse gutsinda amatora yabaye ku wa 12, Mata, 2025, ku majwi 94.85%.

Abandi bakuru b’ibihugu bitabiriye uriya muhango barimo Teodoro Obiang Nguéma Mbasogo wa Guinée Équatoriale, Dénis Sassou Nguesso wa Congo Brazzaville, Faustin Archange Touadéra wa Repubulika ya Santrafurika na Mahamat Idriss Déby Itno wa Tchad.

Biteganyijwe kandi ko na Bassirou Diomaye Faye wa Sénégal, Mamady Doumbouya wa Guinée Conakry, Adama Barrow wa Gambia, na Umaro Sissoco Embalô wa Guinée Bissau n’abandi baza kuhagera.

Gen Brice Clotaire Oligui Nguéma niwe wayoboye ubutegetsi bw’igisirikare mu nzibacyuho muri Gabon nyuma yo guhirika Ali Bongo muri Kanama 2023.

TAGGED:featuredGabonIrahiraKagameRwanda
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Ibyishimo Bitandukaniye He N’Umunezero?
Next Article Uko Ibihugu Birutanwa Kunywa Byeri: Ubushinwa Burayoboye
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Ibyahoze Ari Ibiryabarezi Binagurwamo Ibikoresho By’Ingirakamaro

Asaba Ko Drones Nini Zazakoreshwa Mu Kubagezaho Intanga

Harateganywa Visit Rwanda Muri Brazil

I Yeruzalemu Hagabwe Igitero Kica Batandatu Barimo Umugore Utwite

RIB Ibakurikiranyeho Gukoresha Telefoni Bagatekera Abandi Umutwe

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Ubushinwa Bweretse Isi Ko Ku Ntwaro Bwihagazeho

Icyo Abazasiganwa Mu Irushanwa Ry’Isi Ry’Amagare Bavuga Ku Mihanda Y’u Rwanda

Miliyari Frw 135 Zishyirwa Mu Kugaburirira Abana Ku Ishuri Buri Mwaka-Min. Bagabe

Abawazalendo Bigaragambije Ku Cyemezo Cya Leta

Trump Yategetse Hamas Guhita Irekura Abanya Israel Bose Yashimuse

You Might Also Like

Mu RwandaUmutekano

Nyamasheke: Yahitanywe N’Ikiraro Cyamuvunikiyeho Avuye Kunywa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IkoranabuhangaMu RwandaUbukungu

Rwanda: Bidatinze Drones Zizageza Ibicuruzwa Mu Ngo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Minisitiri W’Intebe W’Ubufaransa Ashobora Kweguzwa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

Miliyari Frw 2 Rayon Iteganya Gukoresha Muri Shampiyona Zizava He?

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?