Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Perezida Kagame Yaherewe Igihembo Cy’Indashyikirwa Muri Bahamas
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Ububanyi n'Amahanga

Perezida Kagame Yaherewe Igihembo Cy’Indashyikirwa Muri Bahamas

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 10 July 2023 7:53 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Mu ruzinduko arimo mu Birwa bya Bahamas Umukuru w’u Rwanda Paul Kagame yaraye ahawe igihembo cy’umuntu w’Indashyikirwa. Yagihawe n’Umuyobozi w’Ikirenga wa Bahamas witwa Cornelius Smith ari kumwe na Minisitiri w’Intebe w’iki gihugu witwa Philip Davis.

Hari mu muhango wo kwizihiza isabukuru y’ubwigenge bwa Bahamas imaze imyaka 50 yigenga, ukaba witabiriwe n’abandi banyacyubahiro barimo Minisitiri w’Intebe wa Haiti n’uw’Ibirwa bya Grenada.

Umurwa mukuru wa Bahamas witwa Nassau.

Igihembo Perezida Kagame yahawe cyari icyo kumwizeza ubushuti burambye hagati y’abaturage be n’aba Bahamas.

Perezida w’u Rwanda mu gihe cy’imyaka ibiri ayoboye Umuryango mugari wa Commonwealth, uyu muryango ukagira Umunyamabanga Mukuru witwa Patricia Scotland.

Icyicaro cya Commonwealth kiba i London mu Bwongereza.

Imibare yo mu mwaka wa 2016 yerekana ko uyu muryango uhuriwemo n’abaturage  2, 418, 964, 000.

Patricia Janet Scotland ni umunyapolitiki w’Umwongerezakazi ariko ufite inkomoko yo mu birwa bya Dominica.

Patricia Scotland
Yitabiriye umuhango wo kwizihiza isabukuru y’imyaka 50 Bahamas imaze yigenga
Yabashimiye umubano bashaka gukomeza kugirana n’Abanyarwanda
TAGGED:CommonwealthfeaturedIndashyikirwaKagameRwanda
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Ambasaderi W’u Burundi Mu Misiri Yapfuye Bitunguranye
Next Article Chameleone Yavuye Mu Bitaro
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Abaturage 354 Bagiye Guhabwa Amazi Meza

Ingabo Z’u Rwanda Zasinyanye N’Iz’Ubushinwa Amasezerano Y’Ubufatanye

Rihanna Agiye Kubona Icyo Yari Yarabuze

Ubukungu Bw’u Rwanda Bwazamutseho 7.8%-MINECOFIN

Uburundi: Umunyarwanda Yafunganywe N’Umu Youtuber

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Akamaro K’Amashanyarazi Akomoka Ku Mirasire Y’Izuba Ni Ntagereranywa

Ibya Ariel Wayz Byajemo Gishegesha

Gen Gatama Yoherejwe Kuyobora Inzego Z’u Rwanda Z’Umutekano Muri Mozambique

Urubyiruko Rw’U Rwanda Ruriyahura Cyane-RBC

Minisitiri w’Intebe Wa Qatar Arajya Kurega Israel Kuri Trump

You Might Also Like

IbidukikijeMu RwandaUbukungu

Dushora Mu Gusukura Ikirere Cyacu- Minisitiri Arakwiye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUbukungu

Imiterere Y’Ubucuruzi Bw’u Rwanda N’Amahanga Muri 2025

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu Rwanda

Drone Y’Ingabo Z’u Rwanda Yakoze Impanuka 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Mu Rwanda Hamaze Kubakwa Ibiraro 300 Byo Mu Kirere

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?