Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Perezida Kagame Yaherewe Igihembo Cy’Indashyikirwa Muri Bahamas
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Ububanyi n'Amahanga

Perezida Kagame Yaherewe Igihembo Cy’Indashyikirwa Muri Bahamas

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 10 July 2023 7:53 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Mu ruzinduko arimo mu Birwa bya Bahamas Umukuru w’u Rwanda Paul Kagame yaraye ahawe igihembo cy’umuntu w’Indashyikirwa. Yagihawe n’Umuyobozi w’Ikirenga wa Bahamas witwa Cornelius Smith ari kumwe na Minisitiri w’Intebe w’iki gihugu witwa Philip Davis.

Hari mu muhango wo kwizihiza isabukuru y’ubwigenge bwa Bahamas imaze imyaka 50 yigenga, ukaba witabiriwe n’abandi banyacyubahiro barimo Minisitiri w’Intebe wa Haiti n’uw’Ibirwa bya Grenada.

Umurwa mukuru wa Bahamas witwa Nassau.

Igihembo Perezida Kagame yahawe cyari icyo kumwizeza ubushuti burambye hagati y’abaturage be n’aba Bahamas.

Perezida w’u Rwanda mu gihe cy’imyaka ibiri ayoboye Umuryango mugari wa Commonwealth, uyu muryango ukagira Umunyamabanga Mukuru witwa Patricia Scotland.

Icyicaro cya Commonwealth kiba i London mu Bwongereza.

Imibare yo mu mwaka wa 2016 yerekana ko uyu muryango uhuriwemo n’abaturage  2, 418, 964, 000.

Patricia Janet Scotland ni umunyapolitiki w’Umwongerezakazi ariko ufite inkomoko yo mu birwa bya Dominica.

Patricia Scotland
Yitabiriye umuhango wo kwizihiza isabukuru y’imyaka 50 Bahamas imaze yigenga
Yabashimiye umubano bashaka gukomeza kugirana n’Abanyarwanda
TAGGED:CommonwealthfeaturedIndashyikirwaKagameRwanda
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Ambasaderi W’u Burundi Mu Misiri Yapfuye Bitunguranye
Next Article Chameleone Yavuye Mu Bitaro
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Arabie Saoudite: Kagame Azatanga Ikiganiro Ku Umutekano Mu By’Ubukungu

Biya Agiye Kongera Kuyobora Cameroun Muri Manda Izarangira Afite Hafi Imyaka 100

Kigali: Bafatanywe Udupfunyika 617 Tw’Urumogi

Inzoga Z’Inkorano Zikomeje Kwangiza Ubuzima Bw’Abanyarwanda

Hari Isezerano BK Iha Abafite Inganda Z’Ikawa…

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Umunyarwanda Uterura Ibiremereye Kurusha Abandi Agiye Kuruhagararira Mu Misiri

Uburundi, Ububiligi, DRC, Amerika… -Nduhungirehe Asobanura Uko U Rwanda Rubanye Nabyo

Huye: Urubyiruko Rwahawe Ibibuga By’Imikino Bikozwe Na Croix Rouge Y’u Rwanda 

Byaba Byagenze Gute Ngo Amerika Ihagarike Gukorana Na Israel?

Ubufaransa Bugiye Gukoresha Inama Ku Mutekano Mu Karere

You Might Also Like

Mu RwandaUbukungu

Zaria Igiye Kubona Umufatanyabikorwa Ukomeye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Kamala Harris Aracyashaka Kuba Perezida Wa Amerika 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Guhurira Muri Amerika Kwa Kagame Na Tshisekedi Kwimuriwe Mu Ugushyingo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Muri Somalia Byifashe Bite?

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?