Perezida Paul Kagame yaganiriye n’Umunyamabanga nshingwabikorwa w’Umuryango w’ibihugu bivuga Icyongereza witwa Patricia Scotland. Ku rukuta rwa Twitter rwa Perezidansi y’u Rwanda handitse ko abayobozi bombi buhanye...
Umugabo uri mu kigero cy’imyaka 40 yaraye acunze ku jisho abapolisi bari barinze umugogo w’umwamikazi Elisabeth II asimbukira ku isanduku uruhukiyemo agira ngo ashikanuze igitambaro kiwutwikiriye....
Nyuma y’uko abaganga batangaje ko ubuzima bw’Umwamikazi w’u Bwongereza Elisabeth II bugeze aharenga, ndetse abo mu muryango we bakajya kumuba hafi aho yari arwariye, ubu isi...
Nyuma yo gutorerwa kuyobora Ihuriro ry’ibihugu 18 by’Afurika biri mu bufatanye bwo kurwanya ruswa muri Commonwealth, u Rwanda ruvuga ko ruzafasha mu gutuma rigira urubuga rwa...
Madamu Patricia Scotland usanzwe ari Umunyamabanga uhoraho mu Muryango w’ibihugu bikoresha Icyongereza Patricia Scotland ari mu Rwanda mu ruzinduko yabonaniyemo na Perezida Paul Kagame. Ku rukuta ...