Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Perezida Kagame Yakiriye Graça Machel Na Ellen Johnston Sirleaf
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Perezida Kagame Yakiriye Graça Machel Na Ellen Johnston Sirleaf

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 20 July 2023 9:46 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Perezida Paul Kagame yaraye yakiriye mu Biro bye Ellen Johnston Sirleaf wigeze kuyobora Liberia ndetse na Graça Machel umufasha wa Samora Machel wategetse Mozambique ndetse aba n’uwa Nelson Mandela wategetse Afurika y’Epfo.

Aba bagore bombi bari mu Rwanda mu Nama mpuzamahanga imaze iminsi itatu abayitabiriye bigira hamwe uko umugore yakomeza gutera imbere mu ngeri zose z’imibereho ye.

Nta byinshi byatangajwe ku biganiro hagati ya Perezida Kagame n’abo bashyitsi be.

Und yakiriye kandi ni Leymah Roberta Gbowee, uyu akaba ari impirimbanyi y’amahoro.

Mu mwaka wa 2011 yahawe igihembo cy’amahoro kitiriwe Nobel kubera uruhare yagize mu kubwira impande zari zihanganye mu ntambara ya Liberia ko amahoro ari ingenzi kurusha diyama bapfaga.

Leymah Roberta Gbowee
Graça Machel
Ellen Johnston Sirleaf
TAGGED:AmahoroEllenfeaturedKagameLiberiaMachelMandelaRwandaUmugore
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Umunya Israel Yishe Umunya Ugandakazi Amuziza Ko Umwana Utari Uwe
Next Article Mutobo: Umwe Mubo Perezida Kagame Yahanye Imbabazi Na Rusesabagina Yaratorotse
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Perezida Kagame Ararahiza Abaherutse Guhabwa Inshingano

Abasura Kibeho Babura Aho Bavunjisha Amadolari

Impuguke Z’Abashinwa Zaganiriye Na FPR Inkotanyi 

Niba Amahanga Ashaka Amahoro Abwire Abarundi Bave Muri DRC- Nduhungirehe 

Kwinjira Muri Amerika Bigiye Kugora Abakoresheje Imbuga Nkoranyambaga Uko Itabishaka

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Uko Kugonganisha Ibigo Bitubura Imbuto Byakoze K’Uwahoze Ari Minisitiri W’Ubuhinzi

Kayonza: Nyemazi Yazize Kubuza Abaturage Gusuhuka Kubera Inzara

Busabizwa Yatanze Kopi Z’Impapuro Zo Guhagararira u Rwanda Muri Guinée Equatoriale

Rwanda: Utubari Tugiye Kujya Dufunga Mu Rukerera

U Rwanda Rufunze Abanyamahanga 500 -RCS

You Might Also Like

Mu mahanga

Harakurikiraho Iki Nyuma Y’Ifatwa Rya Uvira?

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

M23 Yemeza Ko Yinjiye Muri Uvira, Guverineri Akabihakana

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu Rwanda

Mozambique: Perezida W’Inteko Kazarwa Yasuye Isoko Ryubatswe Mu Mwaka Wa 1900

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu Rwanda

Bugesera: Abaturage Bugarijwe N’Inzara

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?