Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Perezida Kagame Yakiriye Infantino
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Imikino

Perezida Kagame Yakiriye Infantino

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 20 February 2021 7:12 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Nyuma yo gufungura ku mugaragaro ikicaro cya FIFA mu Rwanda,  Perezida wa FIFA Gianni Infantino yagiranye ibiganiro na Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Gianni Infantino.

Infantino yari ari kumwe na Minisitiri wa Siporo mu Rwanda Madamu Aurore Munyangaju Mimosa.

Nyuma y’ibiganiro, Infantino yahaye impano Perezida Kagame igizwe n’umupira wa siporo wo kwambara wanditseho ‘Kagame’ ndetse na Ballon yo gukina.

Mbere y’uko bahura Infantino yari yabwiye itangazamakuru ko amushimira[Kagame] na Leta y’u Rwanda uruhare bagira mu guteza imbere umupira w’amaguru mu Rwanda no mu Karere ruherereyemo.

Yagize ati: “ Ndashimira Perezida Kagame na Guverinoma y’u Rwanda uruhare bagize mu gutuma dufungura ibiro muri iki gihugu. Bizaduha uburyo bwo gukorana n’izindi Federasiyo z’umupira w’amaguru muri aka karere  kandi bizawuteza imbere.”

Infantino yavuze ko FIFA izakomeza guteza imbere ibikorwa remezo byo mu rwego rw’umupira w’amaguru haba mu Rwanda no mu karere ruherereyemo.

Ikicaro cya FIFA mu Rwanda kiri mu Karere ka Nyarugenge, hafi y’inyubako Ibiro by’Umujyi wa Kigali.

Impano ya Ballon
Babanje kugirana ibiganiro
TAGGED:featuredGuverinomaInfantinoKagameNyarugenfe
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Ikipe ya Basket y’u Rwanda igiye Gukina Undi Mukino Mu Itsinda, Ese Irawutsinda?
Next Article Ubutumwa Bw’Umukuru W’u Rwanda Asezera Kuri Gen Musemakweli
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Israel Yoherereje Abatuye Gaza Inyandiko Zibasaba Guhunga Inzira Zikigendwa

Hari Icyo RSSB Isaba Abashaka Kuzahabwa RAMA

FERWAFA Yagennye Umubare Mushya W’Abanyamahanga Mu Ikipe Yitabiriye Shampiyona

Congo Yarenze Umurongo Utukura Ubwo Yavugaga Ko Dukora Jenoside- Amb.Urujeni

Ibyahoze Ari Ibiryabarezi Binagurwamo Ibikoresho By’Ingirakamaro

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Icyo Abazasiganwa Mu Irushanwa Ry’Isi Ry’Amagare Bavuga Ku Mihanda Y’u Rwanda

Groupe Kassav Niyo Izasusurutsa Abazita Ingagi Amazina

Twishimiye Drones Zitwara Abagenzi-Kagame Avuga Ku Ikoranabuhanga Mu By’Indege

Amerika Ikomeje Kureshya DRC Ku Byerekeye Amabuye Y’Agaciro

Mutwarasibo Yiyahuye Kubera Umugore We

You Might Also Like

IkoranabuhangaMu RwandaUbukungu

Asaba Ko Drones Nini Zazakoreshwa Mu Kubagezaho Intanga

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Harateganywa Visit Rwanda Muri Brazil

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUmutekano

RIB Ibakurikiranyeho Gukoresha Telefoni Bagatekera Abandi Umutwe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IkoranabuhangaMu RwandaUbukungu

Rwanda: Bidatinze Drones Zizageza Ibicuruzwa Mu Ngo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?