Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Perezida Kagame Yakiriye Infantino
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Imikino

Perezida Kagame Yakiriye Infantino

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 20 February 2021 7:12 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Nyuma yo gufungura ku mugaragaro ikicaro cya FIFA mu Rwanda,  Perezida wa FIFA Gianni Infantino yagiranye ibiganiro na Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Gianni Infantino.

Infantino yari ari kumwe na Minisitiri wa Siporo mu Rwanda Madamu Aurore Munyangaju Mimosa.

Nyuma y’ibiganiro, Infantino yahaye impano Perezida Kagame igizwe n’umupira wa siporo wo kwambara wanditseho ‘Kagame’ ndetse na Ballon yo gukina.

Mbere y’uko bahura Infantino yari yabwiye itangazamakuru ko amushimira[Kagame] na Leta y’u Rwanda uruhare bagira mu guteza imbere umupira w’amaguru mu Rwanda no mu Karere ruherereyemo.

Yagize ati: “ Ndashimira Perezida Kagame na Guverinoma y’u Rwanda uruhare bagize mu gutuma dufungura ibiro muri iki gihugu. Bizaduha uburyo bwo gukorana n’izindi Federasiyo z’umupira w’amaguru muri aka karere  kandi bizawuteza imbere.”

Infantino yavuze ko FIFA izakomeza guteza imbere ibikorwa remezo byo mu rwego rw’umupira w’amaguru haba mu Rwanda no mu karere ruherereyemo.

Ikicaro cya FIFA mu Rwanda kiri mu Karere ka Nyarugenge, hafi y’inyubako Ibiro by’Umujyi wa Kigali.

Impano ya Ballon
Babanje kugirana ibiganiro
TAGGED:featuredGuverinomaInfantinoKagameNyarugenfe
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Ikipe ya Basket y’u Rwanda igiye Gukina Undi Mukino Mu Itsinda, Ese Irawutsinda?
Next Article Ubutumwa Bw’Umukuru W’u Rwanda Asezera Kuri Gen Musemakweli
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Ingabo Z’u Rwanda Zasinyanye N’Iz’Ubushinwa Amasezerano Y’Ubufatanye

Rihanna Agiye Kubona Icyo Yari Yarabuze

Ubukungu Bw’u Rwanda Bwazamutseho 7.8%-MINECOFIN

Uburundi: Umunyarwanda Yafunganywe N’Umu Youtuber

Dushora Mu Gusukura Ikirere Cyacu- Minisitiri Arakwiye

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Akamaro K’Amashanyarazi Akomoka Ku Mirasire Y’Izuba Ni Ntagereranywa

Ikipe y’Igihugu Y’Ingimbi Ya Volleyball Yitabiriye Igikombe Cya Afurika

Qatar Irashaka Kurega Netanyahu 

Ibya Ariel Wayz Byajemo Gishegesha

Gen Gatama Yoherejwe Kuyobora Inzego Z’u Rwanda Z’Umutekano Muri Mozambique

You Might Also Like

Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUbukungu

Imiterere Y’Ubucuruzi Bw’u Rwanda N’Amahanga Muri 2025

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu Rwanda

Drone Y’Ingabo Z’u Rwanda Yakoze Impanuka 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Mu Rwanda Hamaze Kubakwa Ibiraro 300 Byo Mu Kirere

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

Ingabo Za Israel Zatangije Ibitero Byo Ku Butaka Byo Gusenya Gaza Yose

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?