Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Perezida Kagame Yakiriye Infantino
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Imikino

Perezida Kagame Yakiriye Infantino

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 20 February 2021 7:12 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Nyuma yo gufungura ku mugaragaro ikicaro cya FIFA mu Rwanda,  Perezida wa FIFA Gianni Infantino yagiranye ibiganiro na Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Gianni Infantino.

Infantino yari ari kumwe na Minisitiri wa Siporo mu Rwanda Madamu Aurore Munyangaju Mimosa.

Nyuma y’ibiganiro, Infantino yahaye impano Perezida Kagame igizwe n’umupira wa siporo wo kwambara wanditseho ‘Kagame’ ndetse na Ballon yo gukina.

Mbere y’uko bahura Infantino yari yabwiye itangazamakuru ko amushimira[Kagame] na Leta y’u Rwanda uruhare bagira mu guteza imbere umupira w’amaguru mu Rwanda no mu Karere ruherereyemo.

Yagize ati: “ Ndashimira Perezida Kagame na Guverinoma y’u Rwanda uruhare bagize mu gutuma dufungura ibiro muri iki gihugu. Bizaduha uburyo bwo gukorana n’izindi Federasiyo z’umupira w’amaguru muri aka karere  kandi bizawuteza imbere.”

Infantino yavuze ko FIFA izakomeza guteza imbere ibikorwa remezo byo mu rwego rw’umupira w’amaguru haba mu Rwanda no mu karere ruherereyemo.

Ikicaro cya FIFA mu Rwanda kiri mu Karere ka Nyarugenge, hafi y’inyubako Ibiro by’Umujyi wa Kigali.

Impano ya Ballon
Babanje kugirana ibiganiro
TAGGED:featuredGuverinomaInfantinoKagameNyarugenfe
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Ikipe ya Basket y’u Rwanda igiye Gukina Undi Mukino Mu Itsinda, Ese Irawutsinda?
Next Article Ubutumwa Bw’Umukuru W’u Rwanda Asezera Kuri Gen Musemakweli
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Abayobozi Mu Burayi Bitabye Trump

Ufite Inkomoko Mu Rwanda Agiye Guhatanira Kuba Miss Uganda

Twiyumva Muri Siyanse Kurusha Mbere-Umunyeshuri Wa KIST

Abasirikare 100,000 Ba Israel Biteguye Gutangira Ibitero Bishya Muri Gaza

Qatar Mu Bufatanye N’u Rwanda Mu Gukora Imiti

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Hari Ikigega Kizaha Urubyiruko Inguzanyo Nta Ngwate

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

Rwanda: Abakanishi Bagiye Guhugurwa K’Ugukanika Batiri Za Bisi Z’Amashanyarazi

Nyanza: Umugore Yishe Umugabo We

Haravugwa Umwuka Mubi Hagati Ya Israel Na Qatar 

You Might Also Like

Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

DRC Yarakajwe N’Uko Kenya Yagennye Uyihagarariye i Goma

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

Uko Umukino Wa APR Na Dynamos Wagenze

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbuzimaUmutekano

Burera Ikomeje Kuba Icyambu Kinini Cy’ Ibiyobyabwenge

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Miliyoni Frw 464 Z’Ishimwe Zahawe Abatse EBM

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?