Guverinoma y’u Rwanda yatangaje ko hari Miliyari Frw 7 izashora mu kubaka ibimoteri mu mijyi yunganira uwa Kigali. Ni mu rwego rwo kongera isuku no kubungabunga...
Guverinoma y’u Rwanda yongeye gusaba iya Repubulika ya Demukarasi ya Congo gushyira mu bikorwa amasezerano yose yashyizeho umukono yaba ay’i Nairobi ndetse n’ay’i Luanda kugira ngo...
Mu kiganiro kihariye Umuvugizi wungirije wa Guverinoma y’u Rwanda Alain Mukuralinda yahaye Taarifa kubyo Perezida Tshisekedi aherutse gutangaza by’uko u Rwanda ari rwo ntandaro y’umutekano muke...
Leta y’u Rwanda ibinyujije mu kigo cy’igihugu cy’imisoro n’amahoro yatangaje ko igiye kwigomwa nibura Miliyari Frw 27 Frw mu rwego rwo kuvugurura no kunoza gahunda z’imisoro....
Minisiteri ishinzwe imibereho myiza y’abaturage mu Burundi ivuga ku guhera kuri uyu wa Gatandatu taliki 07, Mutarama, 2023 yatangiye gusubiza mu cyaro Abatwa bari baraje gusabiriza...