Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Perezida Kagame Yakiriye Ku Meza Mugenzi We Wa Zambia
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Ububanyi n'Amahanga

Perezida Kagame Yakiriye Ku Meza Mugenzi We Wa Zambia

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 21 June 2023 7:06 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Amafunguro y’umugoroba wo kuri uyu wa Kabiri taliki 20, Kamena, 2023 Perezida Kagame yayasangiye na mugenzi we Hakainde Hichilema uyobora Zambia uri mu Rwanda mu ruzinduko rw’akazi rw’iminsi ibiri.

Hichilema yageze mu Rwanda mu masaha y’umugoroba, ahita ajya guhura na mugenzi we Paul Kagame.

Bagiranye ikiganiro gito mu muhezo, ariko amakuru yatambukijwe na RBA avuga ko bibanze ku mubano uhuje Kigali na Lusaka n’uburyo warushaho kongererwa imbaraga.

President Hichilema @HHichilema, inspected the Guard of Honor before joining President Kagame for a tête-à-tête, discussing the strong bilateral framework of cooperation between Rwanda and Zambia. pic.twitter.com/bB4MlQX8zG

— Presidency | Rwanda (@UrugwiroVillage) June 20, 2023

Kuri uyu wa Gatatu Perezida Hikainde Hichilema arasura Urwibutso rwa Jenoside yakorewe Abatutsi ruri ku Gisozi nyuma yongere aganire na Perezida Kagame.

Nyuma bombi baraha  itangazamakuru ikiganiro.

Muri Mata, 2022 Perezida Kagame nawe yasuye Zambia.

Yasize ateye ibiti ku mupaka witwa Kazungula ugabanya Zambia  na Botswana.

Perezida Kagame Yateye Igiti Muri Zambia

TAGGED:featuredHichilemaKagameRwandaUmubanoUruzindukoZambia
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Perezida Wa Zambia Arasura u Rwanda
Next Article Bibaga Mu Bugesera N’I Kigali Bakagurishiriza Muri Kamonyi
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Kuki Ibibazo By’Ubufaransa Bizajegeza Uburayi Bwose

Gaza: Hamas Yasabye Abarwanyi 7,000 Gusubira Aho Ingabo Za Israel Zavuye

Mfite Impungenge Ko Ibyo Kwaka FDLR Intwaro Bizaba Amasigarakicaro- Dr Buchanan

Ingabo Za Amerika Zamaze Kugera Muri Israel

Makuza Ayoboye Indorerezi Za Afurika Yunze Ubumwe Mu Matora Yo Muri Cameroun

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Rwanda: Bariga Guhunika Umusaruro Ngo Inzara Izacike

U Rwanda Ruzakira Inama Y’Abaminisitiri B’Ububanyi N’amahanga Mu Bihugu Bivuga Igifaransa

Israel N’U Rwanda Twanze Guheranwa N’Amateka Mabi- Ambasaderi Einat

Musanze: Umusore Na Nyina Bafatanywe Urumogi

Hamas Yasabye Israel Kuyiha Umurambo Wa Yahya Sinwar

You Might Also Like

Mu mahangaUbubanyi n'Amahanga

DRC: Leta Yategetse FDLR Kwishyira Mu Maboko Y’Ingabo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUmutekano

Rwanda: Amagaraje Atujuje Ibisabwa Azafungwa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Kagame Yaganiriye N’Abayobozi Ba EU K’Ubufatanye Mu Gukora Inkingo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Kagame Yibukije Abanyaburayi Akamaro Ko Gukorana Neza N’Abanyafurika

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?