Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Perezida Kagame Yakiriye Ku Meza Mugenzi We Wa Zambia
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Ububanyi n'Amahanga

Perezida Kagame Yakiriye Ku Meza Mugenzi We Wa Zambia

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 21 June 2023 7:06 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Amafunguro y’umugoroba wo kuri uyu wa Kabiri taliki 20, Kamena, 2023 Perezida Kagame yayasangiye na mugenzi we Hakainde Hichilema uyobora Zambia uri mu Rwanda mu ruzinduko rw’akazi rw’iminsi ibiri.

Hichilema yageze mu Rwanda mu masaha y’umugoroba, ahita ajya guhura na mugenzi we Paul Kagame.

Bagiranye ikiganiro gito mu muhezo, ariko amakuru yatambukijwe na RBA avuga ko bibanze ku mubano uhuje Kigali na Lusaka n’uburyo warushaho kongererwa imbaraga.

President Hichilema @HHichilema, inspected the Guard of Honor before joining President Kagame for a tête-à-tête, discussing the strong bilateral framework of cooperation between Rwanda and Zambia. pic.twitter.com/bB4MlQX8zG

— Presidency | Rwanda (@UrugwiroVillage) June 20, 2023

Kuri uyu wa Gatatu Perezida Hikainde Hichilema arasura Urwibutso rwa Jenoside yakorewe Abatutsi ruri ku Gisozi nyuma yongere aganire na Perezida Kagame.

Nyuma bombi baraha  itangazamakuru ikiganiro.

Muri Mata, 2022 Perezida Kagame nawe yasuye Zambia.

Yasize ateye ibiti ku mupaka witwa Kazungula ugabanya Zambia  na Botswana.

Perezida Kagame Yateye Igiti Muri Zambia

TAGGED:featuredHichilemaKagameRwandaUmubanoUruzindukoZambia
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Perezida Wa Zambia Arasura u Rwanda
Next Article Bibaga Mu Bugesera N’I Kigali Bakagurishiriza Muri Kamonyi
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

BRD Yahawe Umuyobozi Mushya

Musanze: Polisi Yabatunguye Bari Gukora Inzoga Zitemewe

Ibitabo Umuntu Yandika Ni Umutungo We Bwite Ashobora No Gutanga- Prof Nzeyimana Wigisha Filozofiya

Minisitiri W’Umutekano Asaba Abaturage Kuzirikana Ko Umutekano Ugira Ikiguzi

Hashyizweho Itsinda Rizakurikirana Uko Kuhira Imyaka Bizakorwa Muri Kayonza

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Ababitse Ibitabo By’Amateka Y’u Rwanda Barasabwa Kubishyira Inkoranyabitabo Y’Igihugu

Burundi: Impunzi Zo Muri DRC Ntizemerewe Gucumbikirwa Mu Miryango 

Kagame Yibukije Abanyamuryango Ba FPR-Inkotanyi Ko Ruswa Ikiri Ikibazo

Ikawa Niyo Yinjirije u Rwanda Menshi Mu Bihingwa Rwagurishije Mu Mahanga

Rwanda:Abagore Bakina Shampiyona Y’Umupira W’Amaguru Banenga Imisifurire

You Might Also Like

Mu Rwanda

Guverineri W’Intara y’Amajyaruguru Asaba Abaturage Kwitabira Gutera Ibiti

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

M23 Ivuga Ko Yakuye Abarwanyi Bayo Muri Uvira, Leta Ya Kinshasa Iti: ‘Murabeshya!’

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu Rwanda

Abanyarwandakazi Bafite Ubumuga Bwo Kutabona Barataka Kubera Ihohoterwa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ubukungu

RDB Yongereye Amasaha Yo Gufungura Utubari 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?