Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Perezida Kagame Yakiriye Ushinzwe Ububanyi N’Amahanga Bya Ukraine
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Ububanyi n'Amahanga

Perezida Kagame Yakiriye Ushinzwe Ububanyi N’Amahanga Bya Ukraine

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 26 May 2023 6:44 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Nk’uko Taarifa yabyanditse ku ikubitiro, Minisitiri w’ububanyi n’amahanga wa Ukraine witwa Dmytro Ivanovych Kuleba yaraye ageze mu Rwanda yakirwa na Perezida Paul Kagame.

Yamwakiririye mu Biro bye biri muri Village Urugwiro.

Dmytro Ivanovych Kuleba yageze mu Rwanda avuye muri Ethiopia.

Ukraine irashaka ko ibihugu by’Afurika bigira icyo bivuga ku ntambara imaze ‘igihe’ irwana n’Uburusiya.

I Kiev barashaka ko Afurika igira uruhande yemeza ko ibogamiyeho k’umugaragaro hagati yayo  n’Uburusiya.

Mu gihe Ukraine iri muri Afurika, ku rundi ruhande, hari abandi bakuru b’ibihugu by’Afurika bitegura kuzajya mu Burusiya kuganira n’ubuyobozi bw’iki gihugu ku ntambara burwana na Ukraine hamwe n’ibihugu bya OTAN biyishyigikiye.

Cyril Ramaphosa niwe uherutse gutangaza ko  hari Abakuru b’ibihugu by’Afurika bazakorera urugendo i Moscow mu gihe kiri imbere.

Nta makuru arambuye aratangazwa ku bikubiye mu biganiro Perezida Kagame yagiranye na Dmytro Ivanovych Kuleba.

Minisitiri W’Ububanyi N’Amahanga Wa Ukraine Arasura U Rwanda

TAGGED:AfurikaBurusiyafeaturedIntambaraKagameUkraine
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Fulgence Kayishema Umaze Imyaka Myinshi Yihisha Kubera Jenoside YAFASHWE
Next Article Inama Umuhanga Aha Guverinoma Y’u Rwanda Mu Gutegura Ba Rwiyemezamirimo
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Uganda: Batangiye Kwitegura Guhangana Na Ebola

Kagame Yayoboye Inama Y’Abaminisitiri Yibanze Ku Biciro By’Amashanyarazi

Inteko Y’U Rwanda Yikomye Iy’Ubumwe Bw’Uburayi

Ubwumvikane Bwa Amerika N’Ubushinwa Ku Ikoreshwa Rya TikTok

Minisitiri W’Intebe W’Ubufaransa Mushya Azanye Amatwara Adasanzwe

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Ibyahoze Ari Ibiryabarezi Binagurwamo Ibikoresho By’Ingirakamaro

Congo Yarenze Umurongo Utukura Ubwo Yavugaga Ko Dukora Jenoside- Amb.Urujeni

Hari Icyo RSSB Isaba Abashaka Kuzahabwa RAMA

Akamaro K’Amashanyarazi Akomoka Ku Mirasire Y’Izuba Ni Ntagereranywa

Ikipe y’Igihugu Y’Ingimbi Ya Volleyball Yitabiriye Igikombe Cya Afurika

You Might Also Like

Mu RwandaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Inteko Iratangaza Icyemezo Ku Byo Iy’Uburayi Iherutse Kuvuga Ku Rwanda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Muntoye Nagarurira Kenya Icyubahiro Yahoranye Kubwa Kibaki- Gachagua

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Umuco Nyarwanda Wamurikiwe Muri Koreya Y’Epfo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Umuturage Wa Israel Akurikiranyweho Kunekera Iran

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?