Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Perezida Kagame Yakiriye Ushinzwe Ububanyi N’Amahanga Bya Ukraine
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Ububanyi n'Amahanga

Perezida Kagame Yakiriye Ushinzwe Ububanyi N’Amahanga Bya Ukraine

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 26 May 2023 6:44 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Nk’uko Taarifa yabyanditse ku ikubitiro, Minisitiri w’ububanyi n’amahanga wa Ukraine witwa Dmytro Ivanovych Kuleba yaraye ageze mu Rwanda yakirwa na Perezida Paul Kagame.

Yamwakiririye mu Biro bye biri muri Village Urugwiro.

Dmytro Ivanovych Kuleba yageze mu Rwanda avuye muri Ethiopia.

Ukraine irashaka ko ibihugu by’Afurika bigira icyo bivuga ku ntambara imaze ‘igihe’ irwana n’Uburusiya.

I Kiev barashaka ko Afurika igira uruhande yemeza ko ibogamiyeho k’umugaragaro hagati yayo  n’Uburusiya.

Mu gihe Ukraine iri muri Afurika, ku rundi ruhande, hari abandi bakuru b’ibihugu by’Afurika bitegura kuzajya mu Burusiya kuganira n’ubuyobozi bw’iki gihugu ku ntambara burwana na Ukraine hamwe n’ibihugu bya OTAN biyishyigikiye.

Cyril Ramaphosa niwe uherutse gutangaza ko  hari Abakuru b’ibihugu by’Afurika bazakorera urugendo i Moscow mu gihe kiri imbere.

Nta makuru arambuye aratangazwa ku bikubiye mu biganiro Perezida Kagame yagiranye na Dmytro Ivanovych Kuleba.

Minisitiri W’Ububanyi N’Amahanga Wa Ukraine Arasura U Rwanda

TAGGED:AfurikaBurusiyafeaturedIntambaraKagameUkraine
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Fulgence Kayishema Umaze Imyaka Myinshi Yihisha Kubera Jenoside YAFASHWE
Next Article Inama Umuhanga Aha Guverinoma Y’u Rwanda Mu Gutegura Ba Rwiyemezamirimo
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Guinea-Bissau: Perezida Umaro Sissoco Embaló Yahiritswe K’Ubutegetsi

Nduhungirehe Ashimangira Ko FDLR Ikiri Ikibazo K’u Rwanda

Ingabo Za Israel Zaje Mu Rwanda, Abaganga Bayo Bajya i Burundi

Kapiteni Wa Kiyovu Sports Yahaniwe Imyitwarire Mibi

Abana Bafite Ubumuga Barakimwa Amahirwe Yo Kwiga

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

IVUGURUYE: Umuyobozi W’Ikirenga Wa Qatar Yageze i Kigali

Ibya Rayon Sports Leta Yongeye Ibyinjiramo

Nta Muntu Uri Hejuru Y’Amategeko- Rutikanga Avuga Ku Ifungwa Ry’Abanya Sudani

Igitutu Cya Trump Kuri Ukraine Ngo Ikunde Ibone Amahoro

Abajenerali 21 Ba DRC Baravugwaho Kuyigambanira

You Might Also Like

Mu mahanga

DRC: Imirwano Hagati Ya Wazalendo Na FARDC Imaze Kugwamo Abantu 11

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ubukungu

Mu Mezi Icyenda BK Yungutse Miliyari Frw 83.5

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Zelenskyy Aribaza Ukuntu Azemera Guha Uburusiya Ubutaka Bikamushobera

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Israel Yishe Umuyobozi Ukomeye Wa Hezbollah Imusanze Muri Lebanon

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?