Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Perezida Kagame Yasabye Abize Ubuhinzi Kuvugurura Ubw’Afurika
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Perezida Kagame Yasabye Abize Ubuhinzi Kuvugurura Ubw’Afurika

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 08 August 2023 2:39 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Umukuru w’u Rwanda Paul Kagame yasabye abarangije kuri Kaminuza yigisha iby’ubuhinzi barangije amasomo yabo mu Karere ka Bugesera kuzakoresha ubwo bumenyi bavugurura ubw’Afurika.

Avuga ko ubuhinzi bugomba kuba imbarutso y’iterambere rirambye ku bihugu by’Afurika kuko ari umugabane ufite ubutaka bunini kandi ufite n’abakiri bato benshi bafite imbaraga zo gukora.

Kagame yabwiye abanyeshuri 75 barangije muri iriya Kaminuza ku nshuro ya mbere ko ari bo bayobozi b’ejo hazaza bityo ko bakwiye gutekereza ibyavurura imihingire y’ubu.

Kaminuza y’ubuhinzi burondereza ubutaka Rwanda Institute of Conservational Agriculture iherereye hagati y’ibiyaga bibiri ari byo Kirimbi na Gaharwa mu Murenge wa Gashora mu Karere ka Bugesera.

Yubatwswe ku buso bwa hegitari 1,300.

Ni Kaminuza rukumbi muri Afurika yigisha ubwo buhinzi, ikaba yarashinzwe mu mwaka wa 2019 n’Umuherwe w’Umunyamerika witwa Howard G. Buffet.

TAGGED:BugeserafeaturedKagameUbuhinzi
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Mirenge Yatanze Impapuro Zimwemerera Guhagararira u Rwanda Muri Leta Ziyunze Z’Abarabu
Next Article Iby’Abakono Bikomeje Kwirukanisha Abayobozi
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Uburundi Bugiye Gukoresha Amafaranga Y’Ubushinwa Mu Gutumiza Ibintu Hanze

Afrobasket: Amakipe Y’U Rwanda Yatashye Amara Masa

Amerika Irashaka Gufasha DRC Guhashya Ruswa

MINAGRI Irasaba Abahinzi Kudahubukira Gutera Imyaka

Perezida Kagame Yafashe Mu Mugongo Abo Mu Muryango Wa Dr.Kirabo Washyinguwe

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Hari Ikigega Kizaha Urubyiruko Inguzanyo Nta Ngwate

Rwanda: Abakanishi Bagiye Guhugurwa K’Ugukanika Batiri Za Bisi Z’Amashanyarazi

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

DRC: Uwahoze Ari Minisitiri W’Ubutabera Yasabiwe Gukora Imirimo Nsimburagifungo

MINAGRI Irasaba Abahinzi Kudahubukira Gutera Imyaka

You Might Also Like

Mu RwandaPolitiki

Mu Mashuri Abanza Abakobwa Batsinze Kurusha Abahungu-NESA

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageUbuzima

Hakozwe Umuti Wa Malaria W’Impinja

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IbidukikijeMu Rwanda

REMA Yatangaje Igihe Cyo Gusuzumisha Ibyuka Byo Mu Binyabiziga

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Qatar Irongera Yakire Intumwa Za DRC Na AFC/M23

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?