Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Perezida Kagame Yashimiye Abanyarwanda Bafannye Igare
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
ImikinoMu RwandaPolitiki

Perezida Kagame Yashimiye Abanyarwanda Bafannye Igare

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 29 September 2025 9:35 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Umukuru w’Igihugu yaraye ashimiye Abanyarwanda umurava bashyize mu gufana shampiyona y’amagare yari imaze icyumweru ikinirwa mu Rwanda.

Kuri X/Twitter yanditse ati: “U Rwanda rutewe ishema no kuba rwakiriye iyi Shampiyona y’Isi y’Amagare ya UCI. Ndashimira abakinnyi bose bahatanye mu bice binyuranye by’Umurwa Mukuru wacu, ibyo bagezeho no kwihangana bagaragaje.”

Kagame yashimye inzego z’umutekano zose mu nshingano zazo zakoze uko zishoboye ibintu byose bigenda neza.

Umukuru w’Igihugu kandi yashimiye Perezida w’Impuzamashyirahamwe y’Umukino w’Amagare ku Isi (UCI), David Lappartient n’abagize uruhare ngo iri rushanwa ribe iry’amateka.

Kuri iki Cyumweru nibwo shampiyona y’amagare yaberaga mu Rwanda yarangiye itwarwa n’umunya Slovenia witwa Tadej Pogačar.

Yari amaze amasaha arenga atandatu yiruka intera ya Kilometero zirenga 260.

Uyu mugabo w’imyaka 27 niwe kandi watwaye iyo mu mwaka wa 2024 yabereye i Zurich mu Busuwisi.

Perezida Kagame niwe wamuhaye umudali wa zahabu.

Uwa kabiri yabaye Umubiligi atwara umudali w’ifeza n’aho uwa gatatu aba Umunya Ireland wahawe umudali w’umuringa.

TAGGED:AbanyarwandafeaturedGushimaIgareKagameUmukino
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Amerika: Abantu Biciwe Mu Rusengero
Next Article Pyramids FC Yazanye Abakinnyi Bakomeye Bo Gutsinda APR FC
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Visit Rwanda Yageze Muri Basketball Ya Amerika

Uko Umusaruro Mbumbe W’u Rwanda Uhagaze Mu Gihembwe Cya Kabiri Cya 2025

Burkina Faso Irapfa Iki Na Côte d’Ivoire ?

Pyramids FC Yazanye Abakinnyi Bakomeye Bo Gutsinda APR FC

Perezida Kagame Yashimiye Abanyarwanda Bafannye Igare

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Tshisekedi Yavuze Ko u Rwanda Rutacyuye Ingabo Zarwo

Trump Yabwiye Isi Ko Ikabiriza Iby’Imihindagurikire Y’Ikirere

Intambara Iratutumba Hagati Ya Pologne N’Uburusiya

Ubufaransa Bwatangaje Ko Bwemeye Palestine Nk’Igihugu Kigenga Byuzuye

U Rwanda Rwiyemeje Kuba Ihuriro Ry’Ishoramari Mu Karere- RDB

You Might Also Like

Mu mahangaUmutekano

Amerika: Abantu Biciwe Mu Rusengero

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

Abanya Venezuela Bari Guhabwa Intwaro Zo Kuzahangana Na Amerika

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

Rwanda: Umunya Slovenia Atwaye Isiganwa Ry’Isi Mu Bagabo Batwara Igare

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'AmahangaUbukungu

Amasezerano Y’u Rwanda N’Ibirwa Bya Trinidad And Tobago Mu Bwikorezi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?