Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Perezida Kagame Yayoboye Inama Nkuru Y’Inzego Z’Umutekano W’u Rwanda
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Perezida Kagame Yayoboye Inama Nkuru Y’Inzego Z’Umutekano W’u Rwanda

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 21 May 2022 2:41 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Nk’umukuru w’u Rwanda akaba n’Umugaba w’Ikirenga w’ingabo z’u Rwanda, Perezida Paul Kagame yayoboye Inama Nkuru y’Umutekano w’u Rwanda yabereye muri Camp Kigali.

Igizwe n’Abagaba bakuru b’ingabo z’u Rwanda, Abayobozi bakuru ba Polisi y’u Rwanda, Abayobozi bakuru b’Urwego rw’Igihugu rw’Iperereza n’Umutekano n’izindi nzego.

Mu nama nk’iyi inzego nkuru z’umutekano w’u Rwanda ziganira uko uhagaze n’uburyo wakomeza kudanangirwa.

Kubera ko ingabo z’u Rwanda na Polisi yarwo byaguye imbibi z’aho zigomba gucunga no kugarura umutekano, ni ngombwa ko mu nama nk’iyi hareberwa hamwe uko ibintu byifashe ku butaka bw’ibihugu u Rwanda rukoreramo ibikorwa by’umutekano.

Today, President Kagame, Commander-in-Chief of the Rwanda Defence Force (RDF), chairs a High Command Council attended by members from the RDF, Rwanda National Police (RNP), the National Intelligence and Security Service (NISS) and other security organs. pic.twitter.com/4rE0qbe4ZJ

— Presidency | Rwanda (@UrugwiroVillage) May 20, 2022

Kugeza ubu ingabo z’u Rwanda na Polisi bari muri Mozambique, muri Repubulika ya Centrafrique no muri Sudani y’Epfo.

Perezida Kagame aherutse gutangaza ko bidatinze hari ibindi bihugu u Rwanda ruzoherezamo ingabo na Polisi zabyo.

Aho ingabo z’u Rwanda na Polisi yarwo bari hose, bakora kinyamwuga, bakagarura amahoro ku bayabuze ari nako birinda kuyabatesha.

Rimwe mu mahame bagenderaho ni ukubaha umuco w’abaturage bashinzwe kurindira umutekano.

 

TAGGED:featuredIngaboKagamePolisiRDF
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Canal + Rwanda Yagabanyije Ibiciro Ngo Yorohereze Abakiliya Kureba Shampiyona Zigeze Mu Mahina
Next Article Bugesera: Hibutswe Abatutsi Bajugunywe Mu Nzuzi N’Imigezi
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Thailand Ipfa Iki Na Cambodia?

Ndayishimiye Ati: “ Twe Turaterwa Ntidutera!”

Kigali: Yadukiriye Imodoka Ziparitse Mu Mujyi Azimena Ibirahure Atarobanura

Rwanda: Undi Mupolisi Yishwe N’Umuntu Wamugonze

Polisi Yafashe Abibaga Abatuye Ikirwa Cya Nkombo

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Ababitse Ibitabo By’Amateka Y’u Rwanda Barasabwa Kubishyira Inkoranyabitabo Y’Igihugu

DJ Toxxyk Akurikiranyweho Kugonga Umupolisi Agapfa

Ibitabo Umuntu Yandika Ni Umutungo We Bwite Ashobora No Gutanga- Prof Nzeyimana Wigisha Filozofiya

M23 Ivuga Ko Yakuye Abarwanyi Bayo Muri Uvira, Leta Ya Kinshasa Iti: ‘Murabeshya!’

Jean-Pierre Bemba Arasabwa Kwegura

You Might Also Like

Imikino

Amakipe Yaturutse Muri Sudan Ari Kwitwara Neza Muri Shampiyona Y’u Rwanda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu Rwanda

Abanyarwanda Bumve Ko Batekanye- ACP Rutikanga

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ubukungu

Kirehe: Abimuwe Kubera Urugomero Rwa Rusumo Bagiye Gutaha Inzu Nshya

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ubukungu

BRD Yahawe Umuyobozi Mushya

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?