Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Perezida Kagame Yazamuye Mu Ntera Abayobozi Ba Polisi Na RCS
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Perezida Kagame Yazamuye Mu Ntera Abayobozi Ba Polisi Na RCS

admin
Last updated: 25 April 2021 9:11 am
admin
Share
SHARE

Perezida Paul Kagame yazamuye mu ntera abayobozi bakuru ba Polisi y’u Rwanda, aho Umuyobozi Mukuru wa Polisi (Inspector General, IGP) Dan Munyuza wari ufite ipeti rya Komiseri Mukuru Wungirije (Deputy Commissioner General, DCG) yahawe irya Komiseri Mukuru (Commissioner General, CG).

Marizamunda Juvenal uheruka kugirwa Umuyobozi Mukuru w’Urwego rw’Imfungwa n’abagororwa, RCS, waturutse muri Polisi afite ipeti rya DCG, yagizwe Commissioner General muri RCS.

Ujeneza Jeanne Chantal uheruka kugirwa Umuyobozi Mukuru wungirije wa Polisi ushinzwe ubutegetsi n’imari, waturutse muri RCS afite ipeti rya Komiseri Mukuru Wungirije wa RCS, we ryahinduwemo Komiseri Mukuru Wungirije muri Polisi y’u Rwanda.

Perezida Kagame yanazamuye mu ntera Komiseri wa Polisi (Commissioner of Police, CP) Felix Namuhoranye usanzwe ari Umuyobozi Mukuru wungirije wa Polisi ushinzwe ibikorwa. Yagizwe Komiseri Mukuru Wungirije wa Polisi, DCG.

Dan Munyuza na we yazamuwe mu ntera agirwa CG
Marizamunda yazamuwe mu ntera agirwa Commissioner General wa RCS
Namuhoranye yongerewe inyenyeri imwe aba DCG RNP
Ujeneza ipeti rye ryahinduwemo irya Polisi y’u Rwanda nka Deputy Commissioner General
TAGGED:Dan MunyuzafeaturedFelix NamuhoranyeJuvenal MarizamundaPolisi y'u RwandaRCSUjeneza Jeanne Chantal
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Touadéra Yiyemeje Korohereza Abanyarwanda Mu Bucuruzi Muri Centrafrique
Next Article Premier League Igiye Gutera Umugongo Imbuga Nkoranyambaga Mu Minsi Ine
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Inteko Y’U Rwanda Yikomye Iy’Ubumwe Bw’Uburayi

Ubwumvikane Bwa Amerika N’Ubushinwa Ku Ikoreshwa Rya TikTok

Minisitiri W’Intebe W’Ubufaransa Mushya Azanye Amatwara Adasanzwe

Inteko Iratangaza Icyemezo Ku Byo Iy’Uburayi Iherutse Kuvuga Ku Rwanda

Muntoye Nagarurira Kenya Icyubahiro Yahoranye Kubwa Kibaki- Gachagua

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Asaba Ko Drones Nini Zazakoreshwa Mu Kubagezaho Intanga

Ibyahoze Ari Ibiryabarezi Binagurwamo Ibikoresho By’Ingirakamaro

Harateganywa Visit Rwanda Muri Brazil

Congo Yarenze Umurongo Utukura Ubwo Yavugaga Ko Dukora Jenoside- Amb.Urujeni

Hari Icyo RSSB Isaba Abashaka Kuzahabwa RAMA

You Might Also Like

Mu RwandaUbutabera

Ruhango: Abasaza Babiri Bagiye Kwiba Umwe Arahagwa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Umuco Nyarwanda Wamurikiwe Muri Koreya Y’Epfo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Umuturage Wa Israel Akurikiranyweho Kunekera Iran

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbutaberaUmutekano

Polisi Ikomeje Gufata Abakiliya B’Abacukura Amabuye Y’Agaciro Batabyemerewe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?