Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Perezida Kagame Yitabiriye Umuhango Wo Gutaha Stade Nshya Ya Senegal
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Imikino

Perezida Kagame Yitabiriye Umuhango Wo Gutaha Stade Nshya Ya Senegal

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 22 February 2022 6:35 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Umukuru w’u Rwanda Paul Kagame yaraye yakiriwe na mugenzi we uyobora Senegal witwa Macky Sall mu ruzinduko yakoreye muri kiriya gihugu. Mu ruzinduko rwe harimo no kwitabira ifungurwa rya Stade Nshya ya Senegal.

Ni stade  ifite ubushobozi bwo kwakira abantu 50 000. Ikaba yaritiriwe Abdoulaye Wade.

Ikinyamakuru cyandika ku mikino kitwa wiwsports.com cyanditse ko iriya stade nirangiza gufungurwa izahabwa izina rya Stade Abdoulaye Wade,bikaba byarakozwe mu rwego rwo guha icyubahiro umukambwe Abdoulaye Wade wayoboye Senegal igihe kirekire.

https://twitter.com/UrugwiroVillage/status/1495842970649739264?s=20&t=clUWh_sR1UxI531LHyqkOA

Hari ibaruwa bivugwa ko yanditswe n’ubuyobozi bw’ishyaka rya Abdoulaye Wade rishimira Perezida Macky Sall wahisemo kumwitirira iriya Stade iri muri stade nziza kurusha izindi ziri muri Afurika kugeza ubu.

Itangazamakuru ryo muri Senegal rizindutse ryandika ko muri kiriya gihugu ibyishimo ari byose kubera ko uretse no kuba bagiye gutaha Stade nziza cyane kandi nini, ikipe yabo y’igihugu yari iherutse no gutwara igikombe cy’Afurika cy’ibihugu ku mukino wa nyuma yakinnye na Misiri.

Ibaruwa y’ishyaka rya Wade ashimira Macky Sall

Ni igikombe cyakiniwe muri Cameron ya Perezida Paul Biya.

 

Abdoulaye Wade
TAGGED:featuredIkipeKagameMacky SallSenegalStade
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Biragoye Kubona Amagambo – Perezida Kagame Yababajwe n’Urupfu Rwa Dr. Paul Farmer
Next Article Amafoto: Putin Yategetse Ingabo Ze Kwinjira Mu Bice Bya Ukraine
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Uko Umukino Wa APR Na Dynamos Wagenze

Burera Ikomeje Kuba Icyambu Kinini Cy’ Ibiyobyabwenge

Undi Mugore Yafatanywe Urumogi

Miliyoni Frw 464 Z’Ishimwe Zahawe Abatse EBM

Babona Bate Inkuru Zibakorwaho?

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Hari Ikigega Kizaha Urubyiruko Inguzanyo Nta Ngwate

Nyanza: Umugore Yishe Umugabo We

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

Haravugwa Umwuka Mubi Hagati Ya Israel Na Qatar 

DRC: Uwahoze Ari Minisitiri W’Ubutabera Yasabiwe Gukora Imirimo Nsimburagifungo

You Might Also Like

Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUbukungu

Rubavu: Abafite Ubumuga Basaba M23 Kubakomorera Ku Bicuruzwa Byose Bijya i Goma

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Rwanda: Abakanishi Bagiye Guhugurwa K’Ugukanika Batiri Za Bisi Z’Amashanyarazi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUbukungu

Minisitiri W’Intebe Yasuye Icyanya Cy’Inganda Cya Musanze

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUbukungu

P.M Nsengiyumva Asaba Urubyiruko Kudata Umwanya Mu Biciriritse

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?