Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Perezida Kagame Yitabiriye Umuhango Wo Gutaha Stade Nshya Ya Senegal
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Imikino

Perezida Kagame Yitabiriye Umuhango Wo Gutaha Stade Nshya Ya Senegal

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 22 February 2022 6:35 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Umukuru w’u Rwanda Paul Kagame yaraye yakiriwe na mugenzi we uyobora Senegal witwa Macky Sall mu ruzinduko yakoreye muri kiriya gihugu. Mu ruzinduko rwe harimo no kwitabira ifungurwa rya Stade Nshya ya Senegal.

Ni stade  ifite ubushobozi bwo kwakira abantu 50 000. Ikaba yaritiriwe Abdoulaye Wade.

Ikinyamakuru cyandika ku mikino kitwa wiwsports.com cyanditse ko iriya stade nirangiza gufungurwa izahabwa izina rya Stade Abdoulaye Wade,bikaba byarakozwe mu rwego rwo guha icyubahiro umukambwe Abdoulaye Wade wayoboye Senegal igihe kirekire.

https://twitter.com/UrugwiroVillage/status/1495842970649739264?s=20&t=clUWh_sR1UxI531LHyqkOA

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Hari ibaruwa bivugwa ko yanditswe n’ubuyobozi bw’ishyaka rya Abdoulaye Wade rishimira Perezida Macky Sall wahisemo kumwitirira iriya Stade iri muri stade nziza kurusha izindi ziri muri Afurika kugeza ubu.

Itangazamakuru ryo muri Senegal rizindutse ryandika ko muri kiriya gihugu ibyishimo ari byose kubera ko uretse no kuba bagiye gutaha Stade nziza cyane kandi nini, ikipe yabo y’igihugu yari iherutse no gutwara igikombe cy’Afurika cy’ibihugu ku mukino wa nyuma yakinnye na Misiri.

Ibaruwa y’ishyaka rya Wade ashimira Macky Sall

Ni igikombe cyakiniwe muri Cameron ya Perezida Paul Biya.

 

Abdoulaye Wade
TAGGED:featuredIkipeKagameMacky SallSenegalStade
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Biragoye Kubona Amagambo – Perezida Kagame Yababajwe n’Urupfu Rwa Dr. Paul Farmer
Next Article Amafoto: Putin Yategetse Ingabo Ze Kwinjira Mu Bice Bya Ukraine
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Bobi Wine Agiye Kongera Kwiyamamariza Kuyobora Uganda

Papa Leo XIV Yasuye Imva Y’Uwo Aherutse Gusimbura

Amazi Yabereye Abatutsi Irimbi Kandi Asanzwe Ari Ubuzima

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

Burundi: Impunzi Zo Muri DRC Zugarijwe N’Indwara Zikomeye

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Nduhungirehe Avuga Ku Mushinga u Rwanda Rufitanye Na Amerika Ku Bimukira

Rwanda: Abagabo Bapfa Baruta Ubwinshi Abagore

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Abasirikare Batatu B’u Rwanda Biciwe Muri Mozambique 

Aba Cardinals Batora Papa Bamaze Gushyira Ibintu Ku Murongo…

You Might Also Like

Mu RwandaUbukungu

Kwagura Umuhanda Kigali-Muhanga Byasubitswe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Rwanda: Ingengo Y’Imari Ya 2025-2026 Iziyongeraho Miliyari 1.216

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Umunyamerika Yatorewe Kuba Papa Wa Mbere Mu Mateka

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Umusaruro W’Ibikomoka Ku Buhinzi u Rwanda Rwohereje Hanze Mu Cyumweru Gishize

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?