Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Perezida Macron Yageze I Kigali
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Politiki

Perezida Macron Yageze I Kigali

admin
Last updated: 27 May 2021 10:13 am
admin
Share
SHARE

Perezida w’u Bufaransa Emmanuel Macron yageze i Kigali, mu ruzinduko yatangaje ko rugamije gufungura paji nshya mu mubano n’u Rwanda.

Ni we perezida wa kabiri w’u Bufaransa ugiriye uruzinduko mu Rwanda nyuma ya Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Undi wabikoze ni Nicolas Sarkozy.

Mbere yo guhaguruka i Paris yanditse kuri Twitter ati “Mu gihe ngiye guhaguruka nerekeza i Kigali, mfite icyizere gikomeye: mu masaha make ari imbere, turandikira hamwe paji nshya mu mubano wacu n’u Rwanda na Afurika.”

Au moment de décoller pour Kigali, j’ai une conviction profonde : au cours des prochaines heures, nous allons écrire ensemble une page nouvelle de notre relation avec le Rwanda et l’Afrique.

— Emmanuel Macron (@EmmanuelMacron) May 26, 2021

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Biteganyijwe ko Macron asura Urwibutso rwa Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 rwa Kigali, ruherereye ku Gisozi. Ruruhukiyemo imibiri isaga 250 000.

Biteganyijwe ko ahavugira ijambo, ku buryo hitezwe kureba niba asaba imbabazi ku ruhare rw’igihugu cye mu mateka yagejeje kuri Jenoside yakorewe Abatutsi. Ni uruhare rwashimangiwe na raporo ebyiri zitandukanye, zirimo iyakozwe na komisiyo Macron ubwe yishyiriyeho, n’indi yakozwe n’u Rwanda.

Umujyanama we yabwiye RFI ko “Ni ngombwa ko hagira ikivugwa ku ruhare rw’u Bufarana muri kiriya gihe cyo hagati ya 90 na 94.”

Biteganyijwe kandi ko Macron na Perezida Paul Kagame bagirana ikiganiro n’itangazamakuru.

Perezida Macron yururuka mu ndege ya Leta y’u Bufaransa
Perezida Macron yakiriwe ku kibuga cy’indege i Kanombe na Minisitiri w’Ububanyi n’amahanga Dr Vincent Biruta
TAGGED:Emmanuel MacronfeaturedKigali
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Abantu 17 Bafashwe Bari Gusengera Mu Rugo Rw’Umuturage
Next Article Ibintu Byahinduye Isura, Igice Cy’Umujyi Wa Goma Cyahungishijwe
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

DRC: Umusirikare Yarasiye Abantu Mu Kiliziya 

Perezida Kagame Mu Nama Na Bagenzi Be Yiga Ku Iterambere Rya Afurika

Ngirente Ashima Uruhare Rwa Rwandair Mu Guhuza Afurika

U Rwanda Rurafungura Ambasade Muri Hongrie

Rwanda: Abana Basobanukiwe Ibidukikije Bagiye Kubisangiza Abandi

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Rwanda: Abagabo Bapfa Baruta Ubwinshi Abagore

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Abasirikare Batatu B’u Rwanda Biciwe Muri Mozambique 

Roma: Gutora Papa Ku Munsi Wa Mbere Byananiranye

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

You Might Also Like

Mu RwandaUbumenyi N'Ubuhanga

Niba Utabasha Guhagarara K’Ukuguru Kumwe Mu Masogonda 10 Umenye Ko Washaje…

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Bobi Wine Agiye Kongera Kwiyamamariza Kuyobora Uganda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Papa Leo XIV Yasuye Imva Y’Uwo Aherutse Gusimbura

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbutabera

Amazi Yabereye Abatutsi Irimbi Kandi Asanzwe Ari Ubuzima

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?