Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Perezida Ndayishimiye Yahuye N’Abasirikare Bakuru Mu Ngabo Ze
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Perezida Ndayishimiye Yahuye N’Abasirikare Bakuru Mu Ngabo Ze

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 26 May 2021 4:36 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Umukuru w’u Burundi akaba ari n’Umugaba w’Ikirenga w’ingabo z’u Burundi Evariste Ndayishimiye yahuye n’abasirikare bakuru mu ngabo ze baganira uko ibibazo y’umutekano bihagaze mu gihugu cye.

Yabashimiye akazi bakora ariko abasaba gukomereza ho bakubaka igihugu.

Perezida Ndayishimiye yabwiye abasirikare bakuru b’igihugu cye babaye ingirakamaro kinini mu guhuza abaturage, no kwimakaza imiyoborere  myiza n’iterambere.

Yababwiye ko impamvu yatumye bagira uruhare mu iterambere ry’u Burundi ari uko abasirikare bakuru bamenye amateka yabo bagakurikiza indangagaciro zaranze Abarundi.

Iyi nama ayigiranye n’ingabo z’igihugu cye nyuma gato y’uko hari abarwanyi bo mu FLN bavuye mu Burundi bakambuka umugezi wa Ruhwa ugabanya u Burundi n’u Rwanda bagatera u Rwanda binjiriye mu Murenge wa Bweyeye mu Karere ka Rusizi mu Ntara y’i Burengerazuba.

Ingabo z’u Rwanda zeretse itangazamakuru ibikoresho bya gisirikare cyavagaga ko cyambuye abo barwanyi ndetse n’imirambo ibiri y’abo barwanyi.

Bukeye ariko ingabo z’u Burundi zarabihakanye mu itangazo ryavuye muri Minisiteri y’ingabo z’u Burundi.

Ubwo yari ahageze bubahiriza indirimbo y’u Burundi
Abasirikare bakuru b’u Burundi bari mu kiganiro n’Umukuru w’u Burundi
TAGGED:AbasirikareBurundifeaturedNdayishimiyeRusiziRwandaUmukuru
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Umujyi Wa Kigali Ugiye Gushyirwamo Amagare Yihariye
Next Article Bana Mwirinde Ibyaha Kuko N’Ufite Imyaka 16 Arabihanirwa- Umuyobozi Wungirije Wa RIB
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Twishimiye Drones Zitwara Abagenzi-Kagame Avuga Ku Ikoranabuhanga Mu By’Indege

Groupe Kassav Niyo Izasusurutsa Abazita Ingagi Amazina

Amerika Ikomeje Kureshya DRC Ku Byerekeye Amabuye Y’Agaciro

Icyo Abazasiganwa Mu Irushanwa Ry’Isi Ry’Amagare Bavuga Ku Mihanda Y’u Rwanda

Trump Yategetse Hamas Guhita Irekura Abanya Israel Bose Yashimuse

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Ubushinwa Bweretse Isi Ko Ku Ntwaro Bwihagazeho

Miliyari Frw 135 Zishyirwa Mu Kugaburirira Abana Ku Ishuri Buri Mwaka-Min. Bagabe

Abanyakigali Bakomeje Kugemurirwa Urumogi

Abawazalendo Bigaragambije Ku Cyemezo Cya Leta

Trump Yategetse Hamas Guhita Irekura Abanya Israel Bose Yashimuse

You Might Also Like

Mu RwandaPolitiki

Abangilikani Bizihije Imyaka 100 Ishize Bageze Mu Rwanda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Misiri Irashaka Gukaza Umutekano Ku Mupaka Wayo Na Gaza

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUbukungu

Kacyiru Hari Gusizwa Ibibanza Bizubakwamo Inzu Ndende ‘Koko’

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbucuruzi MpuzamahangaUbukungu

Rwanda: Abohereza Ikawa Mu Burayi Basabwe Gukurikiza Ibyo Bushaka

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?