Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Perezida Ndayishimiye Yahuye N’Abasirikare Bakuru Mu Ngabo Ze
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Perezida Ndayishimiye Yahuye N’Abasirikare Bakuru Mu Ngabo Ze

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 26 May 2021 4:36 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Umukuru w’u Burundi akaba ari n’Umugaba w’Ikirenga w’ingabo z’u Burundi Evariste Ndayishimiye yahuye n’abasirikare bakuru mu ngabo ze baganira uko ibibazo y’umutekano bihagaze mu gihugu cye.

Yabashimiye akazi bakora ariko abasaba gukomereza ho bakubaka igihugu.

Perezida Ndayishimiye yabwiye abasirikare bakuru b’igihugu cye babaye ingirakamaro kinini mu guhuza abaturage, no kwimakaza imiyoborere  myiza n’iterambere.

Yababwiye ko impamvu yatumye bagira uruhare mu iterambere ry’u Burundi ari uko abasirikare bakuru bamenye amateka yabo bagakurikiza indangagaciro zaranze Abarundi.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Iyi nama ayigiranye n’ingabo z’igihugu cye nyuma gato y’uko hari abarwanyi bo mu FLN bavuye mu Burundi bakambuka umugezi wa Ruhwa ugabanya u Burundi n’u Rwanda bagatera u Rwanda binjiriye mu Murenge wa Bweyeye mu Karere ka Rusizi mu Ntara y’i Burengerazuba.

Ingabo z’u Rwanda zeretse itangazamakuru ibikoresho bya gisirikare cyavagaga ko cyambuye abo barwanyi ndetse n’imirambo ibiri y’abo barwanyi.

Bukeye ariko ingabo z’u Burundi zarabihakanye mu itangazo ryavuye muri Minisiteri y’ingabo z’u Burundi.

Ubwo yari ahageze bubahiriza indirimbo y’u Burundi
Abasirikare bakuru b’u Burundi bari mu kiganiro n’Umukuru w’u Burundi
TAGGED:AbasirikareBurundifeaturedNdayishimiyeRusiziRwandaUmukuru
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Umujyi Wa Kigali Ugiye Gushyirwamo Amagare Yihariye
Next Article Bana Mwirinde Ibyaha Kuko N’Ufite Imyaka 16 Arabihanirwa- Umuyobozi Wungirije Wa RIB
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

DRC: Umusirikare Yarasiye Abantu Mu Kiliziya 

Perezida Kagame Mu Nama Na Bagenzi Be Yiga Ku Iterambere Rya Afurika

Ngirente Ashima Uruhare Rwa Rwandair Mu Guhuza Afurika

U Rwanda Rurafungura Ambasade Muri Hongrie

Rwanda: Abana Basobanukiwe Ibidukikije Bagiye Kubisangiza Abandi

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Rwanda: Abagabo Bapfa Baruta Ubwinshi Abagore

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Abasirikare Batatu B’u Rwanda Biciwe Muri Mozambique 

Roma: Gutora Papa Ku Munsi Wa Mbere Byananiranye

Aba Cardinals Batora Papa Bamaze Gushyira Ibintu Ku Murongo…

You Might Also Like

Mu RwandaUbumenyi N'Ubuhanga

Niba Utabasha Guhagarara K’Ukuguru Kumwe Mu Masogonda 10 Umenye Ko Washaje…

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Bobi Wine Agiye Kongera Kwiyamamariza Kuyobora Uganda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Papa Leo XIV Yasuye Imva Y’Uwo Aherutse Gusimbura

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbutabera

Amazi Yabereye Abatutsi Irimbi Kandi Asanzwe Ari Ubuzima

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?