Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Perezida Wa Guinea Yasuye Agace Kahariwe Inganda I Masoro
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Ubukungu

Perezida Wa Guinea Yasuye Agace Kahariwe Inganda I Masoro

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 08 March 2022 4:54 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Perezida Umaro Sissoco Embalo n’itsinda ayoboye basuye agace kahariwe inganda kari i Masoro mu Mujyi wa Kigali.

Uyu mugabo uyobora Guinea Bissau ari mu Rwanda mu ruzinduko rw’iminsi itatu, kuri uyu wa Mbere taliki 07, Werurwe, 2022 akaba yarahuye na mugenzi we uyobora u Rwanda, Paul Kagame.

Umuvugizi w’Ibiro by’Umukuru w’u Rwanda Stéphanie Nyombayire avuga ko Perezida Embalo azasura na Kaminuza yitwa Carnegie Mellon University campus, agasura uruganda Africa Improved Foods ndetse n’uruganda Volkswagen.

Nyombayire yabwiye The New Times ati: “ Ibi ni ibigo bikorera mu Rwanda ibikoresho u Rwanda rushobora kuzajya rwohereza no muri ‘Guinea’. Muri byo harimo n’imodoka zakorewe inaha. Hari n’abanyeshuri bo muri kiriya gihugu duteganya ko bazaza kwiga muri Kaminuza zacu.”

Amakuru ava mu Biro by’Umukuru w’igihugu avuga ko u Rwanda ruri kuganira na Guinea Bissau uko hasinywa amasezerano y’ubufatanye mu by’ubwikorezi bw’abantu n’ibindi bukoresha indege.

Ni amasezerano bise  Bilateral Air Service Agreement (BASA).

Bivugwa kandi ko bidatinze Ikigo nyarwanda gitwara abantu n’ibintu mu kirere( RwandAir) kizatangira kujya muri Guinea Bissau.

TAGGED:EmbaloGuineaPerezidaRwanda
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Mu Mibare : Umugore Mu Rwanda Ahagaze Ate ?
Next Article Uburinganire Ni Uburenganzira, Si Impuhwe – Perezida Kagame
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Shampiyona Y’Abagore Y’u Rwanda Izajya Ica Kuri Rubuga Rwa FIFA

Abana Bato Bafite Ba Nyina Bacukura Amabuye Y’Agaciro Babaho Bate?

ICPAR Yishimira Aho Igeze Iteza Imbere Umwuga W’Ibaruramari

Kagame Yaganiriye N’Uyobora Banki Nyafurika Y’Iterambere Bibanda Ku Mikoranire

Kuki Hari Imyanzuro u Rwanda Rwemera K’Uburenganzira Bwa Muntu Ntishyirwe Mu Bikorwa Yose

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Ese Robo Zitwara Imodoka Mu Buryo Butekanye Kurusha Abantu?

Niki Cyateye Igiciro Cy’Ikawa Y’u Rwanda Kuzamuka?

U Rwanda Rusanga Imvugo Za Ndayishimiye Zibangamira Umubano Warwo N’Uburundi

Nyuma Y’u Rwanda, IShowSpeed Yakomereje Muri Kenya

Rwanda: 80.7% By’Abana Bari Munsi Y’Imyaka Itandatu Bahabwa Serivise Mu Irerero

You Might Also Like

Ubukungu

Hatangijwe Ubufatanye Mu Kuzamura Ubwinshi N’Ubwiza Bw’Imbuto 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu Rwanda

Uko RDF Yakiriwe Muri Jamaica

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imyidagaduro

DJ Toxxyk Hari Ibyo Yemeye Mu Rukiko Ibindi Arabihakana

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ubukungu

Ibigo Bya Amerika Bicukura Petelori Birashaka Ko Muri Irani Zihindura Imirishyo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?