Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Perezida Wa Guinea Yasuye Agace Kahariwe Inganda I Masoro
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Ubukungu

Perezida Wa Guinea Yasuye Agace Kahariwe Inganda I Masoro

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 08 March 2022 4:54 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Perezida Umaro Sissoco Embalo n’itsinda ayoboye basuye agace kahariwe inganda kari i Masoro mu Mujyi wa Kigali.

Uyu mugabo uyobora Guinea Bissau ari mu Rwanda mu ruzinduko rw’iminsi itatu, kuri uyu wa Mbere taliki 07, Werurwe, 2022 akaba yarahuye na mugenzi we uyobora u Rwanda, Paul Kagame.

Umuvugizi w’Ibiro by’Umukuru w’u Rwanda Stéphanie Nyombayire avuga ko Perezida Embalo azasura na Kaminuza yitwa Carnegie Mellon University campus, agasura uruganda Africa Improved Foods ndetse n’uruganda Volkswagen.

Nyombayire yabwiye The New Times ati: “ Ibi ni ibigo bikorera mu Rwanda ibikoresho u Rwanda rushobora kuzajya rwohereza no muri ‘Guinea’. Muri byo harimo n’imodoka zakorewe inaha. Hari n’abanyeshuri bo muri kiriya gihugu duteganya ko bazaza kwiga muri Kaminuza zacu.”

Amakuru ava mu Biro by’Umukuru w’igihugu avuga ko u Rwanda ruri kuganira na Guinea Bissau uko hasinywa amasezerano y’ubufatanye mu by’ubwikorezi bw’abantu n’ibindi bukoresha indege.

Ni amasezerano bise  Bilateral Air Service Agreement (BASA).

Bivugwa kandi ko bidatinze Ikigo nyarwanda gitwara abantu n’ibintu mu kirere( RwandAir) kizatangira kujya muri Guinea Bissau.

TAGGED:EmbaloGuineaPerezidaRwanda
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Mu Mibare : Umugore Mu Rwanda Ahagaze Ate ?
Next Article Uburinganire Ni Uburenganzira, Si Impuhwe – Perezida Kagame
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

FERWAFA Yagennye Umubare Mushya W’Abanyamahanga Mu Ikipe Yitabiriye Shampiyona

Congo Yarenze Umurongo Utukura Ubwo Yavugaga Ko Dukora Jenoside- Amb.Urujeni

Ibyahoze Ari Ibiryabarezi Binagurwamo Ibikoresho By’Ingirakamaro

Asaba Ko Drones Nini Zazakoreshwa Mu Kubagezaho Intanga

Harateganywa Visit Rwanda Muri Brazil

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Icyo Abazasiganwa Mu Irushanwa Ry’Isi Ry’Amagare Bavuga Ku Mihanda Y’u Rwanda

Trump Yategetse Hamas Guhita Irekura Abanya Israel Bose Yashimuse

Groupe Kassav Niyo Izasusurutsa Abazita Ingagi Amazina

Twishimiye Drones Zitwara Abagenzi-Kagame Avuga Ku Ikoranabuhanga Mu By’Indege

Amerika Ikomeje Kureshya DRC Ku Byerekeye Amabuye Y’Agaciro

You Might Also Like

Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUmutekano

RIB Ibakurikiranyeho Gukoresha Telefoni Bagatekera Abandi Umutwe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IkoranabuhangaMu RwandaUbukungu

Rwanda: Bidatinze Drones Zizageza Ibicuruzwa Mu Ngo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Rubavu: Minisitiri W’Intebe Yasuye Inganda Zikora Ku Kiyaga Cya Kivu

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUbukungu

Ab’i Musanze Bibukijwe Akamaro Ingagi Zibafitiye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?