Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Perezida Wa Israel Yaje Kwifatanya Mu Kwibuka Jenoside Yakorewe Abatutsi
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Perezida Wa Israel Yaje Kwifatanya Mu Kwibuka Jenoside Yakorewe Abatutsi

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 07 April 2024 9:36 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Isaac Herzog yageze mu Rwanda mu muhango wo kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi. Ambasade ya Israel mu Rwanda niyo yatangaje iby’uko Perezida Herzog yageze i Kigali.

Ku kibuga cy’indege yakiriwe n’Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’ububanyi n’amahanga Gen( Rtd) James Kabarebe na Ambasaderi wa Israel mu Rwanda Einat Weiss.

Aje asanga abantu bakuru b’ibihugu bari mu Rwanda muri iki gikorwa barimo uwa Afurika y’Epfo, uw’Ibirwa bya Maurices, Mauritania, uwa Repubulika ya Tchèque, uwa Sudani y’Epfo, uwa Repubulika ya Centrafrique n’abandi banyacyubahiro.

This morning, Israeli President H.E @Isaac_Herzog arrived at the Kigali International Airport, where he will participate in the 30th commemoration of the Genocide against the Tutsi in 1994. 🇮🇱🇷🇼#Kwibuka30 pic.twitter.com/e4evtMOCdJ

— Israel in Rwanda (@IsraelinRwanda) April 7, 2024

TAGGED:featuredIsraelKwibukaPerezidaRwanda
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Musanze: Bishyize Hamwe Ngo Bateze Imbere Icyaro
Next Article Perezida Kagame Yacanye Urumuri Rutazima
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Urubyiruko Rw’U Rwanda Ruriyahura Cyane-RBC

Gusomera Kabila Byasubitswe, Hari Ibigiye Gusubirwamo

Minisitiri w’Intebe Wa Qatar Arajya Kurega Israel Kuri Trump

Polisi Irashakisha Abantu Bahohoteye Umugore Bikomeye

Kabila Arasomerwa

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Mutwarasibo Yiyahuye Kubera Umugore We

Hari Ubwoba Bw’Intambara Ya Amerika Na Venezuela 

Ebola Yagarutse Muri DRC

Ab’i Musanze Bibukijwe Akamaro Ingagi Zibafitiye

Rwanda: Ibiciro By’Ibikomoka Kuri Petelori Byazamutse

You Might Also Like

IbyamamareImyidagaduroMu Rwanda

Ibya Ariel Wayz Byajemo Gishegesha

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUmutekano

Nyamasheke: Abageni Bwari Bucye Basezerana Bakubiswe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUmutekano

Rulindo: Yafatanywe Ayo Kwishyura Abacukura Amabuye Mu Buryo Butemewe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Akamaro K’Amashanyarazi Akomoka Ku Mirasire Y’Izuba Ni Ntagereranywa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?