Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Perezida Wa M23 Ati: ‘Ubutaka Twafashe ‘Tuzabushyiraho’ Ubutegetsi Bwigenga’
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Perezida Wa M23 Ati: ‘Ubutaka Twafashe ‘Tuzabushyiraho’ Ubutegetsi Bwigenga’

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 19 November 2023 8:37 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Bertrand Bisimwa uyobora M23 mu rwego rwa Politiki yaraye ababwiye itangazamakuru rya DRC n’itangazamakuru mpuzamahanga ko niba ubutegetsi bwa DRC butemeye ko habaho ibiganiro ngo ibintu bikemurwe mu mahoro, bizaba ngombwa ko aho M23 yafashe ihashyira ubuyobozi bwigenga.

Yagize ati: “ …[Twabishyize mu Kinyarwanda bivuye mu Gifaransa]…Niba ubutegetsi bw’i Kinshasa bukomeje kwibeshya ko iyi ntambara izarangizwa no kurasana, twe tuzabarasa tubatsinde. Nitubatsinda bakanga kwemera ko tuganira, aho twafashe tuzahashyira ubutegetsi bwigenga kandi tuzahayobora ubwacu, tutabishingikirijeho.”

Bisimwa avuga ko M23 n’abo iharanira kubohora no kurinda ari abantu bakwiye kubaho badahohoterwa ngo bicwe n’abo yise ‘abajenosideri barya abantu’, genocidaires cannibals.

Bertrand Bisimwa avuga ko M23 1 izashyira buhoro buhoro ubuyobozi mu bice yafashe kandi ngo n’ahandi abaturage bazayisaba kuza kubaha umutekano n’ubuyobozi buhamye, izajya yo nta kabuza.

Indi ngingo yagarutseho ni uko ubwe yigeze kujya i Bujumbura abonana na Perezida Ndayishimiye.

Avuga ko yamusabye kureka gukorana na FARDC na FDLR ndetse na Wazalendo ariko ngo ibyo bumvikanye ntibyakozwe.

Ubwo yasomaga ibikubiye mu ngingo nkuru yari yateguruye itangazamakuru mu kiganiro yaraye abahereye i Bunagana ku ipaji ya kabiri Bisiimwa yavuze ko ubwe yageze i Bujumbura.

Perezida w’Uburundi Evariste Ndayishimiye

Mu bindi yagarutseho ni uko ubutegetsi bwa Kinshasa bwagombye kuzirikana ko imbunda itazazana amahoro ahubwo ko  amasezerano yasinywe mu bihe bitandukanye muri Nairobi na Luanda ari yo yari akwiye gukurikizwa.

TAGGED:BisimwafeaturedLuandaM23NairobiUbuyobozi
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Nyamasheke: FUSO Yari Ipakiye Ingurube Yahitanye Shoferi, Hapfa Ingurube 12
Next Article Demukarasi Muri Liberia: George Weah Yashimiye Uwamutsinze Mu Matora
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Kuki Ibibazo By’Ubufaransa Bizajegeza Uburayi Bwose

Gaza: Hamas Yasabye Abarwanyi 7,000 Gusubira Aho Ingabo Za Israel Zavuye

Mfite Impungenge Ko Ibyo Kwaka FDLR Intwaro Bizaba Amasigarakicaro- Dr Buchanan

Ingabo Za Amerika Zamaze Kugera Muri Israel

Makuza Ayoboye Indorerezi Za Afurika Yunze Ubumwe Mu Matora Yo Muri Cameroun

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Rwanda: Bariga Guhunika Umusaruro Ngo Inzara Izacike

U Rwanda Ruzakira Inama Y’Abaminisitiri B’Ububanyi N’amahanga Mu Bihugu Bivuga Igifaransa

Israel N’U Rwanda Twanze Guheranwa N’Amateka Mabi- Ambasaderi Einat

Musanze: Umusore Na Nyina Bafatanywe Urumogi

Hamas Yasabye Israel Kuyiha Umurambo Wa Yahya Sinwar

You Might Also Like

Mu mahangaUbubanyi n'Amahanga

DRC: Leta Yategetse FDLR Kwishyira Mu Maboko Y’Ingabo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUmutekano

Rwanda: Amagaraje Atujuje Ibisabwa Azafungwa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Kagame Yaganiriye N’Abayobozi Ba EU K’Ubufatanye Mu Gukora Inkingo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Kagame Yibukije Abanyaburayi Akamaro Ko Gukorana Neza N’Abanyafurika

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?