Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Perezida Wa M23 Ati: ‘Ubutaka Twafashe ‘Tuzabushyiraho’ Ubutegetsi Bwigenga’
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Perezida Wa M23 Ati: ‘Ubutaka Twafashe ‘Tuzabushyiraho’ Ubutegetsi Bwigenga’

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 19 November 2023 8:37 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Bertrand Bisimwa uyobora M23 mu rwego rwa Politiki yaraye ababwiye itangazamakuru rya DRC n’itangazamakuru mpuzamahanga ko niba ubutegetsi bwa DRC butemeye ko habaho ibiganiro ngo ibintu bikemurwe mu mahoro, bizaba ngombwa ko aho M23 yafashe ihashyira ubuyobozi bwigenga.

Yagize ati: “ …[Twabishyize mu Kinyarwanda bivuye mu Gifaransa]…Niba ubutegetsi bw’i Kinshasa bukomeje kwibeshya ko iyi ntambara izarangizwa no kurasana, twe tuzabarasa tubatsinde. Nitubatsinda bakanga kwemera ko tuganira, aho twafashe tuzahashyira ubutegetsi bwigenga kandi tuzahayobora ubwacu, tutabishingikirijeho.”

Bisimwa avuga ko M23 n’abo iharanira kubohora no kurinda ari abantu bakwiye kubaho badahohoterwa ngo bicwe n’abo yise ‘abajenosideri barya abantu’, genocidaires cannibals.

Bertrand Bisimwa avuga ko M23 1 izashyira buhoro buhoro ubuyobozi mu bice yafashe kandi ngo n’ahandi abaturage bazayisaba kuza kubaha umutekano n’ubuyobozi buhamye, izajya yo nta kabuza.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Indi ngingo yagarutseho ni uko ubwe yigeze kujya i Bujumbura abonana na Perezida Ndayishimiye.

Avuga ko yamusabye kureka gukorana na FARDC na FDLR ndetse na Wazalendo ariko ngo ibyo bumvikanye ntibyakozwe.

Ubwo yasomaga ibikubiye mu ngingo nkuru yari yateguruye itangazamakuru mu kiganiro yaraye abahereye i Bunagana ku ipaji ya kabiri Bisiimwa yavuze ko ubwe yageze i Bujumbura.

Perezida w’Uburundi Evariste Ndayishimiye

Mu bindi yagarutseho ni uko ubutegetsi bwa Kinshasa bwagombye kuzirikana ko imbunda itazazana amahoro ahubwo ko  amasezerano yasinywe mu bihe bitandukanye muri Nairobi na Luanda ari yo yari akwiye gukurikizwa.

TAGGED:BisimwafeaturedLuandaM23NairobiUbuyobozi
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Nyamasheke: FUSO Yari Ipakiye Ingurube Yahitanye Shoferi, Hapfa Ingurube 12
Next Article Demukarasi Muri Liberia: George Weah Yashimiye Uwamutsinze Mu Matora
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

U Rwanda Rurafungura Ambasade Muri Hongrie

Rwanda: Abana Basobanukiwe Ibidukikije Bagiye Kubisangiza Abandi

Nyarugenge: Bafatanywe Ubwoko 31 Bw’Amavuta Yangiza Uruhu

Niba Utabasha Guhagarara K’Ukuguru Kumwe Mu Masogonda 10 Umenye Ko Washaje…

Bobi Wine Agiye Kongera Kwiyamamariza Kuyobora Uganda

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Rwanda: Abagabo Bapfa Baruta Ubwinshi Abagore

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Abasirikare Batatu B’u Rwanda Biciwe Muri Mozambique 

Aba Cardinals Batora Papa Bamaze Gushyira Ibintu Ku Murongo…

Roma: Gutora Papa Ku Munsi Wa Mbere Byananiranye

You Might Also Like

Mu mahangaPolitiki

Papa Leo XIV Yasuye Imva Y’Uwo Aherutse Gusimbura

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbutabera

Amazi Yabereye Abatutsi Irimbi Kandi Asanzwe Ari Ubuzima

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ubukungu

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Burundi: Impunzi Zo Muri DRC Zugarijwe N’Indwara Zikomeye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?