Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Israel Yatangaje Telefoni Y’Umuyobozi Wa Hamas Ngo UN Imuhamagare
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Israel Yatangaje Telefoni Y’Umuyobozi Wa Hamas Ngo UN Imuhamagare

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 13 December 2023 3:31 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Nyuma y’uko Inteko rusange ya UN yemeje ko intambara yo muri Gaza ihagarara, uhagarariye Israel muri uyu Muryango witwa  Gilad Erdan yazamuye icyapa cyanditseho nomero ya telefoni y’Umuyobozi mukuru wa Hamas witwa Yahya Sinwar asaba UN ko yamuhamagara akaba ari we ubazwa ibyo guhagarika intambara kuko ari Hamas yayitangije.

Erdan yagize ati: “ Ese mu by’ukuri murashaka ko intambara ihagarara? Niba ari ko bimeze, nimuhamagare iyo nomero y’umuyobozi wa Hamas mubimusabe kuko niwe watangiye iyi ntambara.”

Gilad yavuze ko Sinwar ari we ufite urufunguzo rw’uko intambara ihagaze mu buryo burambye kandi ngo yabikora aramutse asabye  abarwanyi be gushyira intwaro hasi, bakarekura abaturage ba Israel bashimuse.

N’ubwo ibihugu byinshi byatoye ko intambara ihagarara, hakemezwa umwanzuro 153-10 ku rundi ruhande ibihugu 23 byifashe, ariko ibindi nka Amerika, Autriche, Czech Republic, Guatemala, Liberia, Micronesia, Nauru, Papa New Guinea na Paraguay byanze kuwutora.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image
TAGGED:HamasIsraelNomeroUmuyoboziUN
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Moïse Katumbi Yahagaritse Kwiyamamaza
Next Article RIB Yasangije Mali Uko Ikurikirana Ibyaha Bimunga Ubukungu
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

DRC Irataka Ko Impunzi Z’Abanya Centrafrique Zinjira Ku Bwinshi

RDF Iri Kubaka Igisirikare Cya Mozambique Kirwanira Ku Butaka

Dangote Akomeje Kuyobora Abaherwe Ba Afurika

Jeannette Kagame Arahemba Abakobwa Batsinze Neza Ibizamini Bya Leta

Abanyamahanga Biga Muri Harvard Bareze Leta Ya Trump

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Nyarugenge: Imodoka Ya WASAC Yibwe

Nyagatare: Haravugwa Kotsa Burushete Z’Imbwa 

Uwahoze Muri RDF Akurikiranyweho Ibyaha Byo Mu Mabuye y’Agaciro

BNR Mu Ngamba Zo Kurushaho Guteza Imbere Ikoranabuhanga Mu Kwishyurana

Cardinal Kambanda Yatunguwe No Kumva Ko Kwa Yezu Nyirimpuhwe Hafunzwe

You Might Also Like

Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Martin Ngoga Yabaye Ambasaderi W’u Rwanda Muri UN

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Intambara Y’Amagambo Hagati Ya Israel N’Ubwongereza

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Kabila Yambuwe Ubudahangarwa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

UN N’u Rwanda Mu Bufatanye Bufite Agaciro Ka Miliyari $1

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?