Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Perezida Wa Madagascar Yuhunze Igihugu 
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahangaPolitiki

Perezida Wa Madagascar Yuhunze Igihugu 

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 13 October 2025 2:55 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Nyuma yo kubyemeranya na Perezida Emmanuel Macron, ubu mugenzi we wa Madagascar yamaze guhungira mu Bufaransa hakoreshejwe kajugujugu.

Andri Rajoelina ahunze igihugu nyuma y’uko urubyiruko rumushyizeho igitutu ngo agire ibyo ahindura byatuma rubaho neza.

Imyigaragambyo yarwo yatangiye Tariki 25, Nzeri, 2025 rumusaba kwegura aho kubikora ahitamo gushyiraho Minisitiri w’Intebe w’umusirikare, ikintu cyatumye ibintu birushaho kuzamba.

Mu ntangiriro, abasirikare na Polisi batangiye gukoresha ibyuka biryana mu maso ngo batatanye abaturage ariko baranga baranangira.

Kuri uyu wa Mbere byari biteganyijwe ko ari bugeze ijambo ku baturage ariko Radio France Internationale yaje gutangaza ko Rajoelina yamaze guhungira mu Bufaransa.

Ahunze nyuma y’uko hageragejwe coup d’etat igapfuba.

Yahise abona ko ibintu byafashe indi ntera nibwo yateguraga uko yahungira mu gihugu cyakolonije Ubufaransa.

Andi makuru aravuga ko na Minisitiri w’Intebe Christian Ntsay n’umunyemari ukomeye witwa Mamy Ravatomanga bahungiye mu birwa bya Mauritius.

TAGGED:featuredGuhungaIgihuguMadagascarUbufaransa
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Netanyahu Ati: ‘Abanzi Bacu Bamenye Ko Tutujya Twibagirwa’
Next Article Nick Ngendahayo Ari Gutegura Igitaramo Kirangiza Umwaka Kizabera I Kigali 
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Tekeniki Zifasha Inyoni Kuguruka Zigishije Abantu Gukora Indege

Intambara Ya Dipolomasi Hagati Ya Israel Na Afurika Y’Epfo Irafata Indi Ntera

DRC: Abantu 200 Bishwe N’Ikirombe

Burundi: Hari Ibice Biri Kuba Ubutayu Kubera Amapfa

Umukinnyi Ukomeye Wa Kepler WBBC Yaguzwe Na REG WBBC

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Amerika Irashaka Intambara Yeruye Na Iran

Burundi: Haravugwa Guhangana Hagati Ya Ndayishimiye N’Umunyamabanga  Wa CNDD-FDD

U Rwanda Rurashaka Ko Ubwongereza Buruha Amafaranga Yarwo Yose

Kigali: Umusore Yishe Mugenzi We Amuziza Umukobwa

Uko RURA Yabangamiye Ishoramari Ry’Abahoze Mu Ngabo

You Might Also Like

Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Umuhuza Wa Afurika Yunze Ubumwe Mu Kibazo Cy’u Rwanda Na DRC Ari i Kigali

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Mobicash Yabaye Ihagaritswe 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUmutekano

Hemejwe Umushinga W’Itegeko Rishyiraho Kaminuza Y’Ingabo Z’u Rwanda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

DRC: Guverinoma Irashaka Kwisubiza Bunagana Kugeza Uvira

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?