Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Perezida Wa Misiri Yabwiye Ethiopia Ko ‘Ushaka Urupfu Asoma Impyisi’
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Perezida Wa Misiri Yabwiye Ethiopia Ko ‘Ushaka Urupfu Asoma Impyisi’

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 30 March 2021 3:10 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
Image processed by CodeCarvings Piczard ### FREE Community Edition ### on 2018-10-19 10:00:44Z | http://piczard.com | http://codecarvings.com
SHARE

BwanaAbdel-Fattah El-Sisi yatanze umuburo k’umuntu wese uzagerageza kugabanya amazi ya Nili ko azaba ashaka gukora mu jishi ry’intare. Hari mu kiganiro yahaye abanyamakuru nyuma yo kugira icyo avuga ku mbaraga Misiri yakoreshe ikura ubwato Ever Given mu bunigo bwa Suez.

Abdel Fattah El –Sisi yavuze ko igihugu cye gitunzwe n’amazi ya Nili kandi ko atazihanganira umuntu wese uzahirahira agakora ku mazi ya Nili.

Sisi ati: “ Nizeye ko iki kibazo kireba ruriya rugomero kizakemurwa mu buryo bunyuze impande zose kandi natwe nibyo twifuza.”

Yavuze ko uzahirahira agashaka gukura kuri Nili n’igitonyaga na kimwe cy’amazi bizamukoraho.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Ati: “ Muzabareke bageragaze bazabyibonera. Nta muntu wakora ku mazi ya Nili kuko yaba ashaka gukora mu jisho ry’intare. Gutwara amazi ya Nili ni nyirantarengwa.”

Misiri, Ethiopia na Sudani biri mu ntambara y’amagambo ishobora no kuba intambara yeruye mu gihe umugambi wa Ethiopia wo kubaka ruriya rugomero wakomeza uko wateguwe.

Uwo mugambi ni uwo kubaka urugomero runini ruzatanga amashanyarazi ashobora kugaburira igice kinini cy’Afurika.

TAGGED:EthiopiafeaturedIntambaraMisiriNiliUrutindo
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Social Mula Na Phil Peter Mu Bantu 39 Bafashwe Barenze Ku Mabwiriza Yo Kwirinda COVID-19
Next Article Polisi Iti: ‘Abageni Barenza Umubare w’Abatumirwa Bazerekwa Itangazamakuru’
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Mpambara Yashimye Ubutwari Abagore Bafashwe Ku Ngufu Muri Jenoside Bagize

FIFA Yafatiye Ibihano Kiyovu Sports FC Na AS Kigali

Ikawa Yatambutse Ku Cyayi Mu Kwinjiriza u Rwanda Amadovize

UBUSESENGUZI: Urugendo Rwa Trump Mu Bihugu By’Abarabu Ruhatse Iki?

DRC: Impaka Ni Zose Ku Cyemezo Cyo Gucukura Petelori Mu Mariba 52

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Abasirikare Batatu B’u Rwanda Biciwe Muri Mozambique 

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

Roma: Gutora Papa Ku Munsi Wa Mbere Byananiranye

Bobi Wine Agiye Kongera Kwiyamamariza Kuyobora Uganda

You Might Also Like

Mu mahangaMu Rwanda

Perezida Wa Senegal Yaratiye Amahanga u Rwanda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

DRC: Umusirikare Yarasiye Abantu Mu Kiliziya 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Ngirente Ashima Uruhare Rwa Rwandair Mu Guhuza Afurika

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

U Rwanda Rurafungura Ambasade Muri Hongrie

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?