Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Perezida Wa Mozambique Yakiriwe Na Mugenzi We W’u Rwanda
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Ubucuruzi Mpuzamahanga

Perezida Wa Mozambique Yakiriwe Na Mugenzi We W’u Rwanda

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 10 February 2022 2:25 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Mu gitondo cyo kuri uyu wa Kane Taliki 10, Gashyantare, 2022 Perezida Paul Kagame yakiriye mugenzi we Mozambique Filip Nyusi baganira aho ibikorwa byo kugarura amahoro muri Cabo Delgado bigeze.

Uru rugendo Nyusi arukoreye mu Rwanda nyuma y’igihe gito Perezida Paul Kagame avuze ko bizaba ngombwa ko ingabo z’u Rwanda na Polisi yarwo ziguma muri Mozambique mu gihe kirekire kugira ngo zibanze  zifashe iza Mozambique kubaka ubushobozi bwo kuzakomeza kwirindira umutekano.

This morning in Kigali, President Kagame received President Nyusi for a meeting during which they discussed the good progress that has been made between Rwanda & Mozambique in the ongoing cooperation towards securing Cabo Delgado as well as other areas of bilateral collaboration. pic.twitter.com/kazf7V4CUS

— Presidency | Rwanda (@UrugwiroVillage) February 10, 2022

Mu mpeshyi y’umwaka wa 2021 nibwo ingabo z’u Rwanda na Polisi zagiye muri Mozambique guhashya abarwanyi bakorana na Al Shabab bari bagiye kumara imyaka itatu barayogoye Intara ya Cabo Delgado iri mu Majyaruguru ya Mozambique.

Ingabo z’u Rwanda kandi ziri kumwe n’iza SADC nazo zaje gufasha umuturanyi[Mozambique] kwirukana bariya barwanyi.

Perezida Kagame nawe yagiye gusura ingabo z’u Rwanda na Polisi bari muri Mozambique ngo akomeze atere akanyabugabo mu kazi kazoo.

Icyo gihe yabwiye abari baje kumwakira ko akazi kabategereje kakiri kenshi kuko nyuma yo kwirukana bariya barwanyi, hari hasigaye akazi ko kubaka inzego za Mozambique.

Mu ijambo aherutse kubwira abagize Inteko ishinga amategeko y’u Rwanda yavuze ko akazi ko kugarura amahoro muri Cabo Delgado kakozwe ku kigero cya 85%.

TAGGED:featuredKagameMozambiqueNyusi
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Nyuma Yo Gutoza Abikorera Barinda Umutekano Ntiduterera Iyo- CP Kabera
Next Article Kera Kabaye Stade Amahoro ‘Igiye’ Kwagurwa
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Guinea-Bissau: Perezida Umaro Sissoco Embaló Yahiritswe K’Ubutegetsi

Nduhungirehe Ashimangira Ko FDLR Ikiri Ikibazo K’u Rwanda

Ingabo Za Israel Zaje Mu Rwanda, Abaganga Bayo Bajya i Burundi

Kapiteni Wa Kiyovu Sports Yahaniwe Imyitwarire Mibi

Abana Bafite Ubumuga Barakimwa Amahirwe Yo Kwiga

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

IVUGURUYE: Umuyobozi W’Ikirenga Wa Qatar Yageze i Kigali

Ibya Rayon Sports Leta Yongeye Ibyinjiramo

Nta Muntu Uri Hejuru Y’Amategeko- Rutikanga Avuga Ku Ifungwa Ry’Abanya Sudani

Igitutu Cya Trump Kuri Ukraine Ngo Ikunde Ibone Amahoro

Abajenerali 21 Ba DRC Baravugwaho Kuyigambanira

You Might Also Like

Ubukungu

Mu Mezi Icyenda BK Yungutse Miliyari Frw 83.5

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Zelenskyy Aribaza Ukuntu Azemera Guha Uburusiya Ubutaka Bikamushobera

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Israel Yishe Umuyobozi Ukomeye Wa Hezbollah Imusanze Muri Lebanon

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ubukungu

Imbuto N’Imboga Biri Mu Bikomeje Kwinjiriza u Rwanda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?