Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Perezida Wa Mozambique Yakiriwe Na Mugenzi We W’u Rwanda
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Ubucuruzi Mpuzamahanga

Perezida Wa Mozambique Yakiriwe Na Mugenzi We W’u Rwanda

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 10 February 2022 2:25 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Mu gitondo cyo kuri uyu wa Kane Taliki 10, Gashyantare, 2022 Perezida Paul Kagame yakiriye mugenzi we Mozambique Filip Nyusi baganira aho ibikorwa byo kugarura amahoro muri Cabo Delgado bigeze.

Uru rugendo Nyusi arukoreye mu Rwanda nyuma y’igihe gito Perezida Paul Kagame avuze ko bizaba ngombwa ko ingabo z’u Rwanda na Polisi yarwo ziguma muri Mozambique mu gihe kirekire kugira ngo zibanze  zifashe iza Mozambique kubaka ubushobozi bwo kuzakomeza kwirindira umutekano.

This morning in Kigali, President Kagame received President Nyusi for a meeting during which they discussed the good progress that has been made between Rwanda & Mozambique in the ongoing cooperation towards securing Cabo Delgado as well as other areas of bilateral collaboration. pic.twitter.com/kazf7V4CUS

— Presidency | Rwanda (@UrugwiroVillage) February 10, 2022

Mu mpeshyi y’umwaka wa 2021 nibwo ingabo z’u Rwanda na Polisi zagiye muri Mozambique guhashya abarwanyi bakorana na Al Shabab bari bagiye kumara imyaka itatu barayogoye Intara ya Cabo Delgado iri mu Majyaruguru ya Mozambique.

Ingabo z’u Rwanda kandi ziri kumwe n’iza SADC nazo zaje gufasha umuturanyi[Mozambique] kwirukana bariya barwanyi.

Perezida Kagame nawe yagiye gusura ingabo z’u Rwanda na Polisi bari muri Mozambique ngo akomeze atere akanyabugabo mu kazi kazoo.

Icyo gihe yabwiye abari baje kumwakira ko akazi kabategereje kakiri kenshi kuko nyuma yo kwirukana bariya barwanyi, hari hasigaye akazi ko kubaka inzego za Mozambique.

Mu ijambo aherutse kubwira abagize Inteko ishinga amategeko y’u Rwanda yavuze ko akazi ko kugarura amahoro muri Cabo Delgado kakozwe ku kigero cya 85%.

TAGGED:featuredKagameMozambiqueNyusi
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Nyuma Yo Gutoza Abikorera Barinda Umutekano Ntiduterera Iyo- CP Kabera
Next Article Kera Kabaye Stade Amahoro ‘Igiye’ Kwagurwa
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Rulindo: Abaturage Biyemeje Kurinda Ibidukikije

DRC: Intara Ya Ituri Iri Kuberamo Imirwano Ikomeye

Minisitiri W’Intebe Yasuye Icyanya Cy’Inganda Cya Musanze

Hari Ikigega Kizaha Urubyiruko Inguzanyo Nta Ngwate

P.M Nsengiyumva Asaba Urubyiruko Kudata Umwanya Mu Biciriritse

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Hari Ikigega Kizaha Urubyiruko Inguzanyo Nta Ngwate

RDF/Military Police Mu Myitozo Ikarishye

DRC: Abanyamerika Barashaka Kubaka Uruganda Rw’Amashanyarazi Mu Kivu

Elwelu Mu Bajenerali Barindwi Museveni Yahaye Ikiruhuko Cy’Izabukuru

Nyanza: Umugore Yishe Umugabo We

You Might Also Like

Mu RwandaUbucuruzi MpuzamahangaUbukungu

U Rwanda Rugiye Gushyira Ikawa Muri Cyamunara Mpuzamahanga 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbutabera

DRC: Uwahoze Ari Minisitiri W’Ubutabera Yasabiwe Gukora Imirimo Nsimburagifungo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

U Rwanda Rwatangiye Amarushamwa Nyafurika Ya Basketball Rutsindwa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbutaberaUmutekano

Gasabo: Umugore Yafatanywe Amakarito Ya Liquors Zitujuje Ubuziranenge

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?