Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Perezida Wa Pologne Yasabye Abanyarwanda Kujyayo Kwiga Igisirikare
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Perezida Wa Pologne Yasabye Abanyarwanda Kujyayo Kwiga Igisirikare

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 07 February 2024 1:53 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Duda uyobora Pologne yavuze ko Kaminuza z’igihugu cye gishaka gukomeza gukorana n’Abanyarwanda ndetse asaba Abanyarwanda bashaka kwiga ibya gisirikare kujyayo.

Yavuze ko abashaka kwiga muri Pologne bahawe rugari kandi ko baziga byinshi harimo no gukora ibijyanye n’umutekano mu by’ikoranabuhanga.

Avuga ko Kaminuza z’igihugu cye kandi zizaha Abanyarwanda ubumenyi mu bukungu, ubuhinzi, gukora imashini n’ibindi.

Perezida  Duda yavuze ko yaganiriye na mugenzi we Paul Kagame ku byerekeye umutekano mu Karere, avuga ko Pologne yumva iby’intambara n’umutekano muke kuko mu baturanye babo( muri Ukraine) hari kubera intambara bagabweho n’Uburusiya.

Avuga kandi ko kuba Uburusiya buri kugaba igitero kuri Ukraine bivuze ko nabo bumva ko bugarijwe.

Duda yabwiye Abanyarwanda ko igihugu cye kizakorana n’u Rwanda ndetse no mu byo gukora intwaro mu gihe kiri imbere.

Umukuru wa Pologne avuga ko kuri uyu wa Kane azasura i Kibeho akaganira n’Abanyapologne bafite abana baharerera.

Yashimiye Perezida Kagame uko yamwakiriye we n’itsinda bazanye aboneraho no kumutumira ngo azasure Pologne mu gihe gito kiri imbere.

TAGGED:DudafeaturedKagamePologneRwanda
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Rusizi: Abagore Bari Bagiye Kurangura Bishwe N’Impanuka
Next Article Ukraine N’Uburusiya Nibireka Kurwana Natwe Tuzabyungukiramo- Perezida Kagame
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Ingabo Z’u Rwanda Zasinyanye N’Iz’Ubushinwa Amasezerano Y’Ubufatanye

Rihanna Agiye Kubona Icyo Yari Yarabuze

Ubukungu Bw’u Rwanda Bwazamutseho 7.8%-MINECOFIN

Uburundi: Umunyarwanda Yafunganywe N’Umu Youtuber

Dushora Mu Gusukura Ikirere Cyacu- Minisitiri Arakwiye

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Akamaro K’Amashanyarazi Akomoka Ku Mirasire Y’Izuba Ni Ntagereranywa

Ikipe y’Igihugu Y’Ingimbi Ya Volleyball Yitabiriye Igikombe Cya Afurika

Qatar Irashaka Kurega Netanyahu 

Ibya Ariel Wayz Byajemo Gishegesha

Gen Gatama Yoherejwe Kuyobora Inzego Z’u Rwanda Z’Umutekano Muri Mozambique

You Might Also Like

Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUbukungu

Imiterere Y’Ubucuruzi Bw’u Rwanda N’Amahanga Muri 2025

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu Rwanda

Drone Y’Ingabo Z’u Rwanda Yakoze Impanuka 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Mu Rwanda Hamaze Kubakwa Ibiraro 300 Byo Mu Kirere

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

Ingabo Za Israel Zatangije Ibitero Byo Ku Butaka Byo Gusenya Gaza Yose

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?