Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Perezida Wa Pologne Yasabye Abanyarwanda Kujyayo Kwiga Igisirikare
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Perezida Wa Pologne Yasabye Abanyarwanda Kujyayo Kwiga Igisirikare

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 07 February 2024 1:53 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Duda uyobora Pologne yavuze ko Kaminuza z’igihugu cye gishaka gukomeza gukorana n’Abanyarwanda ndetse asaba Abanyarwanda bashaka kwiga ibya gisirikare kujyayo.

Yavuze ko abashaka kwiga muri Pologne bahawe rugari kandi ko baziga byinshi harimo no gukora ibijyanye n’umutekano mu by’ikoranabuhanga.

Avuga ko Kaminuza z’igihugu cye kandi zizaha Abanyarwanda ubumenyi mu bukungu, ubuhinzi, gukora imashini n’ibindi.

Perezida  Duda yavuze ko yaganiriye na mugenzi we Paul Kagame ku byerekeye umutekano mu Karere, avuga ko Pologne yumva iby’intambara n’umutekano muke kuko mu baturanye babo( muri Ukraine) hari kubera intambara bagabweho n’Uburusiya.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Avuga kandi ko kuba Uburusiya buri kugaba igitero kuri Ukraine bivuze ko nabo bumva ko bugarijwe.

Duda yabwiye Abanyarwanda ko igihugu cye kizakorana n’u Rwanda ndetse no mu byo gukora intwaro mu gihe kiri imbere.

Umukuru wa Pologne avuga ko kuri uyu wa Kane azasura i Kibeho akaganira n’Abanyapologne bafite abana baharerera.

Yashimiye Perezida Kagame uko yamwakiriye we n’itsinda bazanye aboneraho no kumutumira ngo azasure Pologne mu gihe gito kiri imbere.

TAGGED:DudafeaturedKagamePologneRwanda
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Rusizi: Abagore Bari Bagiye Kurangura Bishwe N’Impanuka
Next Article Ukraine N’Uburusiya Nibireka Kurwana Natwe Tuzabyungukiramo- Perezida Kagame
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

DRC: Umusirikare Yarasiye Abantu Mu Kiliziya 

Perezida Kagame Mu Nama Na Bagenzi Be Yiga Ku Iterambere Rya Afurika

Ngirente Ashima Uruhare Rwa Rwandair Mu Guhuza Afurika

U Rwanda Rurafungura Ambasade Muri Hongrie

Rwanda: Abana Basobanukiwe Ibidukikije Bagiye Kubisangiza Abandi

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Rwanda: Abagabo Bapfa Baruta Ubwinshi Abagore

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Abasirikare Batatu B’u Rwanda Biciwe Muri Mozambique 

Roma: Gutora Papa Ku Munsi Wa Mbere Byananiranye

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

You Might Also Like

Mu RwandaUmutekano

Nyarugenge: Bafatanywe Ubwoko 31 Bw’Amavuta Yangiza Uruhu

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbumenyi N'Ubuhanga

Niba Utabasha Guhagarara K’Ukuguru Kumwe Mu Masogonda 10 Umenye Ko Washaje…

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Bobi Wine Agiye Kongera Kwiyamamariza Kuyobora Uganda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Papa Leo XIV Yasuye Imva Y’Uwo Aherutse Gusimbura

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?