Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Perezida Wa Ukraine Yagiye Kurega Putin
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Perezida Wa Ukraine Yagiye Kurega Putin

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 04 May 2023 1:25 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Volodymyr Zelensky uyobora Ukraine yageze ku cyicaro cy’urukiko mpuzamahanga mpanabyaha kiri i La Haye mu Buholandi ngo aganire n’ubushinjacyaha bw’aho bwazakurikirana Vladmir Putin.

Umuvugizi wa Zelensky witwa Serguiï Nykyforov yabwiye AFP ko uruzinduko rwa Perezida Zerensky mu Buholandi ruzigirwa mo uko inyandiko zo guta muri yombi Putin ziherutse gutangazwa, zazabyazwa umusaruro, agafatwa.

Vladmin Putin ashinjwa gushimuta abana bo muri Ukraine bakajyanwa kuba mu Burusiya.

Undi ICC yashyiriyeho impapuro zimufata ni umukozi mu Biro bya Putin ushinzwe uburenganzira bwa muntu n’ubw’abana by’umwihariko witwa Maria Lvova-Belova.

N’ubwo ari uko bimeze, u Burusiya ntabwo ari umunyamuryango wa ICC!

Ibyaha bamurega, bavuga ko yatangiye kubikora taliki 24, Gashyantare, 2022, ubwo yatangizaga intambara muri Ukraine.

Abacamanza bo mu rugerero rwa kabiri rwa ruriya rukiko, bavuga ko hari impamvu zikomeye baheraho bakekaho Putin n’uwo bafatanyije gukurikiranwa gukora ibyaha birimo gushimuta no kujyana abana mu Burusiya bavanwe mu bice bwigaruriye muri Ukraine.

Bemeza ko ibyo bakurikiranyweho bigize icyaha cyakorewe abana bo muri Ukraine.

TAGGED:AbanaIbyahaIntambaraPutinZelensky
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Abanyarwanda 130 Nibo Bahitanywe N’Ibiza, Batanu Baburiwe Irengero
Next Article Biden Aravugwa Mu Mugambi ‘Mubisha’
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Iterambere Ryose Ribanzirizwa N’Umutekano-Nduhungirehe

Afurika Yunze Ubumwe Igiye Gushyiraho Komisiyo Ku Masezerano Ya Kigali Na Kinshasa

Abakekwaho Kwiba Mu Isoko Rya Kimironko Bafashwe

Ruhango: Bakurikiranyweho Gutega Abantu Bakabaniga

Nduhungirehe Yitabiriye Inama Yiga Ku Bufatanye Bw’Ubuyapani N’Afurika

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

MINAGRI Irasaba Abahinzi Kudahubukira Gutera Imyaka

Hari Ikigega Kizaha Urubyiruko Inguzanyo Nta Ngwate

Abakekwaho Kwiba Mu Isoko Rya Kimironko Bafashwe

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

Rwanda: Abakanishi Bagiye Guhugurwa K’Ugukanika Batiri Za Bisi Z’Amashanyarazi

You Might Also Like

Mu mahangaUbucuruzi MpuzamahangaUbukungu

Uburundi Bugiye Gukoresha Amafaranga Y’Ubushinwa Mu Gutumiza Ibintu Hanze

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Amerika Irashaka Gufasha DRC Guhashya Ruswa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitiki

Mu Mashuri Abanza Abakobwa Batsinze Kurusha Abahungu-NESA

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageUbuzima

Hakozwe Umuti Wa Malaria W’Impinja

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?