Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Perezida W’Angola Arasura u Rwanda
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Perezida W’Angola Arasura u Rwanda

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 11 November 2022 3:20 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Minisitiri w’ububanyi n’amahanga wa Angola Bwana Tété Antonio ari mu Rwanda mu ruzinduko ruteguriza Umukuru w’igihugu cye  João Lourenço. Uyu mugabo ubu ni we muhuza hagati y’u Rwanda na DRC ku bibazo biri mu Burasirazuba bwa DRC.

Iki gihugu cyari giherutse guhambiriza Ambasaderi w’u Rwanda i Kinshasa Bwana Vincent Karega.

Mu mpera z’Icyumweru gishize Minisitiri Tété Antonio yahuye na mugenzi we w’u Rwanda Dr Vincent Biruta baganira ku bibazo bireba u Rwanda na DRC.

I arrived in Kigali this evening ahead of the visit of H. E. João Manuel Gonçalves Lourenço, President of the Republic of Angola to meet jus Brother , H. E. Paul Kagame , Président of the Republic of Rwanda ; always delighted to be here. pic.twitter.com/IJt5f00V4A

— Amb Tete Antonio (@amb_tete) November 10, 2022

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Icyo gihe imwe mu ngingo bemeranyijeho ikomeye ni uko ibikubiye mu masezerano y’i Nairobi n’ay’i Luanda ari byo bigomba gukurikizwa kugira ngo amahoro agaruka mu Burasirazuba bwa Repubulikaya Demukarasi ya Congo.

Minisitiri w’ububanyi n’amahanga wa Angola yageze mu Rwanda kuri uyu wa Kane akuhutse i Goma.

Biteganyijwe ko Perezida wa Angola ari bugere mu Rwanda mu masaha ari imbere  kuri uyu wa Gatanu, Taliki 11, Ugushyingo, 2022.

 

TAGGED:AngolaDRCfeaturedKagamePerezida
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Abaminisitiri Bashinzwe Gukorera Abaturage Bitari Mu Magambo Gusa- Perezida Kagame
Next Article João Lourenço Yaganiriye Na Kagame Iby’Umutekano Wo Mu Karere
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Mpambara Yashimye Ubutwari Abagore Bafashwe Ku Ngufu Muri Jenoside Bagize

FIFA Yafatiye Ibihano Kiyovu Sports FC Na AS Kigali

Ikawa Yatambutse Ku Cyayi Mu Kwinjiriza u Rwanda Amadovize

UBUSESENGUZI: Urugendo Rwa Trump Mu Bihugu By’Abarabu Ruhatse Iki?

DRC: Impaka Ni Zose Ku Cyemezo Cyo Gucukura Petelori Mu Mariba 52

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Abasirikare Batatu B’u Rwanda Biciwe Muri Mozambique 

Roma: Gutora Papa Ku Munsi Wa Mbere Byananiranye

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

Bobi Wine Agiye Kongera Kwiyamamariza Kuyobora Uganda

You Might Also Like

Mu mahangaMu Rwanda

Perezida Wa Senegal Yaratiye Amahanga u Rwanda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

DRC: Umusirikare Yarasiye Abantu Mu Kiliziya 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Perezida Kagame Mu Nama Na Bagenzi Be Yiga Ku Iterambere Rya Afurika

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Ngirente Ashima Uruhare Rwa Rwandair Mu Guhuza Afurika

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?