Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Perezida W’u Burundi Avuga Ko Igihe Kigeze Ngo Igihugu Cye Gitere Imbere
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Perezida W’u Burundi Avuga Ko Igihe Kigeze Ngo Igihugu Cye Gitere Imbere

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 22 March 2022 4:26 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Perezida Evariste Ndayishimiye avuga ko igihugu cye cyamaze igihe kinini mu bibazo bya Poltiki byakidindije. Yemera  ko ighe kigeze ngo abagituye bakore batere imbere, bave mu bibatanya.

Ibyo avuga ni ukuri kuko na mbere y’uko ibibazo byabaye mu mwaka wa 2015 bitangira, u Burundi bwari bumaze igihe mu ntambara ishingiye ku bibazo bya Politiki n’amoko.

Ni ibibazo byatumye igihugu kibamo za coup d’états nyinshi zahitanye bamwe mubatorowe kuyobora u Burundi barimo na Merchior Ndadaye.

En effet, le Chef de l’Etat a indiqué que le #Burundi a consacré plusieurs années à la stabilisation politico-sécuritaire et qu’il entame désormais la phase de son développement économique: “Le Peuple burundais aspire à de meilleures conditions de vie et votre appui est précieux” pic.twitter.com/Pk5r86ESQI

— Ntare Rushatsi House (@NtareHouse) March 22, 2022

Nyuma y’uko CNDD/FDD igiye ku butegetsi, igihugu kikayoborwa na Pierre Nkurunziza, ntibyatinze nabwo havuga aakaduruvayo katurutse ku bwumvikane bucye mu banyapolitiki batakiriye kimwe iby’ukwiyamamaza no gutsinda amatora yo mu mwaka wa 2015.

Iriya midugararo yarakomeje kugeza ubwo Evariste Ndayishimiye yatorerwaga kuyobora u Burundi.

Muri iki gihe ari kugerageza kugarura ibintu ku murongo kandi mu ngeri nyinshi.

Mu bubanyi n’amahanga yagerageje kongera kubana neza n’abaturanyi be harimo  n’u Rwanda.

Kuri uyu wa Kabiri taliki 22, Gashyantare, 2022 yabwiye abagize Urwego rw’abikorera ku giti cyabo mu gihugu cye ko igihe kigeze ngo bakorere hamwe bateze u Burundi imbere.

Raporo z’Imiryango mpuzamahanga zikunze gutangaza ko u Burundi buri mu bihugu bya mbere bikeennye ku isi.

TAGGED:AmajyambereAmatoraBurundifeaturedNdayishimiyePerezida
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Umugaba W’Ingabo Z’u Rwanda Zo Ku Butaka Ari Muri Amerika Mu Nama Na Bagenzi Be
Next Article Kagame Yakiriye Abayobozi B’Ihuriro Mpuzamahanga By’Ibigo By’Imari
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Afghanistan: Umutingito Wishe Abantu 600

BK Ikora Ite Ngo Yunguke?

DRC: Abantu 16 Bashimuswe Na CODECO

Kwihaza Mu Biribwa Muri Afurika Biracyari Kure

Abavandimwe Alicia Na Germaine Bakoze Indirimbo Bizeyeho Byinshi

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Rwandair Yaguze Izindi Ndege Ngari 

Kagame Yaganirije Ingabo Azisanze i Gabiro

Rwamagana:Uwahoze Ari Umunyamakuru Wa Radio Agiye Kwishingira Iye

RDB Yamaze Impungenge Abafite Hoteli Mu Birunga

Uburundi Bwatsembye Ko Butazafungura Vuba Umupaka Wabwo N’u Rwanda

You Might Also Like

Mu RwandaUbukungu

Kubaka Urugomero Rwa Nyabarongo Bizatuma Havuka Ikiyaga Kizakora Ku Turere 8

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Nyagatare: Batashye Isoko Risakaye Bari Barifuje Igihe Kirekire

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUbuzima

Drones Zigiye Gukoreshwa Mu Kurwanya Imibu Yo Mu Bugesera

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu Rwanda

Kigali: Abagore Baravugwa Kenshi Mu Biyobyabwenge

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?