Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Philippines: Abantu Barenga 50 Bishwe N’Umwuzure
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Philippines: Abantu Barenga 50 Bishwe N’Umwuzure

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 29 October 2022 2:22 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Abayobozi bo mu gihugu cya Philippines bavuga ko igihugu cyabo cyahuye n’akaga katewe n’imvura yakuruye umwuzure umaze guhitana abantu 50 kugeza ubu.

Hari abandi bantu 60 bivugwa ko baburiwe irengero, bikaba bikekwa ko baba batwawe n’amazi y’uyu mwuzure.

Umuyaga mwinshi wahanuye ibiti, ugusha inzu ndetse ndetse n’imodoka zitaremereye cyane zitwarwa nawo.

Bivugwa ko imivu iremereye yatwaye abantu 42, bakahasiga ubuzima.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Ibice byibasiwe ni iby’ahitwa Maguindanao.

Hari n’amakuru avuga ko hari abandi bantu baguye mu bindi bice bya Philippines.

Umuyaga wibasiye Philippines bawise  Nalgae.

Ikindi cyahitanye abantu benshi ni inkangu yahitanye inzu nyinshi zari zirimo abantu 60.

Byabereye mu bice bya Kusiong ahitwa  Maguindanao.

- Advertisement -

Kuri uyu wa Gatanu hari abantu 13 bashyinguwe biganjemo abana kandi ngo ni kuri uyu wa  Gatandatu imirimo yo gushyingura irakomeje.

Iki gihugu kigizwe n’ibirwa byinshi.

Muri iki gihugu ubu agahinda ni kose kubera ko iki kiza cyahitanye abantu benshi gisiga abandi badafite aho bakika umusaya.

Ubu kandi hari ingendo z’indege zihagaritswe kubera ko ku bibuga by’indege badatunganyije neza.

Associated Press ivuga ko abantu 158,000 bimuwe bava mu byabo mu rwego rwo kwanga ko baza guhura n’akaga katerwa n’ayo mazi.

TAGGED:featuredImvuraInkubiPhilippines
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Kagame Muri Mozambique Yabwiye Abacuruzi Iby’Umubano W’u Rwanda N’igihugu Cyabo
Next Article M23 Yashyizeho Umuyobozi Wa Rutchuru
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Kwagura Umuhanda Kigali-Muhanga Byasubitswe

Rwanda: Ingengo Y’Imari Ya 2025-2026 Iziyongeraho Miliyari 1.216

Umunyamerika Yatorewe Kuba Papa Wa Mbere Mu Mateka

Mu Myaka 61 Imaze Mu Rwanda Croix Rouge Yamariye Iki Abaturage?

Umusaruro W’Ibikomoka Ku Buhinzi u Rwanda Rwohereje Hanze Mu Cyumweru Gishize

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Nduhungirehe Avuga Ku Mushinga u Rwanda Rufitanye Na Amerika Ku Bimukira

Amerika: Abanyarwandakazi Bo Muri RDF Barangije Amasomo Y’Ubukanishi

Rwanda: Abagabo Bapfa Baruta Ubwinshi Abagore

Meteo Iraburira Abanyarwanda 

Kagame Ari Mu Bufaransa 

You Might Also Like

Mu mahangaUmutekano

Ubuhinde Na Pakistan Byambariye Intambara

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Rwanda: Ni Ryari Abaturage Bo Mu Cyaro Bazabona Amazi Meza Abahagije?

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Roma: Gutora Papa Ku Munsi Wa Mbere Byananiranye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

M23 Yafashe Ahantu Hakungahaye Kuri Zahabu

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?